Browsing Category
Imikino
Bidasubirwaho, inkuru ibaye impamo KIYOVU Sport isezereye Umutoza wayo
Inkuru imaze kuba impamo, Ikipe ya Kiyovu Sport imaze gutandukana n'umutoza wayo mukuru Bwana Olivier Karekezi.
Guhera muri iki gitondo nibwo inkuru yatangiye kumvikana mu matwi y'abakunzi ba Ruhago, inkuru ivuga ko Ikipe ya Kiovu!-->!-->!-->!-->!-->…
KIYOVU Sport yahakanye amakuru yavugaga ko Olivier Karekezi yirukanywe
Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu sport bwahakanye amakuru yari amaze umwanya avugwa ko iyo kipe yirukanye uwari umutoza wayo mukuru Bwana Karekezi Olivier
Nyuma y'uko ku munsi w'ejo taliki ya 1 Gicurasi 2021 Ikipe ya Kiyovu sport!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwambaro Police FC izaserukana muri shampiyona iratangira mumpera z’uku kwezi ifite…
Ikipe ya Police FC yashyize hanze imyambaro abakinnyi bayo bazakoresha muri iyi shampiyona izatangira kuri uyu wa Gatandatu iriho amazina yabo nyamara mu myaka ishize ntiyaba ariho.
Mu mafoto yashyizwe hanze na Police FC,agaragaza!-->!-->!-->…
Rayon Sports isubije amerwe mu isaho nyuma yo kudasinyisha rutahizamu wari utegerejwe na benshi!
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko butashoboye gusinyisha rutahizamu w’umunya-Gabon, Junior Bayanho-Aubyang, kubera ko ibyangombwa bye byatinze kugera mu Rwanda kugeza isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rifunze.
!-->!-->!-->…
FERWAFA yiseguye nyuma yo guhagarika umukino wa Rayon Sports na Police FC
Ntibisanzwe ko umukino uhagarikwa wamaze gutangira mu bihugu byateye imbere mu mupira w’amaguru bitewe n’uburangare bw’imyiteguro ku kibuga, ariko muri Shampiyona y’u Rwanda ho bimaze kumenyerwa aho bifatwa nk’ibisanzwe umukino!-->!-->!-->…
Ubwandu bwa Covid-19 muri AS Muhanga butumye umukino usubikwa.
Umukino wa gishuti wagombaga guhuza Ikipe ya AS Muhanga na Sunrise FC ntiwabaye kubera ikibazo cy'icyorezo cya COVID-19 basanze muri bamwe mu bakinnyi ba AS MUHANGA.
Mbere y'uko championnat itangira, amwe mu makipe yo mu kiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon sport yamuritse imyenda izajya yambara muri shampionnat
Ikipe ya Rayon yamuritse imyenda izajya yambara mu gihe yasuye ndetse n'iyo izajya yambara mu gihe yasuwe.
Mu muhango wabereye mu Nzomve ku kicaro cy'uruganda rwa Skol akaba ari nawe (Skol) muterankunga mukuru w'iyi kipe ikunzwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Sobanukirwa icyo aricyo European Super League n’uburyo amarushanwa azaba ateye.
European Super League ishyirahamwe rishaka guhindura byinshi muri ruhago yo ku mugabane wa Burayi.
Guhera mu mpera z'icyumweru gishize nibwo ikicya EUROPEAN SUPER LEAGUE cyatangiye kujya mu mitwe ya benshi mu bakunzi ba ruhago,!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafana bo mu Bwongereza bigaragambije bamagana European Super League
Abafana n'abakunzi b’umupira w’amaguru mu Bwongereza bahuriye hamwe mu myigaragambyo yo kwamagana irushanwa rishya rya European Super League rizitabirwa n’amakipe 20 akomeye arimo 12 yamaze kubyemera.
Ku Cyumweru nibwo European!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking: SEKAMANA J.Damascene wayoboraga FERWAFA amaze kwegura
(Rtd) Brig Gen Sekamana Jean Damascène yeguye ku buyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (Ferwafa) kuko atagishobora kubangikanya imirimo ye n’ibyo akora bimubeshejeho nk’umuntu uri mu kiruhuko cy’izabukuru.
Brig Gen!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yemereye ikipe ya APR FC gusubukura imyitozo
Ikipe ya APR FC yongewe ku rutonde rw'amakipe FERWAFA imaze kwemerera gusubukura imyitozo.
Mu rwego rwo kwitegura isubukurwa ry'imyitozo ndetse n'amarushanwa, ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryahaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Yannick Mukunzi ajyanye n’umuryango we kwibera i burayi aho akina muri Sweden.
Uyu mukinnyi Yannick Mukunzi yajyanye n’umuryango we wose muri Sweden aho asanzwe akinira ikipe ya FC Sandvikens. Ni nyuma yuko Yannick Mukunzi yari amaze gukina umukino wahuje ikipe y’igihugu y’U Rwanda, Amavubi, n’ikipe ya Cameroon.!-->…
Anthony Martial ashobora kutagaruka mu kibuga nyuma y’imvune yagiriye mu ikipe y’igihugu
Manchester United ishobora kuba igiye gukina imikino isigaje muri uyu mwaka w'imikino idafite rutahizamu wayo Anthony Martial nyuma yo kuvunika arimo gukinira Ubufaransa, nk'uko umutoza Ole Gunnar Solskjaer abivuga.
Martial,!-->!-->!-->!-->!-->…
Togo: Claude Le Roy yirukanywe nyuma yo kunanirwa kujyana ikipe muri CAN
Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cya Togo, bwamaze gufata icyemezo cyo gusezerera uwari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu yo muri iki gihugu, nyuma yo kubura itike yo kuzajya mu gikombe cya Afurika kizabera muri!-->!-->!-->…
‘…ni umukino udusaba gutanga ibyacu byose…’ MASHAMI Vincent
Umutoza w'Amavubi Bwana MASAMI Vinvcent yavuze ko umukino uzabahuza na Cameroune ubasaba gutsinda uko biri kose.
Ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru AMAVUBI stars kuri ubu iherereye mu gihugu cya Cameroune aho itegereje guhura!-->!-->!-->!-->!-->…