Browsing Category
Izindi nkuru
Ngororero: Babiri bakekwaho gukwirakwiza urumogi batawe muri yombi
Polisi ikorera mu Karere ka Ngororero yafashe Theogene Nsengimana w’imyaka 27 na Laurence Mukundimana w’imyaka 25 bafashwe bafite udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 2.685 kuri moto barujyanye mu Karere ka Muhanga.
Aba bombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Buhari yababajwe n’ivangura ryakorewe abirabura muri Ukraine
Perezida wa Nigeriya BUHARI yavuze ko yababajwe n'ivangura abasirikare ba Ukraine bakoreye abirabura ubwo nabo bashakaga guhungana n'abandi banya Ukraine kubera ibitero by'Uburusiya.
Perezida Muhamadu Buhari uyobora igihugu gituwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Musenyeri Musengamana Papias yagizwe Umwepiskopi wa Diyoseze ya Byumba
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yashyizeho Musengamana Papias nk’Umushumba wa Diyoseze Gatulika ya Byumba, asimbura Musenyeri Seriviliyani Nzakamwita ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
Mu itangazo ryasohowe kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Yatangiye ari umunyarwenya none ubu ari gufata ibyemezo akomeje mu ntambara arwana n’Uburusiya
Uyu ntawundi ni Volodymyr Zelenskyy wabaye perezida mu mwaka w’2019 akaba yari asanzwe ari umunyarwenya ariko akaza kujya no muri politiki aho yaje gukura igitekerezo cyo kwiyamamariza kuyobora Ukraine
Volodymyr Zelenskyy ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Iyo ukoresheje ubwiherero mu ndege bigenda bite? Umwanda ujya he?
Benshi bakunze kwibaza iki kibazo ariko iyo bagerageje gushaka ibisubizo barabibura kuko hari abababwira ko umwanda bawujugunyahanze y’indege ariko siko bimeze.
Waba uri umuntu ukunda umunezero wo kujya mu ndege cyangwa ugasanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yatesheje uwari ugiye gukwirakwiza ibiro 40 by’urumogi
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yafatanye Dusengimana Olivier ibiro 40 by'urumogi byari bigiye gukwirakwizwa mu baturage.
Uru rumogi rwafatiwe mu Mudugudu wa Kivu, Akagali ka Nego mu Murenge wa Gisenyi, Dusengimana Olivier, yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bafashije abanyeshuri bagizweho ingaruka…
Abapolisi b'u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu Ntara ya Upper Nile mu gace ka Malakar mu gihugu cya Sudani y’Epfo bafashije abanyeshuri bagizweho ingaruka nt’intambara babaha ibikoresho by’ishuli n’iby’isuku.
Iki!-->!-->!-->…
Iyangazo rya Bamporineza wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Bamporineza Null mwene Bahungu na barinabo utuye mu Mudugudu wa Marabuye, Akagari ka Nyakarera, Umurenge wa Ruhango, mu Karere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Kigali: Batatu bakurikiranyweho kwiba ibikoresho by’amashanyarazi no kwangiza ibikorwaremezo byayo
Polisi y’u Rwanda ,kuwa 23 Gashyantare 2022, yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwangiza ibikorwaremezo by’amashanyarazi no kwiba ibkoresho byayo.
Abafashwe ni Akurishaka Abraham w’imyaka 45, Nsabimana Innocent!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Polisi yatwitse litilo 200 za kanyanga zambuwe abarembetsi
Mu ijoro rya tariki ya 21 Gashyantare rishyira tariki ya 22 Polisi ikorera mu Karere ka Burera yatesheje abitwa abarembetsi litiro 200 za Kanyanga, itwikirwa mu ruhame mu Murenge wa Kivuye.Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Burera!-->!-->!-->…
Intumwa za Polisi ya Malawi ziri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda
Kuva kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Gashyantare intumwa enye za Polisi ya Malawi ziyobowe n’Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe imiyoborere, DIGP/A Merlyne Yolamu bari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Ejo kwa kabiri tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 20 irashize JONAS SAVIMBI wabitswe inshuro 15 zose apfuye
Imyaka 20 irashize inyeshyamba Jonas Savimbi wigeze kubikwa ko yapfuye inshuro byibuze 15, amateka ye hano.
Jonas Malheiros Savimbi benshi bamenye nka Jonas Savimbi (wavutse 1934) ni we washinze UNITA (Ihuriro ry’igihugu riharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gutaha stade muri Senegal
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 21 Gashyantare 2022, yageze i Dakar muri Senegal, aho yitabiriye umuhango wo gutaha Stade Olympique de Diamniadio.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Village Urugwiro, byatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyirantambara wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa NYIRANTAMBARA Xxx, mwene Gashegu na Nyiranteguza utuye mu mudugudu wa Kayove, Akagari ka Nyakarera, Umurenge wa Ruhango, ho mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y'Uburengerazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
Amarangamutima ya Past. Gitwaza nyuma y’aho RGB imutsindishirije
Umuyobozi w’Itorero Zion Temple, Dr Paul Gitwaza wagarutsweho mu cyumweru gishize ubwo bamwe mu bavuga ko bafatanyije na we gushinga iri torero bageragezaga kumweguza, yagize icyo avuga kuri iki gikorwa ndetse no ku byo yavuzweho byo!-->!-->!-->…