Browsing Category
Inkuru zidasanzwe
Arashinja umugore we kumubyarira abana babi agasaba indishyi y’akababaro ya milyoni 120
Umugabo wo mu gihugu cy'Ubushinwa witwa Jian Feng kuri uyu wa mbere yajyanye ikirego cye ku rukiko rukuru rwa rubanda aho ashinja uwari umugore we kumubyarira abana basa nabi ku kigero we avuga ko gikabije ku buryo ari ibintu bibonwa!-->!-->!-->…
Bugesera: Yibye imbwa y’umuturanyi we bamufata amaze kuyibaga
Mu Murenge wa Gashora, Akagari ka Ramiro mu Karere ka Bugesera, haravugwa umugabo wafatiwe mu cyuho abaga imbwa, nyuma yo kuyiba umuturanyi, bigakekwa ko yashakaga kugurisha inyama zayo.
Nyiri itungo avuga ko yafashe ukekwa kwiba!-->!-->!-->!-->!-->…
Basabye umuhungu wabo kubyara bitarenze umwaka, bitaba ibyo akabishyura miliyoni 670
Hari ababyeyi bo mu gihugu cy'Ubuhinde bariye karungu basaba umuhungu we kubaha umwuzukuru bitaba ibyo agasubiza akayabo ka miliyoni 670 bamutanzeho.
Ababyeyi b'umugabo witwa Shrey Sagar w'imyaka 35 y'amavuko ukora akazi k'ubupolisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo bafite uruhara bakurura cyane abagore kuruta abatarufite
Buri muntu agira ibyo ashingiraho mu guhitamo uwo bashobora kuryohana mu rukundo cyangwa no mu wundi mubano wose ushobora kuba ufite icyo ugamije cyangwa nta nacyo, nubwo amahitamo ya muntu atari rusange kuko buri wese aba afite ibyo!-->!-->!-->…
Yaguye ku ndaya nyuma yo gukoresha imiti yongera imbaraga ngomakunde ayemeze
Umugabo witwa Albert Agomavi w’imyaka 40 y’amavuko yasanzwe mu cyumba cya hoteli yashizemo umwuka nyuma yo gukoresha umuti utuma umugabo atarangiza imburagihe.
Amakuru aturuka mu muryango we aremeza ko uwo mugore yapfuye bari kumwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Ibihumbi 2 by’abapolisi bafite ibibazo byo mu mutwe
Polisi ya Kenya yavuze ko abapolisi bo muri icyo gihugu bagera ku bihumbi bibiri bafite ibibazo byo mu mutwe ku buryo badashobora gukomeza akazi kabo.
Ubuyobozi bwa Polisi ya Kenya bwatangaje ko abapolisi bagera hafi 2000 bafite!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yashatse Gukorera umugore ibyamfurambi mu isoko abaguzi bamukubita Izakabwana!!
Umugabo wo muri Amerika ahitwa Miami arashinjwaga gushaka gukoresha imibonano mpuzabitsina umugore ku gahato, hanyuma abari mu isoko baramukubita karahava.Ibi byabereye mu isoko ryo muri Miami mu majyepfo ya Florida.
Bivugwa ko uyu!-->!-->!-->…
Kigali: Amashusho y’Urukozasoni yafatiwe ku Gisimenti Atumye weekend hazajya haba Car Free zone
Kuwa 25 Gashyantere 2022 nibwo ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwemeje ko umuhanda urangwamo utubari twinshi, uturuka ku kabari ka Rosty umunuka ugana aho RGB ikorera uzajya ugirwa Car Free Zone buri wa Gatanu kugeza saa Kumi n’Ebyiri!-->…
Ukwezi kuzakubitwa na Toni 3 z’Amayobera z’umwanda wo mu kirere
Abahanga bemeje ko toni 3 z'ibintu bitazwi bizahura n'ukwezi ku wa gatanu ku kigero cya kilometero 5800 mu isaha, bigatuma umukungugu w'ukwezi ukwirakwira ndetse hakazasigara umwobo
Nk’uko CBS News ibitangaza, biteganijwe ko ukwezi!-->!-->!-->!-->!-->…
Yishyuye mushiki we kuza mu biruhuko – ariko abonye igitagangurirwa murugo asubirayo
Mama mushya wari utegerezanyije amatsiko umunsi mukuru wambere wumuryango hamwe numwana we wavutse yavuze ko yasigaye yumiwe ubwo mushiki we yagendaga nyuma yijoro rimwe
Uyu mutegarugori utarashize ahagaragara izina rye, yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…