Browsing Category
Imikino
Robinho wahoze akinira ikipe ya Real Madrid yahamwe n’Icyaha cyo gufata ku ngufu akatirwa…
Kuri uyu wa kane tariki 10 Ukuboza 2020 nibwo urukiko rw’i Milan mu Butaliyani rwakatiye umukinnyi Robinho wahoze ari umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid igifungo cy’imyaka 9 kubera icyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa ukomoka muri!-->…
APR FC itsinze umukino biyigoye nyuma yo kongera kurata penaliti
Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa mbere wa shampiyona, aho yatsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 myugariro wayo yitsinze.
Wari umukino wa mbere wa shampiyona ikipe ya APR FC ikinnye nyuma yo gusezererwa mu marushanwa ya CAF!-->!-->!-->…
CAF yaciye amande Emmerick Aubemeyang y’arenga miliyoni miliyoni icyenda y’Amanyarwanda
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurika (CAF) yatanze ibihano bitandukanye kubera kurenga ku mategeko yayo.
Rutahizamu wa Arsenal Pierre-Emerick Aubameyang, yaciwe amande y'amadolari y'Amerika 10,000 (arenga miliyoni!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball yasubiye inyuma ho imyanya 4 ku rutonde rwa FIBA
Kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Ukuboza 2020, ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball ku Isi “FIBA” ryashyize ahagaragara uko amakipe y’ibihugu akurikiranye. Ikipe y’u Rwanda mu bagabo nyuma yo kutitwara neza mu mikino yo gushaka itike!-->!-->!-->…
Paul Pogba ashobora kuva muri MAN U umwaka utaha
Paul Pogba "ntiyishimye" muri Manchester United kandi "agomba guhindura amakipe" mu igura n'igurishwa ry'abakinnyi ritaha ryo mu kwezi kwa mbere, nkuko Mino Raiola ushinzwe kumushakira isoko abivuga.
Kontaro y'uyu mukinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Vladmir watozaga ikipe y’igihugu ya Basketball yeguye nyuma yo gutsindwa imikino yose yo…
Vladimir Bosnjak watozaga ikipe y’igihugu ya Basketball yasezeye ku mirimo ye, nyuma y’umusaruro mubi iyi kipe ye yabonye mu marushanwa aheruka gusozwa yo gushaka itike yo kwitabira AfroBasket 2021.
Ibi byashimangiwe n'itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwa mbere mu mateka umugore agiye gusifura imikino ya UEFA Champions league y’abagabo
Umufaransakazi Stephanie Frappart azaba umugore wa mbere usifuye imikino ya UEFA Champions League mu bagabo ubwo azaba ayoboye umukino uzahuza Juventus na Dynamo Kyiv ku wa Gatatu.
Frappart uzuza imyaka 37 mu kwezi gutaha, yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
“Intwari FC” ikipe yatangijwe igiye kwifashishwa mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abangavu.
Mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana b’abakobwa hatangijwe ikipe y’Intwari FC izifashishwa mu bukangurambaga bwo kurwanya iri hohoterwa.
Mu gihe mu Rwanda hakomeje kugaragara umubare munini w;abangavu baterwa inda,!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWACY: Abakinnyi b’Amagare bagize icyo basaba Igihugu nyuma yo kuva mu marushanwa bitwaye…
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare barasaba ko na bo bahabwa agaciro nk’agahabwa abakinira amakipe y’igihugu mu mikino yindi itandukanye.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ugushyingo 2020 nibwo abakinnyi b’ikipe y’igihugu!-->!-->!-->…
Biravugwa ko Cassa Mbungo yaba amaze gutandukana n’ikipe ya Gasogi United
Biravugwa ko umutoza w'ikipe ya GASOGI United Bwana Cassa Mbungo André yaba yamaze gutandukana n'iyo kipe nyuma yo gutsindwa umukino we na Kiyovu FC
Amakuru agera ku kiyamakuru Indorerwamo.com aravuga ko Bwana Cassa Mbungo André!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA yahagaritse by’agateganyo prezida wa CAF kubera gukoresha nabi umutungo…
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryahagaritse Perezida wa CAF, Ahmad Ahmad, imyaka itanu mu bikorwa by’umupira w’amaguru kubera ikoreshwa nabi ry’umutungo.
Ibi bihano byatangajwe kuri uyu wa Mbere mu gihe uyu mugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
MUGISHA Moise niwe wegukanye irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya ryaberaga muri Cameroune
Birangiye Umunyarwanda MUGISHA Moise ariwe wegukanye irushanwa ryari rimaze iminsi ine ribera mu gihugu cya Cameroune ryiswe Grand Prix Chantal Biya.
Amakuru aturuka mu gihugu cya Cameroune aremeza ko umusore witwa MUGISHA moise!-->!-->!-->!-->!-->…
NIZEYIMANA OLIVIER Boss wa Volcano Express yongeye agirwa Prezida wa MUKURA
Nizeyimana Olivier umushoramali wa VOLCANO Express yongeye kugirirwa ikizere cyo kuyobora ikipe ya Mukura Victory Sports mu myaka ine iri imbere.
Bwana NIZEYIMANA Olivier, umwe mu bagabo bafite agatubutse muri kino kigihugu akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroune: Mugisha Moise yegukanye akandi gace ka Grand prix Biya
Umunyarwanda Mugisha Moïse yegukanye Agace ka Kane ka Grand Prix Chantal Biya kakinwe kuri uyu wa Gatandatu, yiyongerera amahirwe yo gutwara iri siganwa.
Muri aka gace kabanziriza aka nyuma kakinwe, abasiganwa bahagurukiye i Zoétélé!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroune:MUGISHA Moise niwe ukomeje kuyobora isiganwa rya GP. Chantal Biya.
Moise MUGISHA niwe ukomeje kuyobora isiganwa ry'amagare rikomeje kubera mu gihugu cya Cameroune.
Yaoundé- Ebolowa (167 km)1. Kubiš Lukáš 03h51’36”2. Kamzong Clovis 03h51’36”3. Mugisha Moise 03h51’36”4. Mugisha Samuel 03h51’41”5.!-->!-->!-->!-->!-->…