Browsing Category
Inkuru zidasanzwe
Ntibisanzwe: Bimwe mu bintu bitangaje bikubiye mu masezerano bamwe mu bakinnyi bakomeye bagiye…
Ni byinshi bigenderwaho mu gihe abantu basinya amasezerano y'akazi, aho buri wese areba ingingo zizamurengera kuburyo biba ngombwa ko uko byagenda kose usinya aba anyuzwe n’ibyo asinyiye, ibyo kandi biba bikomeye cyane iyo bigeze mu!-->!-->!-->…
Brazil: Umubyeyi w’imyaka 19 yabyaye abana b’impanga badahuje ba se
Mu gihugu cya Brazil haravugwa inkuru y'umubyeyi uri mu kigero cy'imyaka 19 y'amavuko yabyaye abana babiri b'impanga ariko abo bana bakaba badahuje ba se.
Hari igihe umunyamakuru afata ikaramu ye akandika cyangwa se akaba yavuga,!-->!-->!-->!-->!-->…
Gambia: Leta yahaye gasopo abakecuru b’Abongereza bajyaga baza muri icyo gihugu gushaka…
Leta y'igihugu cya Gambiya yagaye gasopo abagore bageze mu zabukuru b'abazungu bajyaga baza muri icyo gihugu bazanwe no gushaka abasore b'abapfubuzi.
Guverinoma y'igihugu cya Gambiya yihanangirije abakecuru b'abazungu abenshi!-->!-->!-->!-->!-->…
Joseph Williams wavutse atagira akananwa ari mu byishimo byinshi nyuma yo kubona umugore…
Umugabo witwa Joseph Williams,yavuzwe cyane kubera kuvuka nta kananwa ariko akabona urukundo rw’ubuzima bwe,umukobwa w’ikizungerezi.
Uyu mugabo uvuga ko yakuze yibasirwa kubera uko yavutse, yavuze ko yishimiye kwisanga mu rukundo na!-->!-->!-->!-->!-->…
Amaze iminsi atoza abaturanyi indirimbo bazamuririmbira ari gushyingurwa
Umusaza uri mu kigero cy'imyaka 90 amaze iminsi atoza abaturage indirimbo z'intoranywa yifuza ko bazaririmba igihe azaba yitabye Imana ari gushyingurwa.
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y'umusaza uri mu kigero cy'imyaka 90!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Ubuyobozi bw’umurenge bwateye utwatsi amakuru y’izuka ry’umukecuru…
Ubuyobozi bw'umurenge wa Manyaga buranyomoza amakuru yavugaga ko hari umubyeyi wazutse nyuma y'amasaha atanu apfuye.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Manyaga mu Karere ka Rwamagana aramaganira kure amakuru yavugaga ko!-->!-->!-->…
Pasitoro yahondaguwe n’abakristo be nyuma yo kumenye ko yaguriye umugore we imodoka ihenze mu…
Abakristo b'itorero ry'Ababatisita bibasiye pasitoro wabo baramuhondagura bikomeye nyuma yo kumenya ko uwo mukozi w'Imana yaguriye umugore we imodoka ihenze akoresheje amaturo y'abakristo.
Umuvugabutumwa akaba n'umupasitoro ukomoka mu!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Yatawe muri yombi azira gutwika intoki umwana we amuziza kumwiba ibihumbi 70
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugabo w’imyaka 39 witwa Nsanzabera Pierre, ukekwaho gutwika umwana we ibiganza byombi avuga ko yamwibye amafaranga.
Tariki 7 Nyakanga 2022, nibwo uyu mugabo wo mu mudugudu wa!-->!-->!-->…
Kigali: Abanyeshuri b’abakobwa barwanye baterana ibyuma bapfa umugabo
Abanyeshuri bari bagiye kwiga barwanye intambara karahava baterana icyuma, biravugwa ko ngo bapfuga umugabo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki 7 Nyakanga 2022 mu masaha yo kujya kwiga mu gitondo, abakobwa b'abanyeshuri biga ku bigo!-->!-->!-->…
Menya igihugu aho umugabo abanza kwitema intoki nk’ikimenyetso cy’urukundo
Sobanukirwa igihugu aho abaturage bafite umuco wo kubanza kwitema no guca urutoki ku mugabo wese mbere y'uko arongora akegukana umugore, bigakorwa nk'ikimenyetso cy'urukundo.
Abanyarwanda iyo bavuze ngo Agahugu muco, akandi umuco,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana: Umwalimu wari muri stage yateye inda abanyeshuri 24 harimo na Directrice
Umwarimu wari muri stage yateye inda abanyeshure 24 harimo na directrice w'ishure hamwe n'abandi barimu bane bo kuri iryo shure.
Nk'uko tubikesha ibimenyeshamakuru byo muri Ghana ngo uwo mwarimu yari yaje mu imenyerezamwuga kwigisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Umudepite yasabye Leta guhagurukira ikibazo cy’abagabo bonka abagore babo
Umudepite mu nteko ishingamategeko mu gihugu cya Tanzaniya yasabye ko ikibazo cy'abagabo bonka amashereka abagore babo gikwiye guhagurukirwa kuko bayacura abana babo kandi aribo aba agenewe
Ubwo yari mu nteko rusange y'inteko!-->!-->!-->!-->!-->…
Zimbabwe: Ubukene busigaye butuma abaturage bagurisha amano y’ibirege
Hari amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko muri Zimbabwe abaturage batangiye kugurisha bimwe mu biceby’umubiri wabo kubera ikibazo cy’ubuzima bukomeje kugorana kubera ubushomeri.
Biravugwa ko aba baturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Arashinja umugore we kumubyarira abana babi agasaba indishyi y’akababaro ya milyoni 120
Umugabo wo mu gihugu cy'Ubushinwa witwa Jian Feng kuri uyu wa mbere yajyanye ikirego cye ku rukiko rukuru rwa rubanda aho ashinja uwari umugore we kumubyarira abana basa nabi ku kigero we avuga ko gikabije ku buryo ari ibintu bibonwa!-->!-->!-->…
Bugesera: Yibye imbwa y’umuturanyi we bamufata amaze kuyibaga
Mu Murenge wa Gashora, Akagari ka Ramiro mu Karere ka Bugesera, haravugwa umugabo wafatiwe mu cyuho abaga imbwa, nyuma yo kuyiba umuturanyi, bigakekwa ko yashakaga kugurisha inyama zayo.
Nyiri itungo avuga ko yafashe ukekwa kwiba!-->!-->!-->!-->!-->…