Browsing Category
Izindi nkuru
Uganda: Juma n’umuryango we basusweho acide nyuma yo kuva mu idini rya Islam.
Nyuma y’uko bafashe gahunda yo guhindura idini basengeragamo bakajya murindi, umuryango w’uwitwa Juma Waiswa bahaswe inkoni ndetse banabamenaho Acid bababwira ko bakwiriye urupfu.
Aya mahano yakorewe uyumugabo n’umugorewe hamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
tsinda ry’ abasenateri baturutse muri Zimbabwe bari mu rugendoshuri mu Rwanda
Itsinda ry' abasenateri baturutse mu gihugu cya Zimbabwe, bibumbiye muri komisiyo y'uburinganire n'iterambere, bari mu Rwanda mu rugendoshuri rugamije kubongerera ubunararibonye, rwatangiye tariki 26 Werurwe rukazageza tariki ya 1 Mata!-->!-->!-->…
Burera: Abantu batandatu bafatanwe ibiro 6 by’ amabuye y’agaciro
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Werurwe yafashe abantu babiri bibye amabuye y'agaciro ibiro 6 mu kirombe cya kompanyi icukura ikanatunganya amabuye y’agaciro, yitwa Gifurwe!-->!-->!-->…
Gatsibo: ingendo Abagitifu b’Utugari bakora bajya mu kazi zarohejwe
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari two mu Karere ka Gatsibo batangiye guhabwa moto zizabafasha mu guha serivisi nziza abaturage.
Ni moto batangiye guhabwa kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2022, nyuma y’umuganda wabereye!-->!-->!-->…
Abarimu barasaba kongererwa inguzanyo idasaba ingwate bahabwa n’Umwalimu SACCO
Abanyamuryango ba Koperative y’abarimu yo kubitsa no kugurizanya Umwalimu SACCO bavuga ko hari byinshi bungukiye muri iyi koperative ariko bifuza ko inguzanyo bahabwa badasabwe ingwate yakongerwa kugira ngo barusheho kwiteza!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Amazu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’umuriro
Muri iki gitondo cyo kuwa gatandatu amazu 8 akorerwamo ubucuruzi yafashwe n'inkongi y'umuriro arakongoka hangirika byinshi.
Ahagana saa tatu z'igitondo zo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Werurwe 2022 mu Karere ka Nyamasheke, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Babiri bafashwe bibye icyuma gisya ikawa
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rusizi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Werurwe, yafatiye mu cyuho abantu 2 bari bibye icyuma gisya ikawa murugo rw’umuturage,
Ibi byabereye mu murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abagabo babiri bafatanwe ibikoresha birimo n’amafaranga bari bibye umucuruzi
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa kabiri tariki 22 Werurwe yafashe abagabo babiri bari bibye amafaranga 996,000 n’ibikoresho bitandukanye birimo mudasobwa, na televisiyo, byari byibwe umucuruzi witwa!-->!-->!-->…
Itangazo ry’uwitwa INGABIRE wifuza guhinduza amazina
Uwitwa INGABIRE Xxx mwene Nzitabakuze na Mukeshimana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, Akagali ka Rundoyi ho mu mudugudu wa Gakararanka yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Muhanga: Yafashwe agiye kuvunjisha amadorari y’amahimbano
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga yafashe umugabo witwa Ndayishimiye Reverien wari ugiye muri Banki ya UNGUKA Ishami rya Muhanga riherereye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe agashaka kuvunjisha amadolari y’Amerika!-->!-->!-->…
NASA YEMEJE KO HARI INDI MIBUMBE 500 NYUMA Y’IYARI ISANZWE IZWI
Nasa yatangaje yemeza ko hanze y’igice cyo mu isanzure isi n’indi mibumbe yari isanzwe izwi bibarizwa, hari indi mibumbe 5000 hakaba harimo ishyuha cyane imeze nka Jupiter imeze nk’isi ndetse n’imeze nka neptunes.
Ubusanzwe habarwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Polisi yagaruje moto yari yibwe
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo, tariki ya 20 Werurwe yafashe uwitwa Bizimana Christophe w’imyaka 25, wari wibye moto y’uwitwa Mwesigye Geoffrey.
Bizimana yayiftanwe iyi moto ashaka kuyigurisha mu kagali ka Remera, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ubugabo si ubutumbi” Nukomeza nzagukuramo amenyo
Grand P yahaye gasopo undi muhanzi mugenzi we amubwira ko nakomeza kumuteretera umugore azamukuramo amenyo.
Moussa Sandiana Kaba umuhanzi ukomeye cyane ukomoka mu gihugu cya Guinea ariko akaba azwi cyane ku kazina ka Grand P,!-->!-->!-->!-->!-->…
Isomwa ry’urubanza rwa Rusesabagina ryatewe ipine
Urukiko rw’Ubujurire rwasubitse isomwa ry’urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina na bagenzi be 20 rwemeza ko byatewe n’uko iminsi 30 bari bihaye yo kurwandika yarangiye batararangiza kubikora.
Guhera saa tatu za mugitondo (09:00 AM)!-->!-->!-->!-->!-->…
STECOMA irasaba abakoresha kwita ku bafundi bakajya babahembera ku ma konti, ndetse…
Mu gihe, imyumvire y’abakoresha n’abakozi yahindutse, umukoresha akumva ko akwiye guhembera umukozi we kuri konte, akamugenera ubwiteganyirize n’ubwishingizi, bizahindurira ubuzima bw’umukozi , binafashe umukoresha guhabwa sirivise!-->!-->!-->…