Browsing Category
Imikino
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball imaze kwirahira iya DRC
Ikipe y'igihugu ya Basketball imaze gutsinda ikipe ya Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo mu mukino wa mbere wa AfroBasket ku bagabo
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Kamena 2021 nibwo imikino ya Basketball izwi nka Afrobasket!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakunzi ba football bakomerewe, bemererwa kuzajya mu ma stades
Nyuma y'umwaka hafi n'igice abakunzi n'abafana b'umupira w'amaguru batemerewe kwinjira mu ma sitade, kera kabaye, ministeri ya siporo yabakomoreye
Umupira w’amaguru mu Rwanda uheruka gukinirwa imbere y’abafana mbere ya tariki ya 14!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafana ba Basketball bemererwa kwinjira muri Stade Arena mu mikino ya Afro Basket.
Ministeri ya siporo mu Rwanda yakomoreye abakunzi ba Basketball ibemerera kuzitabira no kuzinjira muri Stade Arena mu mikino ya Afro Basket.
Mu gihe u Rwanda rwiteguye kwakira imikino ya Afro Basket kuri uno wa 24 Kanama 2021,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gusinyisha Messi, PSG yaje ku mwanya wa 3 mu makipe ahenze ku isi.
Ikipe ya Paris Saint Germain iherutse gusinyisha rutahizamu mpuzamahanaga Bwana Lionel Messi, iyo kipe yahise iza ku mwanya wa gatatu ku rutonde rw'amakipe ahenze ku isi.
Ikinyamakuru France football kimenyereye kwandika amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri ya siporo yemereye Championnat y’icyiciro cya kabiri gutangira.
Minisiteri ya Siporo yu Rwanda yahaye Ferwafa uburenganzira bwo gusubukura shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu bagaho ndetse na shampiyona z’abagore
Nyuma y’igihe hibazwa niba shampiyona y’icyiciro cya kabiri izasubukurwa cyangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Bite bya Byiringiro Lague watsinzwe igeragezwa?
Nanubu amakuru ya rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague, akomeje kuba ubwiru nyuma yo gutsindwa igeragezwa mu Ikipe ya Neuchatel Xamax yo mu cyiciro cya kabiri mu Busuwisi.
Ku wa 8 Nyakanga ni bwo Byiringiro Lague!-->!-->!-->…
Nyuma y’amezi abiri basezeranye, Muvandimwe n’umugore we bibarutse imfura yabo
Umuryango wa myugariro w’ibumoso muri Rayon Sports FC, Muvandimwe Jean Marie Vianney, wibarutse umwana w’imfura nyuma y’amezi abiri gusa we n’umugore we basezeraniye imbere y’amategeko kuzabana akaramata.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa!-->!-->!-->…
“MBAMENE” Ubusatirizi bushya bw’ikipe ya PSG
Bidasubirwaho, Messi amaze kuba umukinnyi wa PSG ku masezerano y'imyaka ibiri ishobora kongerwa. Ni nawe uzaba uyoboye ubusaturizi bw'iyi kipe, ubusatirizi bwiswe "MBAMENE"
Ijmabo MBAMENE mu matwi y'Abanyarwanda ntabwo ryaba ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese koko Bizimana Amissi yamaze gusinyira Kiyovu Sports?
Isinyishwa rya rutahizamu w’umurundi, Bizimana Amissi muri Kiyovu Sports, ntabwo ririkuvugwaho rumwe kuko hari amakuru ahamya ko uyu musore ukinira Sofapaka, atarasinyira iyi kipe.
Tariki ya 5 Kanama 2021, nibwo humvikanye inkuru ivuga!-->!-->!-->…
Abatoza bahoze muri Kiyovu Sports baratabaza
Abahoze ari abatoza ba Kiyovu Sports bungirije, barasaba Ubuyobozi bw’iyi Ikipe kubaha ibyo bemererwa n’amategeko nyuma yo guhabwa amabaruwa abasezerera badasoje amasezerano y’umwaka umwe bari basigaje.
Mu kwezi gushize nibwo Ubuyobozi!-->!-->!-->…
Amakipe y’icyiciro cya kabiri n’ay‘abagore yemerewe gukinisha abanyamahanga
Inama ya Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 2 Kanama 2021, yanzuye ko amakipe yo mu cyiciro cya kabiri mu bagabo n’icyiciro cya mbere mu bagore, azajya yifashisha!-->…
Rurageretse hagati ya Mupenzi Eto‘o na Kazungu Claver
Intambara y’amagambo hagati y’umunyamakuru, Kazungu Claver na Mupenzi Eto’o ushinzwe kugura no kugurisha abakinnyi muri APR FC, ikomeje gufata indi ntera.
Muri ruhago y’u Rwanda hakomeje kugaragaramo ishyari n’ibindi bisa naryo, aho!-->!-->!-->…
FERWAFA imaze gutangaza igihe championnat y’uno mwaka izatangirira.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza ko championnat y'icyiciro cya mbere mu mupira w'amaguru izatangira mu kwezi kwa Cumi.
Mu itangazo rimaze gushyirwaho umukono na prezida w'ishyirahamwe ry'umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Mupenzi Eto’o mu basenye umupira w’u Rwanda
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda, barashyira mu majwi umukozi ushinzwe igura n’igurisha muri APR FC, Mupenzi Eto’o ndetse bamwe ntibatinya kuvuga ko aganisha ahabi Ikipe y’Ingabo.
Bamwe mu bakunzi b‘Umupira w’amaguru mu Rwanda,!-->!-->!-->…
Dore urutonde rwa za Fan Clubs za Rayon zimaze gukusanya amafranga yo kwishyura Blaise
Abafana ba Rayon Sports bamaze gukusanya amafaranga arenga miliyoni 1,42 Frw akenewe kugira ngo hishyurwe ayo ikipe yabo ibereyemo Nishimwe Blaise, yasigaye kuri miliyoni 4 Frw yaguzwe muri Nzeri 2020.
Ku wa 8 Nzeri 2020 ni bwo!-->!-->!-->!-->!-->…