Browsing Category
Izindi nkuru
Abarimu barasaba kongererwa inguzanyo idasaba ingwate bahabwa n’Umwalimu SACCO
Abanyamuryango ba Koperative y’abarimu yo kubitsa no kugurizanya Umwalimu SACCO bavuga ko hari byinshi bungukiye muri iyi koperative ariko bifuza ko inguzanyo bahabwa badasabwe ingwate yakongerwa kugira ngo barusheho kwiteza!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Amazu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’umuriro
Muri iki gitondo cyo kuwa gatandatu amazu 8 akorerwamo ubucuruzi yafashwe n'inkongi y'umuriro arakongoka hangirika byinshi.
Ahagana saa tatu z'igitondo zo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Werurwe 2022 mu Karere ka Nyamasheke, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Babiri bafashwe bibye icyuma gisya ikawa
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rusizi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Werurwe, yafatiye mu cyuho abantu 2 bari bibye icyuma gisya ikawa murugo rw’umuturage,
Ibi byabereye mu murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abagabo babiri bafatanwe ibikoresha birimo n’amafaranga bari bibye umucuruzi
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa kabiri tariki 22 Werurwe yafashe abagabo babiri bari bibye amafaranga 996,000 n’ibikoresho bitandukanye birimo mudasobwa, na televisiyo, byari byibwe umucuruzi witwa!-->!-->!-->…
Itangazo ry’uwitwa INGABIRE wifuza guhinduza amazina
Uwitwa INGABIRE Xxx mwene Nzitabakuze na Mukeshimana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, Akagali ka Rundoyi ho mu mudugudu wa Gakararanka yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Muhanga: Yafashwe agiye kuvunjisha amadorari y’amahimbano
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga yafashe umugabo witwa Ndayishimiye Reverien wari ugiye muri Banki ya UNGUKA Ishami rya Muhanga riherereye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe agashaka kuvunjisha amadolari y’Amerika!-->!-->!-->…
NASA YEMEJE KO HARI INDI MIBUMBE 500 NYUMA Y’IYARI ISANZWE IZWI
Nasa yatangaje yemeza ko hanze y’igice cyo mu isanzure isi n’indi mibumbe yari isanzwe izwi bibarizwa, hari indi mibumbe 5000 hakaba harimo ishyuha cyane imeze nka Jupiter imeze nk’isi ndetse n’imeze nka neptunes.
Ubusanzwe habarwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Polisi yagaruje moto yari yibwe
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo, tariki ya 20 Werurwe yafashe uwitwa Bizimana Christophe w’imyaka 25, wari wibye moto y’uwitwa Mwesigye Geoffrey.
Bizimana yayiftanwe iyi moto ashaka kuyigurisha mu kagali ka Remera, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ubugabo si ubutumbi” Nukomeza nzagukuramo amenyo
Grand P yahaye gasopo undi muhanzi mugenzi we amubwira ko nakomeza kumuteretera umugore azamukuramo amenyo.
Moussa Sandiana Kaba umuhanzi ukomeye cyane ukomoka mu gihugu cya Guinea ariko akaba azwi cyane ku kazina ka Grand P,!-->!-->!-->!-->!-->…
Isomwa ry’urubanza rwa Rusesabagina ryatewe ipine
Urukiko rw’Ubujurire rwasubitse isomwa ry’urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina na bagenzi be 20 rwemeza ko byatewe n’uko iminsi 30 bari bihaye yo kurwandika yarangiye batararangiza kubikora.
Guhera saa tatu za mugitondo (09:00 AM)!-->!-->!-->!-->!-->…
STECOMA irasaba abakoresha kwita ku bafundi bakajya babahembera ku ma konti, ndetse…
Mu gihe, imyumvire y’abakoresha n’abakozi yahindutse, umukoresha akumva ko akwiye guhembera umukozi we kuri konte, akamugenera ubwiteganyirize n’ubwishingizi, bizahindurira ubuzima bw’umukozi , binafashe umukoresha guhabwa sirivise!-->!-->!-->…
MIFOTRA yatangaje ko ibizamini by’akazi ka Leta bizajya bikorwa mu ikoranabuhanga.
Ministeri y'abakozi ba Leta yatangaje ko ibizamini by'akazi ka Leta bitazongera gukoreshwa ikaramu, ko ahubwo bizajya bikorwa mu ikoranabuhanga.
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), yatangaje ko nta kigo cya leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Steven Mutabazi, umwe mu bahanga u Rwanda rwari rufite mu ikoranabuhanga yitabye Imana
Mutabazi Steven wari mu bahanga u Rwanda rwari rufite mu bijyanye n’ikoranabuhanga ndetse akaba ari nawe wakurikiranye igitekerezo cy’umushinga wa Kigali Innovation City mu ntangiriro, yitabye Imana.
Mutabazi kuri ubu yari umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurundi wavuze ko ashaka gutanga imfashanyo y’ibigori ku mpunzi za Ukraine yahawe…
Umugabo w'Umurundi witwa Adrien arifuza gutanga imfashanyo y'ibiro 100 z'ibigori ku mpunzi z'Abanya Ukraine, yahawe urw'amenyo na bagenzi be babyita ko ari kwibonekeza ku bazungu.
Hari umugabo w'Umurundi witwa Adrien Nimpagaritse wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Cardinal Antoine Kambanda ari i Burundi, yakiriwe na Perezida Ndayishimiye Evariste
Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali akaba n'umuyobozi wa Diyosezi ya Kibungo yagiriye uruzinduko i Burundi abonana na Perezida Evariste Ndayishimiye.
Kuri uyu wa kane taliki ya 17 Werurwe 2022, mu gihugu cy'u Burundi, mu Ntara ya!-->!-->!-->!-->!-->…