Browsing Category
Imikino
Habingingo yahakanye amakuru yavugaga ko ari mu biganiro na Rayon Sport
Umutoza w'ikipe ya KIYOVU SPORT Bwana Haringingo Francis yahakanye amakuru yavugaga ko yaba ari mu biganiro n'ikipe ya Rayon Sport bishobora kurangira ayerekejemo nk'umutoza mukuru.
Nyuma y'aho hari amakuru yari amaze iminsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Stephane Constantine watoje Amavubi mu 2014 ari mu bifuza akazi ko gutoza iyi kipe
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ,Ferwafa, ryatangaje abatoza 10 bari mu bifuza akazi ko gutoza Ikipe y’Igihugu Amavubi. Muri abo, harimo Stephane Constantine watoje Amavubi mu 2014.
Muri abo batoza batangajwe harimo!-->!-->!-->!-->!-->…
ABAJURA BASAHUYE POGBA UMUDARI YAHAWE UBWO BATWARAGA IGIKOMBE CY’ISI 2014
Nyuma y’iminsi mike bibaye, Paul Pogba yatangaje ko mu cyumweru gishize abajura bamusuye atabizi bakamutwarira umudari yahawe muri 2014 ubwo batwaraga igikombe cy’isi.
Nk’uko we ubwe yabyitangarije, Paul Labile Pogba ngo yinjiriwe!-->!-->!-->!-->!-->…
EURO 2028:UBWONGEREZA NA IRLANDE NIBYO BIHUGU BISHOBORA KUZAKIRA IRI RUSHANWA
Mu gihe nta bindi bihugu byatanze ubusabe usibye u Burusiya bwari bwaranemerewe ariko bukaba bwaramaze kwamburwa kuzakira iri rushanwa, byatangajwe ko mu gihe nta kindi gihugu cyasaba kwakira EURO2028, Ubwongereza na Irilande aribyo!-->!-->!-->…
“Naba mpemukiye umupira w’amaguru ndamutse ntsinzwe na Kiyovu” Bwana KNC
Perezida w'ikipe ya GASOGI Utd yarahiye ararengwa avuga ko ikipe ya Kiyovu sport idashobora gutsinda ikipe ya Gasogi.
Perezida w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana Kakooza N. Charles uzwi cyane nka KNC yavuze ko ikipe ya Kiyovu FC iherutse!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kongera gutsindwa na mukeba, abafana ba Rayon barasaba komite yose kwegura.
Nyuma yo kongera gutsindwa na mukeba wayo w'ibihe byose, abafana ba Rayon Sport basabye komite nyobozi yose kwegura.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 19 werurwe 2022, nibwo umukino wari utegerejwe na benshi wagombaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Champions League: Chelsea yatomboye Real Madrid muri ¼- Uko tombola yagenze
Muri tombola y’irushanwa rya Champions League ku mugabane w’Uburayi yabaye kuri wa gatanu taliki 18 Werurwe, 2022, yasize Chelsea yo mu Bwongereza izakina na Rael Madrid yo muri Espagne mu mikino ya 1/4.
Uko tombola yagenze
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 22 irashize ikipe ya APR FC ikubiswe nk’iz’akabwana
Imyaka 22 irihiritse ikipe ya gisirikare y'umupira w'amaguru mu Rwanda APR FC ikubiswe inkoni itazigera yibagirwa mu mateka yayo ubwo yanyagirwaga imvura y'ibitego bigera kuri 7 byose ubwo yakinaga n'ikipe ya Esperance de Tunis yo mu!-->!-->!-->…
Federasiyo ya Volley Ball mu Rwanda yaciwe amande ya miliyoni 120 kubera uburiganya.
Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda ryaciwe amande ya Miliyoni 120 Frw kubera amakosa yakozwe mu gikombe cya Afurika giheruka kubera mu Rwanda.
Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball ku Isi ni ryo ryatangaje ibihano!-->!-->!-->!-->!-->…
SPOTIFY YEMERANYIJE NA FC BARCELONA IMIKORANIRE.
Spotify yemeje amasezerano yo gutera inkunga yanditse amateka mu mikino muri espanye no kwisi yitwaFC Barcelona.
Mu kwezi gushize, byatangajwe ko iyi kipe n'iki kigo gisangwaho ibikorwa by'imyidagaduro birimo n'indirimbo z'abahanzi!-->!-->!-->!-->!-->…
REG BBC bigoranye itsinze US Monastir biyiha itike yo kuzitabira imikino ya nyuma i Kigali
Mu mukino utari woroshye, ikipe ya REG BBC itsinze ikipe ya US Monastir yo muri Tunisiya biyihesha amahirwe yo kuzakina imikino ya nyuma izabera i Kigali.
Mu mikino ya BAL imaze iminsi ibera mu gihugu cya Senegal, kuri uno mugoroba!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC inaniwe kwikura i Huye ibererekera Kiyovu gufata umwanya wa mbere
Ikipe ya APR FC inganije na MUKURA VSL biha amahirwe Kiyovu sport yo kuyobora championnat
Kuri iki cyumweru taliki ya 13 Werurwe 2022 chapionnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda Primus National League yakomeje ku munsi wayo wa 21, hari!-->!-->!-->!-->!-->…
BAL 2022: REG BBC yatsinzwe na DUC biyishyira ahakomeye.
Ikipe ya REG BBC ntabwo yabashije kwitwara neza mu mukino w’umunsi wa 6 w’imikino y’amajonjora ya BAL 2022 nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya DUC yo muri Senegal amanota 92 kuri 86.
Uyu wari umukino wa gatatu ku ikipe ya REG BBC yari!-->!-->!-->!-->!-->…
BAL: Mu buryo bugoranye REG BBC yatsinze SLAC biyongera amahirwe yo gukina 1/4
Ahagana mu masegonda ya nyuma ikipe ya REG BBC yatsinze ikipe ya SLAC, ikintu cyatumye yongera amahirwe yo kuzakina imikino ya kimwe cya kane.
Ku masegonda yanyuma bigoranye REG BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino BAL yatsinze SLAC!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari umutoza w’abazamu muri Police FC yeretswe umuryango
Ubuyobozi bwa Police FC bwafashe icyemezo cyo gusesa amasezerano bwari bufitanye n’Umurundi Ndizeye Aimé Désiré ‘Ndanda’ watozaga abanyezamu bayo kubera imyitwarire mibi.
Ibaruwa Police FC yandikiye Ndanda ku wa Mbere tariki ya 7!-->!-->!-->!-->!-->…