Browsing Category
Imikino
Umutoza Roberto Manchin yizeye ko Zaniolo azaba umukinnyi ngenderwaho mu ikipe y’igihugu…
Roberto Manchin yizeye ko umukinnyi ukina hagati muri As Roma Nicola Zaniolo azaba umukinnyi wingenzi ku butaliyani.
Zaniolo yari kuzasiba Euro 2020 nyuma yo kugira imvune y’imitsi muri Mutarama.
Uyu musore w’imyaka 20 yungukiye!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Agasuzuguro gatumye umutoza wa MUSANZE FC yirukanwa
Ubuyobozi bw'ikipe ya Musanze FC bwaraye butangaje ko bwatandukanye n'uwari umutoza wayo kubera agasuzuguro.
Ubuyobozi bw'ikipe ya Musanze FC bwaraye butandukanye n'uwari umutoza wayo Bwana Abdelrahman Ibrahim Adel, uno mugabo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Gacinya Chance Denis na Paul Muvunyi bagarutse muri Rayon Sports kubafasha kwisuganya
Akanama ngishwanama kagizwe n’abahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports FC mu myaka yashize barimo Ruhamyambuga Paul, Theogene Ntampaka, Ngarambe Charles, Muhirwa Prosper, Gacinya Chance Denis, Dr. Emile Rwagacondo, na Paul Muvunyi niko!-->…
Sadate MUNYAKAZI prezida wa Rayon Sport mu muryango umusohora muri Ruhago Nyarwanda
Birashoboka ko mu myanzuro iri bufatirwe Bwana Sadate MUNYAKAZI prezida wa Rayon Sport n'umunyamabanga we harimo kuba bahagarikwa mu bijyanye na sport mu Rwanda
Kuri uyu wa kane taliki ya 6 Gicurasi ahagana saa cyenda nibwo Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Bundesliga Shampiyona y’u Budage yabaye iya mbere yemewe kugaruka igakinwa!
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Budage “Bundesliga” n’icya Kabiri, zombi zemerewe kongera gukinwa mu mpera z’uku kwezi nyuma y’igihe kigera hafi ku mezi abiri zihagaritswe n’icyorezo cya Covid-19 cyibasiye Isi muri rusange.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese kubera iki Perezida wa Rayon Sports n’Umuvugizi wayo bahamagajwe muri FERWAFA?
Munyakazi Sadate uyobora Rayon Sports n’Umuvugizi wayo, Nkurunziza Jean Paul, bombi bahamagajwe n’Akanama gashinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) kugira ngo batange ibisobanuro ku magambo batangaje ku!-->…
Kapiteni w’Amavubi Haruna Niyonzima yashyingiranwe n’umugore wa kabiri muri Tanzania
Umukinnyi wa Yanga Africans,Haruna Niyonzima,yaraye akoranye ubukwe n’umukobwa bari bamaze iminsi bakundana Cassandra Rayan mu muhango wabereye mu gihugu cya Tanzania aherereyemo.
Haruna ntabwo yaje mu Rwanda nkuko bagenzi be Migi na!-->!-->!-->…
Ese kubera iki Jeannot Witakenge yahawe ikarita itukura mbere yo gushyingurwa?
Uyu wabaye umukinnyi n'Umutoza Ubwo yasezerwagaho bwa nyuma kuri uyu wa Mbere, tariki ya 27 Mata 2020, Jeannot Witakenge wakiniye Rayon Sports, APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yahawe ikarita itukura.
Ni umuhango wabereye muri Stade!-->!-->!-->…
Premier League:Kevin de Bruyne yavuze umukinnyi abona nk’uwitwaye neza kurusha abandi.
Umukinyi Kevin de Bruyne uri mu bahetse ikipe ya Manchester City yatangaje ko mbere y’uko Covid-19 ihagarika Premier League,umukinnyi yabonye witwaye neza kurusha abandi bose ari umunya Senegal Sadio Mane ukinira Liverpool akaba ariko we!-->…
Maurice MUNYENTWARI umufana wa Rayon akaba n’umunyamategeko arasanga iyirukanwa rya Sarpong…
MUNYENTWARI Maurice umunyamategeko akaba n'umukunzi wa Rayon sport, arasanga iyurukanwa rya Sarpong ryarakoranywe amarangamutima kuruta kwisunga amategeko.
Nyuma y'aho ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport bufashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese ni iki amategeko ateganya ku kwirukanwa kwa Sarpong muri Rayon Sports?
Uyu mukinnyi wakinaga asatira izamu mu ikipe ya Rayon Sports Michael Sarpong yamaze guhabwa ibaruwa isesa amasezerano yari afitanye na Rayon Sports ndetse inamubwirako yirukanwe atakiri umukozi w'iyo kipe ikunzw cyane mu Rwanda, ibi!-->!-->!-->…
umukinnyi wa Inter Milan yahenze FC Barcelona byatumye itanga abakinnyi 2 n’amafaranga menshi kugira…
Ikipe ya FC Barcelona ikomeje gukora ibishoboka byose kugira ngo ibone umusimbura wa Luis Suarez ikomeze kwiyubaka aho yiyemeje gutanga abakinnyi bayo babiri barimo Nelson Semedo na Carles Alena yarangiza ikagerekaho amafaranga kugira ngo!-->…
Byemejwe bidasubirwaho Rayon yamaze kwirukana Sarpong.
Rutahizamu w’umunya-Ghana Michael Sarpong wakiniraga Rayon Sports amaze kwirukanwa, ashinjwa ibyaha birimo gutuka Perezida wa Rayon Sports.
Ahise asezererwa burundu na Rayon Sport
Mu masaha 24h ashize ni bwo twanditse inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Meddy KAGERE ashobora kwerekeza mu ikipe ya Levente muri Espagne
Rutahizamu w'Amavubi arashakishwa n'ikipe ya Levente yo mu kiciro cya mbere mu gihugu cya Espagne
Umukinnyi w'ikipe y'Amavubi Bwana KEGERE MEDDY biravugwa ko yifuzwa cyane n'ikipe ya Levente yo mu kiciro cya mbere mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Injangwe yari tumye Francesco Totti atandukana n’umugore we.
Umunyabigwi Francesco Totti wakiniye AS Roma ubuzima bwe bwose yatangaje ko yigeze gushwana n’umugore we Ilary Blasi bapfuye injangwe itagira ubwoya yaguze akayizana mu rugo kandi uyu mukinnyi atazikunda.
Uyu mugabo wabaye icyamamare mu!-->!-->!-->…