Browsing Category
Izindi nkuru
RIB yanyomoje amakuru yiriwe avuga ko Ndimbati yaba yafunguwe.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwanyomoje amakuru yari yiriwe avugwa ku mbuga nkoranyambaga ko Ndimbati yafunguwe
Nyuma y'aho bimwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byariwe byandika ko uwitwa Ndimbati umaze iminsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: haravugwa urupfu rw’umugore n’umugabo bikekwako rwatetwe n’imvura nyinshi
Umugabo w’imyaka 65 n’umugore we w’imyaka 72 b’i Rusatira mu Karere ka Huye, mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe 2022, basanzwe bapfuye, bari mu gitaka no mu byatsi byamanuwe n’umuvu waturutse ku mvura nyinshi.
Bivugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Obama wigeze kuyobora USA yarwaye covid-19
Uwahoze ar Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Barack Obama yarwaye Covid-19.
Bwana Barack OBAMA, umwirabura umwe rukumbi wayoboye Leta Zunze ubumwe za Amerik, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, kuri iki cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuherwe Nick Candy yagaragaje inyota yo kugura ikipe ya Chelsea imaze iminsi iri ku isoko
Umuherwe w'umwongereza akaba n'umukunzi ukomeye w'ikipe ya Chelsea yagaragaje ko nawe afite inyota yo kugura iyo kipe imaze iminsi iri ku isoko
Umuherwe w'Umwongereza akaba n'umufana ukomeye w'ikipe ya Chelsea uzwi ku izina rya Nick!-->!-->!-->!-->!-->…
Iraq: Abaturage bazindukiye mu myigaragambyo kubera izamuka ry’ibiciro ry’ibiribwa.
Ibihumbi by'abaturage bazindukiye mu myigaragambyo mu mihanda ya Bagdad basaba Leta yabo kumanura ibiciro by'ibiribwa bimaze kwikuba akarenga gatatu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 9 Werurwe 2022, abihumbi by'abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
“Muhoozi aracyari umusirikare wa Uganda” Umuvugizi wa UPDF
Umuvugizi w'igisirikare cya Uganda yatangaje ko kugeza ubu atarabona urwandiko rwa Muhoozi Kainerugaba rusaba gusezera mu gisirikare, bityo ko uwo mugabo akiri umusirikare mu ngabo z'igihugu UPDF.
Nyuma y'aho kuri uyu wa kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyiransengimana wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa NYIRANSENGIMANA Claudine Mwene XXX na Nyiramafaranga utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rubavu, Umurenge wa Kanama, mu Kagari ka Mahoko ho mu mudugudu wa Nyamugari yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
Nyanza : 97 basabye imbabazi abo biciye muri jenoside
Abagore n’abagabo bo muri Paruwasi ya Nyanza Centrale ya Nyamure na Mubuga. Bari bamaze umwaka bahabwa inyigisho z’isanamitima hagamijwe komorana ibikomere no kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge.
Abahawe imbabazi n’abo biciye ababo muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Babiri bakurikiranweho gukwirakwiza urumojyi mu baturage
Polisi yafashe abantu babiri bakekwaho gukwirakwiza urumogi mu turere twa Rulindo na Nyabihu, kuwa mbere tariki ya 7 Werurwe 2022, mu mukwabu wo gufata abantu bakwirakwiza urumogi mu baturage mu bice bitandukanye by’igihugu.Abafashwe!-->!-->!-->…
Hamenyekanye ibisabwa ku bacancuro b’Abanyafrika bifuza kujya gufasha Ukraine
Ambasaderi wa Ukraine muri Nigeria yatangaje ko abanyafrika b'abacancuro bifuza kujya gufasha Ukraine bagomba kubanza gutanga amadorari 1000.
Mu cyumweru gishize nibwo ambasade ya Ukraine mu gihugu cya Senegal yatangaje ko iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Umuturage akurikiranweho kwiba no kwangizaga ibikorwaremezo by’amashanyarazi
Polisi ikorera mu Karere ka Bugesera ifatanije n’izindi nzego z’umutekano yafashe umugabo witwa Ngendambazi Theoneste w’imyaka 32 ukurikiranweho icyaha cyo kwiba ibikoresho byifashishwa bubaka amapironi.Uyu Ngendambazi na mugenzi we!-->!-->!-->…
Perezida wa Guinea Bissau Umaro Sissoco Embaló ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi 3
Perezida wa Guinea Bissau Umaro Sissoco Embaló yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda.
Akigera ku Kibuga cy'Indege Mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe na Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Polisi yagaruje amafaranga yari yibwe umuturage
Polisi ikorera mu Karere ka Konoye,kuwa Gatanu tariki ya 04 Werurwe, yagaruje amafaranga 800.500 muri miliyoni 1.200.000 yari yibwe umucuruzi witwa Theogene Nkuranga ucuruza ibigori mu duce dutandukanye tw’Intara y’Amajyepfo n’Umujyi!-->!-->!-->…
Nyanza: SOFIYA yongeye gutorerwa kuyobora urugaga rw’abikorera mu myaka 3 iri imbere
Madame Mukarurangwa Sophie yongeye gutorerwa kuyobora urugaga rw'abikorera mu Karere ka Nyanza kuri manda ya kabiri izamara imyaka itatu
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 4 Werurwe 2022, mu cyumba mberabyombi (Grande Salle) ya Ecole des!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Polisi yafashe umugore uherutse kugaragara asindira mu ruhame
Kuwa Kane tariki ya 03 Werurwe, Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali yafashe umugore witwa Umutoni Divine ukurikiranweho gukora icyaha cyo gusindira mu ruhame akanakora ibiterasoni.
Umutoni Divine yafatiwe mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…