Browsing Category
Imikino
Chelsea FC yirukanye Graham Potter wayitozaga
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 2 Mata 2023, Chelsea FC yasezereye Umutoza wayo mukuru, Graham Potter, wari uyimazemo amezi asatira arindwi.
Isezererwa rya Graham Potter ryanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za Chelsea FC yamushimiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’uburiganya n’ubujura, CAF yanzuye ko ikipe y’u Rwanda AMAVUBI iterwa mpaga
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Africa rimaze kwemeza ko ikipe y'u Rwanda AMAVUBI itewe mpaga y'ibitego bitatu kubera amakosa yo gukinisha umukinnyi wahawe amakarita abiri.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku mugabane wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Havutse intambara y’amagambo hagati ya minisiteri ya Siporo n’abanyamakuru bashinjwa…
Nyuma y'aho minisitiri wa Siporo mu Rwanda Madame Mimosa avuze ko hari abanyamakuru bihutira gukora inkuru batitaye ku ndangagaciro bagasebya igihugu, byatumye havuka intambara y'amagambo hagati ya minisiteri ya sport na bamwe mu!-->!-->!-->…
Minisitiri Munyangaju yagaragaje ko u Rwanda ruticaye ku cyemezo cyo kwakirira Bénin i Cotonou
Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaciye amarenga ko abayobozi b’inzego zitandukanye bari gukora ibishoboka byose ngo u Rwanda rwemererwe kwakirira umukino wa Bénin i Huye.
Ku wa 27 Werurwe 2023 ni bwo biteganyijwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA ntiyemeranye n’icyemezo cya CAF yayitegetse gukinira muri Benin
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryavuze ko ritanyuzwe n'icyemezo CAF yabafatiye kibategeka gukina umukino wo kishyura muri Benin
Nyuma y'aho impuzamashyirahamwe ry'umupira wa ruhago ku mugabane wa Afrika CAF ritegetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikibazo cya Hoteri ziri ku rwego ruciriritse gitumye CAF yangira FERWAFA kwakira umukino i Huye
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yamenyesheje Ishyirahamwe Nyarwanda rya Ruhago, FERWAFA, ko u Rwanda rutemerewe kwakirira Bénin i Huye kuko nta hotel zujuje ibisabwa zihari, itegeka ko ruzakinira umukino wo!-->!-->!-->…
Geofrey Zawadi yatorewe kuba Visi Perezida wa Kabiri wa FRVB
Inama idasanzwe y’inteko rusange y’ishyirahmwe rya volleyball mu Rwada (FRVB), irangiye Bwana Geofrey Zawadi atorewe kuba visi perezida wa Kabiri ushinzwe Amarushanwa w’iri shyirahamwe kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Werurwe 2023.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iyihe kipe inyuze munzira yoroshye mubikombe bya UEFA?
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2023,nibwo habaye tombola y’imikino ya 1/4 na 1/2 ya UEFA Champions League aho ikipe ya Real Madrid izahura na Chelsea nkuko byagenze mu mwaka ushize mu gihe Manchester City izahura na Bayern Munich.!-->…
Perezida Kagame yanenze ivangura riba mu mupira w’amaguru
“Politiki muri Siporo igaragaza ibibazo sosiyete yikoreye, mu gihe abafana bajugunya imineke ku bakinnyi b’umupira w’amaguru b’Abanyafurika cyangwa bagatoteza umusifuzi w’umugore; ibyo biterwa n’imiterere mibi ya sosiyete ikomeza!-->!-->!-->…
Bidatunguranye, Gianni Infatino yongeye gutorerwa kuyobora FIFA
Gianni Infantino wari usanzwe ayobora FIFA, yongeye gutorerwa indi manda mu matora yabereye i Kigali muri BK Arena, aho yari umukandida rukumbi.
Kuri uyu wa Kane muri BK Arena habereye inama ya FIFA (FIFA Congress) yabaga ku nshuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagaragaye aconga ruhago mu muhango wo gutaha Pelé Stadium
Perezida Paul Kagame yakinnye mu ikipe y’u Rwanda mu mukino wo gufungura ku mugaragaro sitade yahoze ari iya Kigali ubu yamaze kwitirirwa rurangiranwa muri ruhago y’Isi uherutse kwitaba Imana Pelé, warangiye u Rwanda rutsinze FIFA 3-2.!-->!-->!-->…
Perezida Kagame na perezida wa FIFA bafunguye Stade ya Kigali yamaze kwitirirwa Pelé
Perezida Paul Kagame na Gianni Infantino uyobora FIFA, bafunguye ku mugaragaro Kigali Pelé Stadium, mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Werurwe 2023.
Stade yahoze yitwa iya Kigali yatashywe nyuma yo kuvugururwa. Muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yahawe igihembo cy’indashyikirwa mu guteza imbere umupira w’amaguru
Perezida Paul Kagame aratangaza ko umupira w'amaguru ari Siporo y'ingirakamaro mu mibereho y'Abanyarwanda, bityo ko u Rwanda rutazahwema kuwuteza imbere.
Ibi umukuru w'igihugu yabigarutseho ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangajwe urutonde rw’abakinnyi 30 bitegura imikino ibiri ya Bénin
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Carlos Alos Ferrer yatangaje urutonde rw’abakinnyi 30 bategura imikino ibiri izabahuza na Bénin muri uku kwezi.
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika kizaba umwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’ibiganiro, ikipe ya Rayon Sport yagarutse mu gikombe cy’Amahoro
Nyuma yo gutangaza ko yikuye mu gikombe cy'AMAHORO, ikipe ya Rayon Sport yanditse ivuga ko yisubiyeho kuri icyo cyemezo.
Ku munsi wa gatatu ku italiki ya 8 Werurwe nibwo ikipe ya Rayon Sport mu ijwi ry'umuyobozi wayo Bwana J.Fidele!-->!-->!-->!-->!-->…