Browsing Category
Izindi nkuru
Koreya ya Ruguru yibasiwe na Covid-19 Perezida Kim Jong-un ati ni akaga gakomeye.
Ibinyamakuru byo muri Korea ya Ruguru bitangaza ko Perezida wabo Kim Jong-un avuga ko umuvuduko udasanzwe icyorezo cya Covid kiriho ari akaga gakomeye ku gihugu cye.
Mu nama yihutirwa yabaye kuri uyu wa gatandatu, Kim Jong-un!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Umusore witeguraga kurongora yapfuye bitunguranye
Umusore wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kageyo waburaga icyumweru kimwe ngo ashinge urugo, yapfuye bitunguranye.
Uyu musore witwa Ndayishimiye Gilbert yari asanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyarusange mu Kagari ka Busetsa, Umurenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Indege yari twaye abagenzi 122 yahiye iri guhaguruka
Indege yari itwaye abagenzi 122 yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari mu nzira yo guhaguruka.
Ku wa kane, tariki ya 12 Gicurasi,nibwo iyo ndege itwara abagenzi yagize iki kibazo, abagenzi 36 bajyanwa mu bitaro bafite ibikomere!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mubikira bavugaga ko yabuze, yishyikirije RIB
Nyuma y'aho bikomeje kuvugwa ko umubikira witwa Furaha Florence yaburiwe irengero akajya ahantu hatazwi, none byamaze kumenyekana ko yishyikirije RIB
Ku munsi w'ejo nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amakuru y'ibura!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka 155 abashinjwa kwica ba nyamweru
Urukiko rwo mu gihugu cya Malawi rwaraye rukatiye igifungu cy'imyaka 155 abagabo batatu bahamijwe icyaha cyo kwica abafite ubumuga bw'uruhu.
Urukiko rwisumbuye mu gihugu cya Malawi rwakatiye abagabo batatu, rubakatira igifungo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bill Oxley yiyemereye ko ariwe wishe Bob Marley abinyujije mu rukweto
Umusaza w’imyaka 79 witwa Bill Oxley wahoze ari umukozi w’Urwego rw’ Ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yiyemereye ko ari we wishe umucuranzi wari igihanganye mu njyana ra Reggae Bob Marley.
Hashize imyaka 36 Bob Marley ufatwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Habonetse undi muntu uvuga ko Bamporiki yamwambuye bagakizwa n’umuvunyi
Habonetse undi muntu uvuga ko yahemukiwe na Honorable Bamporiki wamwambuye umushahara we w'amezagera kuri atatu
Nyuma y'aho Bwana BAMPORIKI Edouard wahoze ari umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'umuco n'urubyiruko ahagaritswe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Samia Suluhu mu rugendo rw’iminsi 2 i Kampala
Perezida w'igihugu cya Tanzaniya Samiya Suluhu Hassan ari mu gihugu cya Uganda ku butumire bwa mugenzi we Museveni Kaguta Yoweri.
Perezida Samiya Hassan Suluhu wa Tanzaniya muri iki gitondo cyo kuwa Kabiri yakoreye uruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre w’intebe Ngirente yapfushije umubyeyi
Umubyeyi wa Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yitabye Imana ku myaka 85 y’amavuko azize uburwayi aho yari arwariye muri CHUK.
Uyu mubyeyi wa Dr Ngirente Edouard witwa Ngirumpatse Athanase, yitabye Imana azize uburwayi kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Fransisko yasubitse urugendo yari afite muri Liban kubera uburwayi.
Umushumba wa kiliziya Gatolika ku isi Papa Fransisko yasubitse urugendo rw'amateka yari kuzakorera muri Liban kubera ikibazo cy'uburwayi bwo mu ivi.
Ibiro by'Umushumba mukuru wa kiliziya Gatulika ku isi Papa Fransisko byamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Yafashwe agiye gukwirakwiza urumogi mu baturage
Ku wa Gatandatu tariki ya 07 Gicurasi, Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, yafashe Umugabo wari ufite ibiro 2 n'udupfunyika 1.019 by'urumogi, yari amaze kwinjiza mu gihugu arukuye mu gihugu cy'abaturanyi cya Repubulika!-->!-->!-->…
Huye: Hafashwe litiro zirenga 1,400 z’inzoga z’inkorano
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage mu karere ka Huye yafashe kandi yangiza litiro 1,405 z’inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya Muriture.Izi nzoga!-->!-->!-->…
Batunguwe no kumva uwo bari bagiye gushyingura akomanga ku isanduku
Batashywe n'ubwoba nyuma yo kubona uwo bari bari bagiye gushyingura akomanga ku isandugu mu gihe bari bamugeje ku irimbi ngo ashyingurwe
Abaturage na bamwe bo mu muryango w'umugore witwa Rosa Isabel Cespede Callaca w’imyaka 36 !-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bane bafunzwe bakurikiranyweho gukwirakwiza urumogi
Mu mpera z’iki cy’umweru, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu yafashe abantu 4 bacyekwaho gukwirakwiza udupfunyika 1,688 tw’urumogi mu bice bitandukanye.Abafashwe ni Singiranumwe Athanase w’imyaka 42 n'umukobwa we Mutesiwase Sifa!-->!-->!-->…
Nyanza: Hibutswe mutagatifu Ludoviko w’i Montfort waragijwe ikigo cya Ecole des Sciences
Ikigo cyaragijwe mutagatifu Ludoviko w'i Monforo giherereye mu Karere ka Nyanza cyibutse uwo mutagatifu mu birori by'akataraboneka.
Bwa mbere nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka w'i 1994, ishuri Ecole des Sciences!-->!-->!-->!-->!-->…