Browsing Category
Uncategorized
Umusore n’inkumi bisanze bavukana mugihe biteguraga kubana akaramata
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y'umusore n'inkumi bamaze iminsi bari mu rukundo rukomeye ariko bakaba bavumbuye ko bavukana ubwo umukobwa yari yagiye kumwerekana kwa sebukwe
ikinyamakuru kameme TV cyatangaje ko aba!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
RURA yagabanuye ibiciro by’ibikomoka kuri peterori
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri ikigo ngenzuramikorere ifitiye igihugu akamaro RURA cyashyize hanze ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peterori, kuri ibyo biciro igiciro cya essence cyavuye kuri 1, 091frs kijya kuri 1,088frs kuri!-->!-->!-->…
Nyanza: Ubukangurambaga bwatumye umwaka wose ushira nta wishwe na Malariya
Abayobozi n'abaturage bo mu Karere ka Nyanza barashima ubukangurambaga bwakozwe ku ndwara ya malariya, ikintu cyatumye umwaka wose ushira nta wuhitanywe nayo.
Kuri uyu wa mbere Akarere ka Nyanza katangiye igikorwa cyo gutera imiti!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB igiye gukurikirana abasore babiri b’abajura bibye Umukobwa ucuruza M2U
U Rwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda rugiye gukurikirana abajura babiri bibye bagasiga bakubise umukobwa ucururiza MTN
Mu gitondo cyo kuri uyu munsi ku mbuga nkoranyambaga hiriwe hanyura anashusho yafashwe na CCTV!-->!-->!-->!-->!-->…
HOSNI MUBARAK wahoze ayobora Misiri yitabye Imana ku myaka 91
Uwahoze ari Prezida wa MISIRI Bwana HOSNI MUBARAK yitabye Imana ku myaka 91
Tereviziyo yo mu gihugu cya Misiri yatangaje ko Bwana MUBARAK HOSNI wahoze uyobora igihugu cya Misiri mu gihe cy'imyaka 30 yose yitabye Imana mu gitondo cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abayobozi b’Utugari 15 n’ababungirije beguriye rimwe
Abayobozi 15 b'utugari mu Karere ka MUSANZE beguriye rimwe ku nugoroba wowe kuri uyu wa mbere.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere ahagana mu ma saa cyenda z'umugoroba, umuyobozi w'Akarere ka MUSANZE Madame Jeannine NUWUMUREMYI!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburezi: Amanota y’abasoza ay’isumbuye yasohotse, Abakobwa banikiye Basaza babo
Ikigo k'igihugu gishinzwe Uburezi mu Rwanda cyashyize hanze amanota y'abarangije ay'isumbuye, abakobwa nibo batsinze ku rugero ruri hejuru ugereranije na basaza babo.
Ahagana saa munani z'amanywa nibwo Ministeri y'Uburezi n'ibigo!-->!-->!-->!-->!-->…
GITWAZA yaguze Urusengero rwa Miliyari 7 na Miliyoni zisaga magana ane muri Amerika
Umushumba w'itorero ZION TEMPLE GITWAZA PAUL yaguze urusengero rw'akataraboneka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Dr PAUL GITWAZA umushumba w'itorero ZION TEMPLE mu Rwanda no ku isi hose yemeye gutanga akayabo ka miliyoni 8!-->!-->!-->!-->!-->…
UBUREZI: Ibyo Kwimura umunyeshuri uko biboneye byasubiwemo; uko mwalimu abibona
Ministeri y'uburezi mu Rwanda MINEDUC yashyizeho andi mabwiriza agenga kwimuka k'umunyeshuri ava mu mwaka ajya mu wundi.
Uyu ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu mwiherero wo ku nshuro ya 17 uherutse kubera mu kigo cya gisirikare i!-->!-->!-->!-->!-->…
MUNEZERO yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo kubyara umwana akamuniga agapfa
Urukiko rw'ibanze rwo muu Ntara ya Bururi mu gihugu cy'u Burundi rwaraye rukatiye igifungo cya Burundu umwana w'umukobwa uherutse kubyara umwana akamuniga.
Ku wa gatanu wo muri iki cyumweru gishize taliki ya 22/2/20 urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya UGANDA yohereje abagabo 2 bakekwaho kugaba igitero mu Kinigi umwaka ushize
Bwana SELEMANI na Bwana FIDELE bamwe mu bakekwaho kugaba ibitero mu mwaka ushize mu Murenge wa Kinigi bari mu boherejwe mu Rwanda
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu nibwo Abanyarwanda bagera kuri 15 bari bafungiwe mu magereza yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Human Rights Watch Yasabye U Rwanda gutanga ibisobanuro ku rupfu rwa KIZITO MIHIGO
Human Right Watch iravuga ko ibyo u Rwanda rivuga ku rupfu rwa Kizito MIHIGO bidasobanutse igasaba Leta y'u Rwanda gutanga ubusobanuro
Nyuma y'aho polisi isohoye itangazo ku munsi w'ejo rivuga ko Bwana KIZITO MIHIGO yiyahuye arapfa,!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking news: Umuhanzi KIZITO MIHIGO yiyahuye arapfa
Polisi y'igihugu imaze kwemeza ko umuhanzi KIZITO MIHIGO yapfuye yiyahuye mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo Polisi y'u Rwanda yasohoye itangazo ku rukuta rwayo rwa twitter rivuga ko Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye ingano ya “RUSWA” Dr ISAAC MUNYAKAZI yariye mbere yuko yegura.
Hamenyekanye ingano y'amafranga uwahoze ari umunyabanga wa Leta muri ministeri y'uburezi Dr ISAAC MUNYAKAZI yakiriye nka ruswa kugira azamure mu mwanya ikigo cyari mu myanya ya nyuma
Mu minsi ishize nibwo hamenyekanye inkuru ijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Biravugwa ko KIZITO MIHIGO yagerageje guha agatubutse abaturage ngo bamwambutse bamubera ibamba
Abaturage bo mu Murenge wa Nyabimata baravuga ko KIZITO yaba yagerageje kubaha amafranga ibihumbi 300 ngo bamwambutse barabyanga.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Gashyantare 2020 byinshi mu binyamakuru byo mu Rwanda byari bifite!-->!-->!-->!-->!-->…