Browsing Category
Imikino
Menya impamvu abakinnyi babanza gupfuka umunwa iyo bari mu kibuga kugira ngo bavugane.
Impamvu abakinnyi bakunze gupfuka kumunwa iyo baganira na bagenzi babo mu kibuga irasa n'itangaje.
Ni kenshi cyanbe dukunze kubona abakinnyi cyane cyane muri shampiyona y'icyiciro cya mbere mu bwongereza bavugana, bagapfuka umunwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Kagere nyuma yo gucyura inota rimwe kuri Mozambique
Nyuma y'aho ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru AMAVUBI anganirije na MOZAMBIQUE mu mikino yo guhatanira itike yo kuzakina igikombe cya Afrika ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 2 Kamena 2022, kapiteni w'amavubi Bwana Kagere!-->!-->!-->…
Jado Castar yeguye ku mwanya wa visi perezida wa FRVB
Uwari Visi perezida wa Kabiri ushinzwe amarushanwa mu Ishyirahamwe Nyarwanda rya Volleyball , Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar, ntabwo akiri kuri uyu mwanya yari amazeho umwaka umwe n'ukwezi kumwe.
Mu mwaka ushize mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Murenzi Abdallah utavugwaho rumwe yongeye kwiyamamariza kuyobora FERWACY nk’umukandida umwe…
Mu gihe amatora yo kuyobora ishyirahamwe ry'umukino w'Amagare mu Rwanda FERWACY ateganijwe kuba kuri iki cyumweru, Murenzi Abdallah utaragiye avugwaho rumwe, yongeye kwiyamamariza kuyobora iri shyirahamwe nk'umukandida umwe rukumbi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kylian Mbappe yateye umugongo Real Madrid asinyira PSG y’iwabo
Umufaransa Kylian Mbappé wifuzwaga cyane na Real Madrid yo muri Espagne, yemeye kongera amasezerano muri Paris Saint-Germain akazageza mu 2025 ari umukinnyi wayo.
Mbappé w’imyaka 23, yari ku mpera y’amasezerano y’imyaka itanu yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwa mbere mu myaka 13 Haruna ntiyahamagawe mu AMAVUBI
Bwa mbere mu myaka 13 yose ishize yitabazwa nk'umukinnyi w'ikipe y'igihugu Amavubi, Bwana Haruna Niyonzima ntiyagaragaye ku rutonde rw'abakinnyi 28 bazitabazwa mu mikino yo gushaka itike y'imikino Nyafrika.
Kuri uyu wa gatanu taliki!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Salma M.Nsanga umwe mu bagore 3 bazasifura mu gikombe cy’isi
Nyuma y'aho ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku isi FIFA ritangarije ku munsi w'ejo hashize taliki ya 19 Gicurasi 2022 urutonde rw'abasifuzi bazasifura igikombe cy'isi giteganijwe kubera mu gihugu cya Qatar mu mpera z'uno mwaka wa!-->!-->!-->…
Hamenyekanye amamiliyoni Rayon Sport yaraye yinjije mu mukino wayihuje na APR FC
Umukino waraye uhuje ikipe ya APR FC n'ikipe ya Rayon sport, byamenyekanye ko uwo mukino winjije akayabo ka milyoni zirenga 30
Ku mugoroba wo ku munsi w'ejo taliki ya 11 Gicurasi 2022, nibwo habaye umukino wa kimwe cya kabiri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Kiyovu FC yariye karungu, agiye kurega abamaze iminsi bamusebya
Umutoza w'ikipe ya Kiyovu Sport yariye karungu avuga ko agiye kurega abantu bamaze iminsi bamusebya ko yariye amafranga ya APR FC ngo akunde yitsindishe.
Nyuma y'aho hakomeje kuvugw amakuru menshi ariko y'ibihuha ko umutoza w'ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza Adil ntazongera amasezerano muri APR FC
Umutoza w'ikipe ya APR FC Bwana Adil Mohamed biravugwa ko iyi saison nirangira atazongera amasezerano muri iyi kipe, ngo azahitamo kwisubirira iwabo.
Amakuru dufite kandi yavuye ahantu hizewe aravuga ko umutoza w'ikipe ya APR FC!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye abasifuzi bari busifure umukino wa Rayon Sport na APR FC
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ryamaze kwemeza abasifuzi bane bari busifure umukino w'ishiraniro uhuza Rayon sport na APR FC
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 11 Gicurasi 2022 ahagana saa cyenda kuri stade ya Kigali i Nyamirambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi U-16 ntazitabira imikino y’isi
Mu buryo butunguranye, ikipe y'Amavubi Under 16 yabuze ibyangombwa biyerekeza muri Chypres mu gihe yari imaze iminsi iri mu mwiherero yitegura.
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 16 bagombaga kwitabira!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara VC yageze muri 1/4 mu mikino Nyafrika
Ikipe ya Gisagara VC nyuma yo kwitwara neza mu mukino wa kabiri mu itsinda D yahise ikatisha itike ya ¼ cy’irangiza mu mikino y’Afurika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bagabo “Men’s African Volleyball Clubs Championship!-->!-->!-->…
Umutoza wa APR FC ntiyumva ukuntu KAZUNGU Claver yaba umunyamakuru
Umutoza wa APR FC aravuga ko atumva ukuntu umuntu nka Kazungu Claver utarigeze arenga muwa gatatu w'amashuri abanza yaba umunyamakuru usesengura.
Nyuma y'aho ikipe ya MARINE FC itsinze ikipe ya APR igitego kimwe ku busa ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Miliyari 9 niyo yaguzwe umupira wambawe n’igihangange Maradona
Umwenda umukinyi igihangange mu mupira w’amaguru Diego Maradona yari yambaye mu irushanwa ry’igikombe cy’isi ryabereye mu gihugu cya Mexqique mu mwaka 1986 yagurishijwe amadorali y’Amerika imiriyoni 9 n’ibihumbi 300.
Umupira!-->!-->!-->!-->!-->…