Browsing Category
Imikino
Amavubi y’u Rwanda anganyije n’Imisambi ya Uganda,Fitina Omborenga aba umukinnyi mwiza…
Mu mukino wa mbere wa CHAN Amavubi yahuyemo na Uganda, Amakipe yombi anganyije 0-0, Omborenga Fitina w’Amavubi atorwa nk’umukinnyi witwaye neza.
Abakinnyi babanje mu kibuga kumpande zombi.
Ku munota wa Gatandatu, Amavubi yabonye!-->!-->!-->!-->!-->…
Urugamba rwa CHAN-2021 rwa tumye Sadate Munyakazi yemerera buri mukinnyi w’Amavubi amadorari…
Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Munyakakazi Sadate yatangaje ko umukinnyi w'Amavubi wese uri muri Cameroun azahabwa amadorari 100 y'Amerika ikipe y'Amavubi bakinira niyitwara neza igatsinda Uganda mu mikino ya CHAN 2021. kuri twitwer!-->…
Ubuzima bwa Sepp Blater wahoze ayobora FIFA buri hagati y’urupfu n’umupfu.
Biravugwa ko Uwahoze ayobora Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku Isi FIFA Bwana Seepp Blatter yaba yajyanywe mu bitaro arembejwe n'umuburwayi.
Aya makuru yemejwe n'umukobwa w'uyu musaza Umukobwa witwa Corinne, mu kiganiro kigufi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutahizamu wa KCCA Bryan Aheebwa yakoze ibishoboka byose atsinda ibitego 3 biba ibyubusa AS Kigali…
Ikipe ya AS Kigali yabonye itike yo kwerekeza mu cyiciro cya 3 kibanziriza imikino y’amatsinda ya CAF Confederations Cup nyuma yo gutsindirwa muri Uganda ibitego 3-1 na KCCA ariko igakomeza kubera iki gitego yatsindiye hanze cyane ko mu!-->…
Gasogi United yabonye umutoza usimbura na Cassa Mbungo Andre
Ikipe ya Gasogi United imaze kugira abafana bayikunda nkuko bakunze kubyivugira ko ari ikipe y'ibishimo. abafana bafite umwihariko wo guhuza izina rimwe mugihugu kuko bose bitwa izina rimwe"URUBAMBYE INGWE"
Iyi Gasogi United!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yavuze ko ari se wa Kagere Meddie yasabye ko hafatwa ibizamini bya DNA
Vedasto Katologi wemeza ko ari se wa rutahizamu w’Amavubi na Simba SC yo muri Tanzania, Kagere Meddie, yasabye ko hakorwa ibizamini bya DNA (amasano abantu bafitanye hakoreshejwe uturemangingo duto) kugira ngo agaragaze ukuri kwe.
!-->!-->!-->!-->!-->…
KCCA nyuma yoguterwa mpaga irasabwa gutsinda As Kigali ibitego 3-0 kugirango itambuke
Ikipe AS Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi irajyana muri Uganda mu guhangana na KCCA mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri ry’iri rushanwa.
Umukino ubanza!-->!-->!-->…
Becky Hammon yabaye umugore wa mbere wabaye umutoza mukuru w’ikipe muri NBA
Kuwa gatatu nijoro Becky Hammon yinjiye mu mateka nk'umugore wa mbere wabaye umutoza mukuru w'ikipe y'abagabo mu mukino wa shampiyona wa NBA.
Ibi byabaye ubwo Becky yasimburaga umutoza mukuru wa San Antonio Spurs witwa Gregg!-->!-->!-->!-->!-->…
Uhiriwe Yasipi Casmir wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2019 yambaye “bikini”…
Uhiriwe Yasipi Casmir uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2020, we na bagenzi be bahatanye baserutse mu mwambaro wo kogana ariko umukobwa wo muri Solamia aratungurana yanga kwambara uyu mwambaro uzwi nka!-->…
Covid-19 itumye AS KIGALI ibyungukiramo itera mpaga ikipe ya KCC bari gucakirana uyu munsi.
Umukino ubanza wagombaga guhuza AS Kigali na KCCA mu cyiciro cya kabiri cya CAF Confederations Cup wari uteganyijwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ukuboza,wasubitswe kubera ko iyi kipe yo muri Uganda yabuze abakinnyi 11 babanza mu!-->!-->!-->…
FERWAFA yatumiye amakipe mu nama iziga ku isubukurwa rya Shampiyona 2020/21
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda 'FERWAFA' ryatumiye amakipe 16 akina icyiciro cya Mbere mu nama nyungarunabitekerezo izaba ku wa 24 Ukuboza 2020, ikazibanda ku bigomba gukorwa kugira ngo Shampiyona yasubitswe hakinwe!-->!-->!-->…
Robinho wahoze akinira ikipe ya Real Madrid yahamwe n’Icyaha cyo gufata ku ngufu akatirwa…
Kuri uyu wa kane tariki 10 Ukuboza 2020 nibwo urukiko rw’i Milan mu Butaliyani rwakatiye umukinnyi Robinho wahoze ari umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid igifungo cy’imyaka 9 kubera icyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa ukomoka muri!-->…
APR FC itsinze umukino biyigoye nyuma yo kongera kurata penaliti
Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa mbere wa shampiyona, aho yatsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 myugariro wayo yitsinze.
Wari umukino wa mbere wa shampiyona ikipe ya APR FC ikinnye nyuma yo gusezererwa mu marushanwa ya CAF!-->!-->!-->…
CAF yaciye amande Emmerick Aubemeyang y’arenga miliyoni miliyoni icyenda y’Amanyarwanda
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurika (CAF) yatanze ibihano bitandukanye kubera kurenga ku mategeko yayo.
Rutahizamu wa Arsenal Pierre-Emerick Aubameyang, yaciwe amande y'amadolari y'Amerika 10,000 (arenga miliyoni!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball yasubiye inyuma ho imyanya 4 ku rutonde rwa FIBA
Kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Ukuboza 2020, ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball ku Isi “FIBA” ryashyize ahagaragara uko amakipe y’ibihugu akurikiranye. Ikipe y’u Rwanda mu bagabo nyuma yo kutitwara neza mu mikino yo gushaka itike!-->!-->!-->…