Browsing Category
Izindi nkuru
Rwanda revenue yashyize hanze urutonde rw’abacuruzi bakwepa imisoro
Ikigo cy'igihugu gishinzwe kwakira imisoro RRA cyashyize hanze urutonde rw'abacuruzi n'ibigo by'ubucuruzi bikomeje kutubahiriza inshingano zabo mu gutanga umusoro.
Ikigo cy'igihugu gishinzwe gukusanya no kwakira imisoro Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo Yafashwe azira kwinjiza amasashe atemewe mu gihugu
Mu mwaka wa 2008 Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kurwanya ibikoresho bikozwe muri pulasitiki mu rwego rwo kurengera ibidukikije, birimo amasashe kuko byagaragaye ko agira ingaruka mbi ku bidukikije.
Iyo amasashe ageze mu butaka!-->!-->!-->…
Karongi: Abanyarwanda bakubiswe n’umushinwa abazirikiye ku giti bahawe ubutabera yakatiwe…
Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahanishije Umushinwa Shujun Sun igihano cy’igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo kumuhamya icyaha cy’iyicarubozo yakoreye abakozi be abashinja kumwiba amabuye y’agaciro.
Umwanzuro w’urukiko wasomwe kuri uyu wa!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatangiye gusimbuza abapolisi barwo bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
Itsinda ry’abapolisi 80 ryahagurutse ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali , aho aba bapolisi bagiye gusimbura bagenzi babo bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo, mu Ntara ya Upper Nile, mu gace ka!-->!-->!-->…
umugororwa wakatiwe burundu yategetswe kumara iminsi 15 iwe atera akabariro kugeza umugore we asamye
Urukiko rwategetse umugororwa wakatiwe igifungo cya burundu gutaha iwe akamara iminsi 15 atera akabariro kugeza umugore we asamye.
Mu gihugu cy'Ubuhinde haravugwa inkuru y'urukiko rwo mu gace kitwa Rajasthan rwaraye rutegetse kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUTUYIMANA wifuza guhindura amazina
Uwitwa MUTUYIMANA Xxx mwene REKAYABO na NTAHEZA utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, mu Murenge wa Ruhango ho mu Kagali ka Gihira mu Mudugudu wa Rukoko yanditse asaba uburenganzira bwo gihindura amazina yari sanzwe akoresha!-->…
Nyaruguru: Umugabo yafatanwe magendu amabaro 19 y’imyenda ya caguwa
Polisi ikorera mu karere ka Nyaruguru ifatanije n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Mata, yafashe umugabo witwa Sindayigaya Patrice afite magendu y’amabaro 7 y’imyenda izwi nka caguwa ,!-->!-->!-->…
Rusizi: Umugabo ukurikiranweho gushuka umuntu akamwambura amafaranga yatawe muri yombi
Polisi ikorera mu karere ka Rusizi kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Mata, yafashe umugabo witwa Havugimana Narcisse ukurikiranweho gushuka Nyiransabimana Domitille akamwaka amafaranga 100.000 Frw, amubwira ko azamufunguriza umugabokuko!-->!-->!-->…
Uganda: Inzovu yishe umushakashatsi w’umunya-Colombia muri pariki y’igihugu
Umushakashatsi w’umunya-Colombia yapfuye nyuma yo gukandagirwa n’inzovu muri pariki y’igihugu ya Kibale muri Uganda.
Ikigo cya Uganda gishinzwe kwita ku nyamaswa zo mu gasozi cyatangaje ko Ramirez Amaya Sebastian, ukorera kaminuza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ritsiro: Batatu bafashwe bacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranije n’amategeko
Polisi ikorera mu Karere ka Rutsiro, ku cyumweru tariki ya 10 Mata yafatanye abagabo batatu ibiro 38 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti bacukuye mu buryo butemewe mu kirombe cya kompanyi yitwa Better Generation!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Babiri bafatanwe udupfunyika 992 tw’urumogi
Polisi y' u Rwanda mu karere ka Nyamagabe, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 09 Mata yafashe abantu 2 bafite udupfunyika tw'urumogi 992.
Abafashwe ni Baraturwango Jean wafatiwe mu Murenge wa Gatare afite udupfunyika tw'urumogi 886 na!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Yafashwe agiye gukorera undi ikizamini cy’urushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Mata, Polisi yafashe uwitwa Manirafasha Jean Bosco w'imyaka 40, ukurikiranweho kujya gukora ikizamini cy'uruhushya rw' agateganyo mu izina ry'undi. Yafatiwe ku Muhima ahari hagiye gukorerwa ikizamini!-->!-->!-->…
Perezida Museveni yongeye guhura na Kagame imbonankubone.
Perezida Kaguta Yoweri Museveni yavuze ko yahuye akaganira na mugenzi we w'u Rwanda Perezida Paul Kagame ubwo bose bari bitabiriye umuhango wo kwakira ku mugaragaro igihuhu cya DRC muri EAC.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 8 Mata 2022!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul yerekeje muri Kenya kwakira DRC mu muryango wa EAC
Perezida wa repubulika Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Kenya aho ajyanywe no gushyira umukono ku masezerano yo kwakira igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo mu muryango wa EAC.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Perezida Kagame nyuma yo gukorakora ku gisamagwe ari kizima.
Perezida Paul Kagame yavuze ko yishimiye gusura ibikorwa by’ubukerarugendo muri Zambia by’umwihariko mu cyanya kibamo inyamaswa zirimo n’iz’inkazi.
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Mata 2022 yasoje uruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…