Browsing Category
Imyidagaduro
DADDY YANKEE YATANGAJE KO ARI HAFI GUHAGARIKA UMUZIKI
Ku cyumweru (tariki 20 Werurwe,2022), uyu muririmbyi ukomoka muri Puerto Rico w'imyaka 45 y'amavuko yatangaje ko azasezera muri muzika nyuma yo kumurika alubumu ye ya nyuma, Legendaddy, ndetse no kuzenguruka isi akora ibitaramo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
YOUNG THUG YATAKAJE UWO BABYARANYE UMWANA WISHWE ARASHWE
Sherina Jackson akaba mama wa Lakevia, umwana yabyaranye na young thug yaguye mu kurasana kwabereye muri atalanta mu masaha y’ijoro nk’uko raporo y Police muri iyo ntara ibigaragaza
Ni igitero cyabaye mu mpera z’iki!-->!-->!-->!-->!-->…
UMUNYABIGWI WA WWE SCOTT HALL YITABYE IMANA NYUMA Y’IGIHE GITO ABAZWE
Uyu mugabo wamenyekanye cyane mu mikino y’abafite ibiro byinshi izwi nka WWE yitabye Imana afite imyaka 63 nyuma y’igihe gito yari amaze abazwe ariko akomeza gukomererwa.
Ibi byamenyekanye cyane nyuma y’uko abagize umuryango mugari!-->!-->!-->!-->!-->…
Will smith yatsindiye igihembo cy’umukinnyi mwiza muri film King Richard
Will Smith yatsindiye Umukinnyi mwiza muri filime King Richard mu bihembo bya Critics Choice Awards ashima Venus na Serena Williams ati : 'Mwese musobanura Inzozi za Amerika.'
Ni ibihembo byatanzwe Kuri iki cyumweru tariki 13!-->!-->!-->!-->!-->…
Jussie Smollett yakatiwe igifungo cy’iminsi 150
Uyu mukinnyi wa filime w’umunyamerika Jussie Smollett yakatiwe igifungo cy’iminsi 150 nyuma y'uko y’abacamanza basanze yabeshye abapolisi ku cyaha yakurikiranwagaho
Uyu mukinnyi wa filime wamwnyekanye muri filime yitwa Empire aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Ryan Coogler wayoboye Black Panther yibeshyweho ko ari umujura wa banki arafungwa
Uwayoboye filimi yamamaye cyane Black Panther yatawe muri yombi yibeshyweho ko ari umujura waje kwiba banki ubwo yariho abikuza amafaranga kuri konti ye muri Amerika, nk'uko raporo ya polisi ibyerekana.
Ryan Coogler yatawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho kelly clarkson yamaze gutandukana n’uwahoze ari umugabo we byemewe n’amategeko
Kelly Clarkson arangije gukemura ikibazo cyo gutandukana nuwahoze ari umugabo Brandon Blackstock kuburyo bwemewe nyuma y’igihe batabana.
Kelly Clarkson na Brandon Blackstock barangije gutana nyuma yintambara ikaze. Mugihe uwahoze!-->!-->!-->!-->!-->…
Netflix yahagaritse serivise zo kwerekana filime mu Burusiya
Netflix yafashe icyemezo cyo kurwanya ibitero by'Abarusiya bikomeje muri Ukraine ihagarika ibikorwa byayo byose mu Burusiya.
Mwisi yimyidagaduro, nta serivise itambuka ifite imbaraga nubucuruzi nka Netflix, irusha ibindi bigo bakora!-->!-->!-->!-->!-->…
Muri Gospel Star Live Israel Mbonyi Yegukanye miliyoni 7 Habereyemo agashya
Mu bahanzi bagera kuri bane bahembwe mu gitaramo cyabaye mu mpera z’iki cyumweru dusoje, Israel Mbonyi yegukanye miliyoni 7 z’amafaranga y’u Rwanda, n’ubwo cyari cyabanje guhagarara
Ni igitaramo cyatumiwemo Rosa Muhando n'ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ed Sheeran yerekanye ikiganiro cya nyuma kibabaza umutima yagiranye na Shane Warne
Ed Sheeran avuga ku kiganiro kibabaje cyo kuri terefone cya nyuma yagiranye n'uyu munyabigwi wo muri Ositarariya na Shane Warne mbere y'uko yitaba Imana
Ed Sheeran yatangaje ikiganiro cya nyuma kibabaza umutima yagiranye nicyamamare!-->!-->!-->!-->!-->…
Will Smith ategerejwe muri filime iri gukorwa ‘I’m Legend’ na Michael B. Jordan
Ikindi gice ya film I Am Legend 2007 kigiye gutangira gukorwa kandi Will Smith azagaruka hamwe Michael B. Jordan wamenyekanye cyane muri black panther.
Ndi Umugani(I’m legend) ni firime yagombaga gusohoka ku ya 21 Ugushyingo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 14 Lil Wayne agiye kugaruka mu bwongereza
Bwa mbere kuva 2008, Lil Wayne azongera kugaruka mubwongereza nyuma yimyaka 14mugitaramo kizaba imbonankubone(live concert)
Ku wa gatandatu, 18 kamena, Dwayne Michael Carter Jr uzwi nka Lil Wayne azerekeza kuri Gardenerley Orchard!-->!-->!-->!-->!-->…
Knowless, BullDogg na Fireman basohoye indirimbo bagaragara mu myambarire idasanzwe
Indirimbo yari itegerejwe kubera ko Knowless uzwi nka Butera Jeanne d’Arc yari yateguje abakunzi be ko iri hafi gusohoka, yagiye hanze aho mu mashusho agaragara ari mu ngobyi bamuteruye.
Iyi ndirimbo Knowless yakoranye na BullDog!-->!-->!-->!-->!-->…
DORE IBYO PSG IRI GUHA KYLIAN MBAPPÉ KUGIRA NGO YONGERE AMASEZERANO
Umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya siporo muri Paris Saint-Germain, Leonardo, avuga ko iyi kipe izakora "ibishoboka byose" kugira ngo amasezerano ya Kylian Mbappe yongererwe igihe.
Biteganijwe ko uyu mukinnyi watwaye igikombe cy’isi!-->!-->!-->!-->!-->…
Spotify yafunze ibiro byayo yari ifite mu Burusiya
Spotify yafunze ibiro byayo i Moscou mu rwego rwo gusubiza perezida w’Uburusiya Vladimir Putin akomeje gutera Ukraine.
“Twatunguwe cyane kandi tubabajwe n'igitero simusiga cyagabwe kuri Ukraine. ” Ibi ni ibyavuzwe n'umuvugizi wa!-->!-->!-->!-->!-->…