Browsing Category
Imikino
Birangiye SUGIRA ERNEST Yerekeje mu ikipe ya RAYON SPORT
Birangiye SUGIRA ERNEST yerekeje muri RAYON SPORT Ku ntizanyo
Amakuru dukesha ikinyamakuru igihe.com, kiremeza ko gifite amakuru yizewe ko umukinnyi SUGIRA ERNEST kera kabaye yerekeje mu ikipe ya RAYON SPORT nk'intizanyo mu gihe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya POLICE FC iguze myugariro ukomeye wa MUHANGA FC
Ikipe ya POLICE FC iguze Turatsinze John wari myugariro wa MUHANGA FC
Ikipe ya POLICE FC ikomeje kwiyubaka nkuko yari yabisezeranije abakunzi bayo batari bake bitewe nuko iri kwitwara neza nyuma yuko itangiye gutozwa n'umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya POLICE FC ikuyeho urujijo ku kibazo cya SUGIRA ERNEST
Ubuyobozi bwa POLICE FC bumaze gutangaza ko Sugira Ernest atari umukinnyi wayo
Mu mpera za kino cyumweru mu ruhando rwa siporo mu Rwanda hagiye havugwa ikibazo cya Rutahizamu w'Amavubi na APR FC SUGIRA ERNEST wari urangije ibihano!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’Amezi 3 yari imaranye nawe, Rayon Sport isezereye uwari Umutoza wayo MARTINEZ
Ikipe ya Rayon Sport imaze gutandukana n'uwari umutoza wayo nyuma yo kunyagirwa na mukeba wayo APR FC
Amakuru yo gusezererwa k'uyu mutoza yashyizwe hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri binyujijwe ku rukuta rwa Twitter rw'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Mugiraneza Jean Baptiste Miggy yabonye icyangomba kimwemerera gukina muri Tanzania
Mugiraneza Jean Baptiste Miggy umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukina muri KMC FC mu cyiciro cya mbere muri Tanzania kuri ubu yamaze kubona icyangombwa kimwemerera gukina amarushanwa yose ategurwa n’ishyirahamwe ry’umupira!-->!-->!-->…
CECAFA: Uganda na Eritrea ku mukino wa nyuma uyu munsi
Uganda bigoranye yatsinze 1-0 Tanzania cyatsinzwe na Fahad Bayo ku munota wa 86. Umukino wa nyuma uteganijwe kuri uyu wa kane irakina na Eritrea saa kumi z’umugoroba, kuri Stade ya Lugogo, umutoza Jonathan Mckinstry wa Uganda!-->!-->!-->…
MIKEL Arteta agiye gutoza ikipe ya Arsenal
Mikel Arteta niwe ugiye gutoza ikipe ya Arsenal mu gihe cy'Imyaka itatu iri imbere.
Nyuma y'aho mu mpera z'ukwezi kwa cumi na kumwe ikipe ya Arsenal ihisemo gutandukana n'uwari umutoza wayo Bwana Unai EMERY kubera ko ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
RUTANGA Eric wa Rayon Sport Ashobora kuyivaho
Rutahizamu wa Rayon Sport biravugwa ko ashobora kuyivamo vuba.
Amakuru dukesha ikinyamakuru gikorera mu gihugu cy'U Rwanda aravuga ko myugariro na Kapiteni wa Rayon Sport, ikipe ifite abakunzi benshi mu gihugu cy'u Rwanda ashobora!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuteramakofe Amaze Iminsi Itanu (5) muri KOMA nyuma yo guterwa ibipfunsi mu mukino
Bwana PATRICK DAY amaze umusi wa gatatu ari muri koma nyuma yo guterwa igupfunsi mu mukino wo muri weekend.
Umukino w'iteramakofi witwa BOX ni umwe mu mikino iteye ubwoba ndetse abantu benshi batinya kwisukiramo ariko ukaba ari umukino…
Real Madrid yiteguye gutanga Akayabo ngo ikunde yegukane N’GOLO KANTE
N'golo KANTE arifuzwa cyane mu ikipe ya Real Madrid ngo abafashe kugarira
Ikipe ya REAL MADRID yo mu gihugu cya ESPAGNE yatangaje ko yiteguye gutanga igishoboka cyose kugira ngo yegukane umukinnyi w'Umufaransa ukinira ikipe ya…
Ese Sadio Mane imvune yagize izatuma adakina umukino Liverpool izacakiranamo na Manchester United…
Sadio Mane yaje gutera ubwoba abafana ba Liverpool ubwo bakinaga umukino wa gishuti na Brazil aho yaje kugaragara asa nuwagize akabazo kimvune.
Muri uyu mukino baje kunganyamo na Brazil 1-1 uyu musore wanaje gutsinda igitego cyo…
Ikipe ya Tanzaniya izakina n’URwanda ibura inkingi 2 zambwamba (Reba ibyaranze imikino…
Mu gihe ikipe y'Urwanda Amavubi yamaze guhamagarwa mu rwego rwo kwitegura umukino wa gishuti uzayihuza na Tanazaniya ku wa mbere,Tanzaniya yo nubwo nayo yamaze kugera mu Rwanda ikiciro cyambere cy'abakinnyi bazakina n'Amavubi badafite…
Ikipe ya MAN CITY itsindiwe iwayo, Chelsea Inyagira Southampton
Ikipe ya Manchester City itsindiwe iwayo ituma ikinyuranyo hagati yayo na Liverpool kiyongera.
Uy munsi ku cyumweru nibwo imikino yo ku munsi wa munani wa champiyona y'Ubwongereza, imwe muri za Championat zikunzwe ku isi, yagombaga…
NIYONZIMA HARUNA :” Ikipe ya Rayon Sport ndayubaha ariko ntabwo nyitinya na gato”
Niyonzima HARUNA kizigenza wa AS KIGALI yatangaje ko biteguye gukina na Rayon Sport ndetse bakaba bayitwara igikombe cya Super Cup.
Mbere y'uko umukino wa Super Cup uri buhuze ikipe ya Rayon sport, ikipe yatwaye igikombe cya…
Sobanukirwa aho BALLON D’OR itandukaniye na THE BEST PLAYER OF FIFA
Sobanukirwa aho igihembo cya BALLON D'OR gitandukaniye n'igihembo cy'umukinnyi wahize abandi muri ruhago (The Best football player of the Year).
Mu minsi ishize impuzamashyirahamwe mu mupira w'amaguru ku isI FIFA yatanze igihembo…