Browsing Category
Imikino
Zambia: Ku myaka 16 yatunguye abantu ubwo yasifuraga umukino w’amakipe y’icyiciro cya…
Umuhungu usifura muri Zambia yatunguye abakunzi b'umupira w'amaguru ubwo yasifuraga ari we musifuzi ukuriye abandi.
Raphael Mbotela, w'imyaka 16, yatangiye gusifura imikino kuva afite imyaka 13.
Ariko, ku wa gatatu ni bwo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya MUKURA VS yerekanye umutoza wayo mushya n’abazamwungiriza
Ikipe ya MUKURA VS yo mu Karere ka Huye, yerekanye umutoza mukuru ndetse n'abandi bazamwungiriza muri uno mwaka w'imikino.
Nyuma y'amakuru yari amaze ahwihwiswa, uyu munsi kuwa gatanu taliki ya 26 Werurwe, ikipe ya MUKURA VS,!-->!-->!-->!-->!-->…
Chad yakuwe mu majonjora ya CAN 2021 nyuma yo kwivanga Kwa leta ihagarika ishyirahamwe…
Ikipe y'igihugu ya Tchad ntizitabira imikino ya nyuma yo gushaka itike yo gukina imikino y'igikombe cya CAN (AFCON) cyo mu mwaka utaha, nyuma yuko ikuwe mu majonjora n'impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurika (CAF).
Tchad!-->!-->!-->…
FERWAFA: Impinduka zikomeye kuri championat y’icyiciro cya mbere izasubukurwa mukwa 4
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryateganyije ko Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere izatangira tariki ya 15 Mata 2021, igakinwa mu matsinda ane kugira ngo irangirire igihe.
Urubuga rwa internet!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyamozambike Edson na Sitoe bazitabira umukino uzabahuza n’AMAVUBI byongera akazi ba…
Leta y'igihugu cy'Ubufaransa yamaze kwemerera no guha urushya abakinnyi babiri bakomeye b'igihugu cya Mozambike, byongera igitutu ku ikipe y"Amavubi ndetse byongera akazi kuri ba myugariro bayo.
Mu mpera z'icyumweru tugiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwoba ni bwose Zidane yavuzeko afitiye ubwoba ku ikipe ya Liverpool
Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane yatangaje ko atazoroherwa n’ikipe ya Liverpool yatomboye muri ¼ cya UEFA Champions League kubera ko kuyitsinda bisaba gukoresha imbaraga z’umubiri.
Nyuma gato y’aho Real Madrid imenyeye ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ueufa CL: Bayern Munich yatomboye Paris Saint Germain muri 1/4, nyuma yo guhurira ku mukino wa nyuma…
Kuri uyu wa gatanu taliki 19 Werurwe 2021, habaye tombora y'uko amakipe azahura mu mikino ya kimwe cya kane mu irushanwa rya Ueufa Champions League ku mugabane w'i Burayi, ikipe zakinnye umukino wa nyuma zikaba zihuriye muri 1/4.
Uko!-->!-->!-->…
Sinzaba umupolisi w’aba kinnyi”Thomas Tuchel
Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,yavuze ko atazaba umupolisi w’abakinnyi be ngo ajye abaca amande nkuko uwoyasimbuye Frank Lampard yabigenzaga buri gihe bigatuma bamwe bamwanga.
Uyu mutoza ukiri mushya mu Bwongereza yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
SAM KARENZI yahishuye urukundo rwinshi afitiye ikipe Rayon Sport.
Umunyamakuru Sam Karenzi yahishuye urukundo rwinshi afitiye ikipe ya Rayon Sport.
Umunyamakuru ukorera igitangazamakuru cya Radiio na TV10 mu ishami ry'amakuru ajyanye n'imikino, yahishuye urukundo rwinshi afitiye ikipe ya Rayon!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana yegukanye igikombe Nyafrika ku nshuro ya 4 ku bari munsi y’imyaka 20
Ikipe y'umupira w'amaguru ya Ghana yaraye yegukanye igikombe Nyafrika ku batarengeje imyaka 20 nyuma yo gutsinda Uganda.
Kuri uyu wa Gatandatu, taliki 06 Werurwe 2021 muri Mauritania hasojwe imikino ya nyuma y’Afurika mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Byahinduye isura ibya Sadate na Sam Karenzi bari tabaza RIB n’inkiko kandi ngo ntacyo bapfa
Hashize igihe kitari gito havugwa umwuka utari mwiza hagati y’uwari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi ndetse n’umunyamakuru wa Radio 10, Sam Karenzi, nyuma y'uko impande zombi zagiye ziterana amagambo mu bihe bitandukanye, ariko!-->…
Umutoza Mashami Vincent yongerewe amasezerano yo gutoza Amavubi
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA) ryatangaje ko Mashami Vincent yongerewe amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza w’Amavubi.Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Gatatu tariki 03/03/2021, FERWAFA!-->…
Cameroon iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda yahamagaye abakinnyi 37 bazatoranywamo abazakoreshwa
umutoza ukomoka muri Portugal utoza ikipe y’igihugu ya Cameroon, Antonio Conceicao Oliveira, yahamagaye abakinnyi 37 azatoranyamo 23 bazakina na Cap-Vert tariki ya 22 Werurwe 2021 ndetse bakazakina n’u Rwanda tariki ya 30 Werurwe 2021.
!-->!-->!-->…
Umwongereza Shaun watozaga ikipe ya Etincelles yasezeye nyuma yo kumara igihe adahembwa.
Umwongereza watozaga ikipe ya Etincelles FC, Calum Shaun Selby yamaze gusezera kuri iyi kipe nyuma yo kumara igihe adahemwa.
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Calum Shaun Selby yandikiye Etincelles ayisezeraho ko yafashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…