Browsing Category
Imikino
Hamenyekanye impamvu Jihad Bizimana atazitabira imikino 2 Amavubi azahuramo na Uganda
Umukinnyi wo Hagati w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi na KMSK Deinze yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bubiligi,yanduye Covid-19 bituma ajya mu kato kazatuma adakinira u Rwanda mu mikino 2 ruzesurana na Uganda.
Bizimana Djihad yari mu bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza FC mu mukino w’ishiraniro aho isabwa gutsinda Rugende FC
Nyanza FC yiteguye gutsinda ikipe ya Rugende FC ikaba imwe mu makipe abiri agomba gusohoka mu itsinda
Saa munani zuzuye nibwo ikipe ya Nyanza FC iri bucakirane n'ikipe ya Rugende FC mu mukino w'ishiraniro ugomba gusiga usobanuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuteramakofi Pacquiao yasezeye muri uwo mukino avuga ko agiye guhatanira kuyobora igihugu
Umuteramakofi bwana Manny Pacquiao yasezeye ku mugaragaro mu mukino wa Box avuga ko agiye guhatanira kuzayobora igihugu cya Phillippines
Bwana Manny Pacquiao uzwi cyane mu mukino w'iteramakofi ukomoka mu gihugu cya Philippines!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yaraye atsinze igitego cye cya mbere muri PSG
Umunyabigwi Lionnel Messi yaraye atsinze igitego cye cya mbere ari u ikipe ya Paris Saint Germain.
Ku ugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Nzeli 2021 ubwo ikipe ya Paris Saint Germain yahuraga n'ikipe ya Manchester United mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwasuye ikipe ya Police FC aho iri mu mwiherero
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Nzeri Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP/AP Jeanne Chantal Ujeneza yasuye ikipe ya Police FC aho iri mu mwiherero mu myitozo mu Karere ka Ngoma.!-->!-->!-->…
Gutekinika bitumye ikipe y’u Rwanda ya volley Ball mu bagore iterwa mpaga.
Nyuma y'aho u Rwanda rurezwe uburiganya no gukinisha abakinnyi batemerewe mu irushanwa, bimaze kwemezwa ko ruterwa mpaga maze indi mikino igakomeza u Rwanda rutarimo.
Ku wa Kane nibwo u Rwanda rwagombaga gukina umukino usoza itsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
AS Kigali isezereye ikipe ya Olympique de Missiri iyinyagira ibitego bitandatu.
AS Kigali yasezereye Olympique de Missiri-Sima mu ijonjora rya mbere rya CAF Confederations Cup ku giteranyo cy’ibitego 8-1, ni nyuma yo kuyinyagira ibitego 6-0 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kigali.
Kuri uyu wa Gatandatu kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza FC ntiyabashije kwihagararaho ku kibuga cyayo.
Ikipe ya Nyanza FC ntiyabashije kwihagararaho ku kibuga cyayo ubwo yahuraga n'ikipe ya Gicumbi FC.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 18 Nzeli 2021 nibwo irushanwa ry'umupira w'amaguru mu cyiciro cya kabiri ryatangizwaga ku mugaragaro.!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Gasongo, Flavien nawe asezeye mu ikipe y’igihugu ya Volley Ball
Nyuma y'imyaka 15 yari amaze akinira ikipe y'igihugu ya Volley Ball, Bwana Flavien nawe amaze gusezera ku ikipe y'igihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane ubwo yari mu kiganiro kuri radiyo y'igihugu, Bwana Flavien NDAMUKUNDA wari!-->!-->!-->!-->!-->…
“Imyaka 12 yose mu ikipe y’igihugu, waduhaye buri kimwe wari ufite”
Nyuma y'imyaka 12 akinira ikipe y'igihugu ya Volley ball, abantu benshi bashimiye Gasongo ibyishimo yabahaye ubwo yatangazaga ko asezeye muri uwo mukino.
Dusabimana Vincent uzwi cyane nka Gasongo mu mukino wa Volley ball yamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kutemera umusaruro wa Mashami; Bimwe byaranze Uwayezu Regis muri FERWAFA
Nyuma y’amasaha make ashize, uwari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Uwayezu François Regis yeguye kuri izo nshingano, hari bimwe byamuranze birimo kugaragaza ko atishimiye umusaruro w’umutoza!-->…
“Uyu mukino wari ukaze, ariko namwe mwari mukaze SETU” Ministre Mimosa
Nyuma y'aho ikipe y'abagore ya Volley ball itsindiye ikipe ya Maroc, ministre wa Siporo mu Rwanda yagaragaje amarangamutima ye ashimira intsinzi yaraye ibonetse.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki ya 12 Nzeli 2021 ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Jean-Pierre Adams wari umaze imyaka 39 muri Coma yitabye Imana.
Jean Piere Adams wigeze gukinira ikipe ya Paris Saint Germain wari umaze imyaka 39 muri Koma kera kabaye itabye Imana.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Jean Pierre Admas, umukinnyi wakiniye ikipe ya PSG Paris Saint Germain rwamenyekanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuteramakofi yitabye Imana nyuma yo guhondagurwa ibipfunsi biremereye.
Zacharias Zapata umukobwa wakinaga umukino w'iteramakofi yaraye yitabye Imana azize ibikomere yagiriye mu mukino
Umuteramakofi w'Igitsina gore witwa Janet Zacharias Zapata ufite inkomoko mu gihugu cya Mexique yitabye Imana kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Imvune Lague yaraye igize iratuma atongera kujya mu kibuga mbere y’amezi 6
Nyuma y'uko agize imvune ku munsi w'ejo ubwo Amavubi yakinaga n'ikipe ya Harambe stars ya Kenya, Abaganga batangaje ko Lague Byiringiro agomba kumara amezi ari hagati y'atatu n'atandatu adakandagira mu kibuga.
Rutahizamu w’Ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…