Browsing Category
Imikino
Perezida Kagame yahawe igihembo cy’indashyikirwa mu guteza imbere umupira w’amaguru
Perezida Paul Kagame aratangaza ko umupira w'amaguru ari Siporo y'ingirakamaro mu mibereho y'Abanyarwanda, bityo ko u Rwanda rutazahwema kuwuteza imbere.
Ibi umukuru w'igihugu yabigarutseho ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangajwe urutonde rw’abakinnyi 30 bitegura imikino ibiri ya Bénin
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Carlos Alos Ferrer yatangaje urutonde rw’abakinnyi 30 bategura imikino ibiri izabahuza na Bénin muri uku kwezi.
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika kizaba umwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’ibiganiro, ikipe ya Rayon Sport yagarutse mu gikombe cy’Amahoro
Nyuma yo gutangaza ko yikuye mu gikombe cy'AMAHORO, ikipe ya Rayon Sport yanditse ivuga ko yisubiyeho kuri icyo cyemezo.
Ku munsi wa gatatu ku italiki ya 8 Werurwe nibwo ikipe ya Rayon Sport mu ijwi ry'umuyobozi wayo Bwana J.Fidele!-->!-->!-->!-->!-->…
Hitezwe impinduka muri FERWAFA zishobora gusiga umunyamabanga yirukanywe
Mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, haravugwamo impinduka zishobora gushyira hanze Umunyamabanga waryo Muhire Henry Brulart mu gihe kitarambiranye.
Mu gihe gishize muri FERWAFA hagiye havugwa ukutumvikana hagati!-->!-->!-->!-->!-->…
“Turashaka ibindi bikombe” Bruno Fernandez wa Manchester United
Umukinnyi wo hagati wa Manchester United Bruno Fernandes avuga ko bashaka kandi bakeneye ibindi bikombe, nyuma yuko begukanye igikombe cya Carabao batsinze New castle United ku mukino wa nyuma.
Ibitego bibiri byo mu gice cya mbere,!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yatsinze Etincelles isubira ku mwanya wa mbere
APR FC yatsinze ibitego bibiri ikipe ya Etincelles biyisubiza ku mwanya wa mbere wa championnat by'agateganyo.
Ikipe ya APR FC yisubije umwanya wa mbere w’agateganyo muri shampiyona nyuma yo gutsinda Etincelles FC ibitego 4-2.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Tour du Rwanda: Umwongereza Ethan Vernon yegukanye agace ka Kigali-Rwamagana
Umwongereza Ethan Vernon ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step yo mu Bubiligi ni we wegukanye agace ka mbere k’irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda, ryatangiye kuri iki cyumweru taliki ya 19 Gashyantare 2023.
!-->!-->!-->!-->…
KNC yatangaje impamvu ikomeye yatumye ikipe ye itakaza amanota kuri Rayon Sport
Nyuma y'umukino w'ishiraniro wahuje ikipe ya Rayon Sport na Gasogi Utd bikarangira ikipe ya Rayon yegukanye amanota atatu y'umunsi, Bwana KNC yavuze icyabiteye.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 18 Gashyantare 2023 nibwo ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi Utd ikubitiwe mu gafuka, ibererekera Rayon Sport iraye ku mwanya wa mbere
Ikipe ya Rayon sport yikuyeho igisuzuguro itsinda Gasogi Utd mu mukino w'ishiraniro wari wabanjirijwe n'amagambo menshi ku mpande zombi.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje kuri uyu wa gatandatu taliki ya 18!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuvugizi wa Rayon Sport abwiye Gasogi Utd amagambo akomeye
Mu gihe habura amasaha make gusa ikipe ya Gasogi Utd igasakirana n'ikipe ya Rayon Sport, umuvugizi wa Rayon Sport avuze amagambo atari meza ku ikipe ya KNC.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu nibwo ikipe ya Rayon Sport iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Turkiya: Byamaze kumenyekana ko umunkinnyi Atsu Christan yitabye Imana.
Nyuma y'igihe kitari gito hashakishwa umukinnyi Atsu, byamenyekanye ko uwo mugabo yahitanywe n'umutingito muri Turukiya.
Nyuma y'iminsi itari mike abantu benshi bari kwibaza amaherezo y'uno mukinnyi Christian Atsu byavugwaga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Batashye ikibuga cy’umukino w’amagare kizakurikirwa n’ishuri ry’umukino w’amagare
Ikibuga cy’umukino w’amagare giherereye i Bugesera cyubatswe ku bufatanye n’ikipe ya Israël Premier Tech cyatashywe ku mugaragaro.
Ni ikibuga cyubatswe mu rwego rw’ubufatanye busanzwe hagati y’ikipe y’umukino w’amagare ya “Israel!-->!-->!-->…
Ububuligi: Umunyezamu yakuyemo penaliti arishima bimuviramo urupfu
Umunyenzamu wo mu cyiciro cya karindwi mu gihugu cyo mu Bubiligi yakuyemo penaliti arishima cyane bimuviramo urupfu.
Kuri uyu wa 11 Gashyantare 2023 Umunyezamu witwa Erne Espeel wakiniraga ikipe ya Winkel Sport yashizemo umwuka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaruro nkene watumye umutoza Seninga n’umwungirije bahagarikwa.
Ikipe ya Sunrise FC ibarizwa mu Karere ka Nyagatare, yaraye ihagaritse abatoza bayo babiri barimo Seninga Innocent wari umutoza mukuru na Tugirimana Gilbert uzwi nka Cannavaro umwungirije, nyuma yo kumara imikino itatu batabona!-->!-->!-->…
KNC yageneye ubutumwa bw’iterabwoba perezida wa Rayon Sport mbere y’uko bahura
Perezida wa Gasogi Utd Bwana KNC yageneye ubutumwa Bwana J.Fidele amubwira ko arimo aramwitegura.
Nyuma y'aho ikipe ya Rayon Sport itsindiye ikipe ya APR FC kuri iki cyumweru taliki ya 13 Gashyantare 2023, ikintu cyazamuye moral!-->!-->!-->!-->!-->…