Browsing Category
Imyidagaduro
IRADUKUNDA Elsa wabaye Miss Rwanda 2017 yatawe muri yombi
Elsa Iradukunda wabaye Miss Rwanda mu mwaka wa 2017 yatawe muri yombi n'urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda kubera ibikorwa byo gushaka kubangamira iperereza riri gukorwa kuri Prince Kid.
Amakuru akomeje kuba menshi nyuma y'aho urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibikorwa byose bijyanye no gutegura Nyampinga byahagaritswe
Ministeri y'urubyiruko n'umuco mu Rwanda yatangaje ko ibikorwa byose bijyanye n'amarushanwa yo gutegura nyampiga bibaye bihagaze.
Nyuma y'aho urwego rw'igihugu rw'ubugenzayaha RIB ruhagaritse Bwana ISHIMWE Dieudonne uzwi cyane nka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru IRENE MURINDAHABI yasezeye ku ISIBO TV
Umunyamakuru Murindahabi Irene uzwi nka M Irene wari umenyerewe mu biganiro binyuranye kuri Isibo TV, yatangaje ko atangiye urugendo rushya mu mwuga w’itangazamakuru, akaba atazongera gukorera iki gitangazamakuru.
Uyu munyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
MEGHAN THEE STALLION YATOBOYE AVUGA IBYIHISHE INYUMA Y’IBYO YAKOREWE NA TORY LANEZ.
NYUMA Y'IGIHE GITO TORY LANEZ AFUNZWE ASHINJWA ICYAHA CYO KURASA UMUNTU, UMURAPERI MUGENZI WE MEGHAN THEE STALLION YASHIZE AVUGA UKURI KU BYABAYE NYUMA YO GUKORA ICYO CYAHA.
Muri Leta Zunze ubumwe za Amerika hagaragara cyane cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
MIKE TYSON YAKUBISE UMUGENZI BARI KUMWE MU NDEGE.
MIKE TYSON WAMENYEKANYE KUBERA UMUKINO W’ITERAMAKOFE MU BAREMEREYE, YAGARAGAYE AKUBITA UMUGENZI BARI KUMWE MU NDEGE BITEWE N’AGACUPA K’AMAZI.
Mike Tyson umwe mu bamamaye cyane kubera umukino w’iteramakofe mu baremereye ubwo yari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
6X9INE YABURIYE NICKI MINAJ KUBW’AMAKOSA YAKOZE YO GUTERA UBWOBA UNDI MUHANZI.
6X9INE UMWE MU BARAPERI BAVUGIRAHO IBYO BABONYE NTIBIBANYURE YABWIYE KO NICKI MINAJ AZIRWARIZA NAGERWAHO N’INGARUKA Z’AMAKOSA YAKOZE UBWO YATERAGA UBWOBA UNDI MURAPERI WITWA BARBZ.
Nta muntu n’umwe atabwira iyo afite icyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel Mbonyi yasusurukije abanya Israel mu gitaramo cy’imbaturamugabo
Israel Mbonyi n'itsinda rye basusurukije abaturiye umusozi wa Carmel mu gitaramo cy'akataraboneka yakoreye mu gihugu cya Israel.(Photo: Igihe)
Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa 18 Mata 2022, Israel Mbonyi yataramiye Abanya-Israel!-->!-->!-->!-->!-->…
Will Smith yahagaritswe imyaka 10 muri Oscars azira urushyi yakubise Rock
Will Smith wamamaye mu gukina film yahagaritswe imyaka 10 muri Oscras gala no mu bindi bihembo bitegurwa na Academy kubera urushyi yakubise Chris Rock.
Mu itangazo abategura ibihembo bya Oscars basohoye, bavuze ko ku nshuro ya 94!-->!-->!-->!-->!-->…
CARDI B YACIYE AGAHIGO KATARI KARAKOZWE N’UNDI MUHANZIKAZI WESE KU ISI
Kuri ubu Cardi B niwe muhanzikazi wenyine ugize buri ndirimbo kuri albumu ye kwemerwa na RIAA ibintu bitari byarigeze gukorwa n’undi muhanzikazi.
Cardi B yizihizaga umunsi w’amateka kuri we kuko abaye umuhanzikazi wa mbere ugeze ku!-->!-->!-->!-->!-->…
BARRY ALLEN BENSHI BITA THE FLASH YAFUNZWE
Uyu mugabo uzwi ku izina rya the flash kubera iyi film yakinnye yamugize icyamamare byatangajweko yafunzwe afatiwe mu kabari muri leta yab Hawaii
Nkuko Police yo muri ako gace yabitangaje Ezra Mathew Miller uzwi ku izina rya the!-->!-->!-->!-->!-->…
TAYLOR SWIFT AGIYE GUHABWA IMPAMYABUMENYI Y’IKIRENGA.
Taylor swift agiye kuzahabwa impamyabumenyi y’ikirenga phd ayihawe na kaminuza ya New York University mu mu minsi iri imbere.
Ejo ku wa mbere tariki 28 Werurwe nibwo umuyobozi wa kaminuza ya New York University witwa Andrew Hamilton!-->!-->!-->!-->!-->…
WILL SMITH YAKUBISE UWAVUZE NABI UMUGORE WE MU BIRORI AZA NO GUHEMBWA
Mu bihembo bya Oscar Will smith yaje kwegukana icy’umukinnyi mwiza wa filime n’ubwo yari yabanje gukubita uwayoboye uyu muhango ubwo yavugaga nabi umugore we.
Ni mu muhango wo guhemba abitwaye neza mu bijyanye no gukina filime!-->!-->!-->!-->!-->…
LIL WAYNE NA FAT JOE MURI FILIME IVUGA KU MUCO WO GUKORA MIXTAPE
Inshamake y’iyi filime y’ikegeranyo ku bahanzi bakomeye yasohotse igaragaza ko abahanzi barimo Lil Wayne, Fat Joe, Dj Kharled n’abandi hakazerekanwa uko umuziki wa mixtape ucuruzwa.
Hashize amasaha make inshamake y’iyi filime izwi!-->!-->!-->!-->!-->…
UMWAMIKAZI W’UBWONGEREZA AZAJYA YITABA TELEFONE Z’ABANTU BABIRI GUSA
Igihe cy’umwamikazi w’ubwongereza kirahenze cyane cyane muri iyi minsi niyo mpamvu umushatse wese atazaba yiteguye kwakirwa nawe kuko kugeza kuri uyu munsi azajya yitaba telephone ebyiri. Kuberiki? Izindi ninde uzajya azitaba?
!-->!-->!-->!-->!-->…
MU GITARAMO CYA OSCAR HATEGEREJWEMO BEYONCE NA BILLIE EILISH
Ni igitaramo kizaba kibaye ku nshuro ya 92 cya Oscar bikaba byamaze kwemezwa ko aba bahanzikazi bakomeye bazaririmbamo Beyonce akazaririmba Be Alive mu gihe Billie azaririmba No Time To Die
Nyuma y’uko byari bimaze igihe bivugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…