Browsing Category
Izindi nkuru
Babiri bakurikiranweho gukwirakwiza urumojyi mu baturage
Polisi yafashe abantu babiri bakekwaho gukwirakwiza urumogi mu turere twa Rulindo na Nyabihu, kuwa mbere tariki ya 7 Werurwe 2022, mu mukwabu wo gufata abantu bakwirakwiza urumogi mu baturage mu bice bitandukanye by’igihugu.Abafashwe!-->!-->!-->…
Hamenyekanye ibisabwa ku bacancuro b’Abanyafrika bifuza kujya gufasha Ukraine
Ambasaderi wa Ukraine muri Nigeria yatangaje ko abanyafrika b'abacancuro bifuza kujya gufasha Ukraine bagomba kubanza gutanga amadorari 1000.
Mu cyumweru gishize nibwo ambasade ya Ukraine mu gihugu cya Senegal yatangaje ko iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Umuturage akurikiranweho kwiba no kwangizaga ibikorwaremezo by’amashanyarazi
Polisi ikorera mu Karere ka Bugesera ifatanije n’izindi nzego z’umutekano yafashe umugabo witwa Ngendambazi Theoneste w’imyaka 32 ukurikiranweho icyaha cyo kwiba ibikoresho byifashishwa bubaka amapironi.Uyu Ngendambazi na mugenzi we!-->!-->!-->…
Perezida wa Guinea Bissau Umaro Sissoco Embaló ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi 3
Perezida wa Guinea Bissau Umaro Sissoco Embaló yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda.
Akigera ku Kibuga cy'Indege Mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe na Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Polisi yagaruje amafaranga yari yibwe umuturage
Polisi ikorera mu Karere ka Konoye,kuwa Gatanu tariki ya 04 Werurwe, yagaruje amafaranga 800.500 muri miliyoni 1.200.000 yari yibwe umucuruzi witwa Theogene Nkuranga ucuruza ibigori mu duce dutandukanye tw’Intara y’Amajyepfo n’Umujyi!-->!-->!-->…
Nyanza: SOFIYA yongeye gutorerwa kuyobora urugaga rw’abikorera mu myaka 3 iri imbere
Madame Mukarurangwa Sophie yongeye gutorerwa kuyobora urugaga rw'abikorera mu Karere ka Nyanza kuri manda ya kabiri izamara imyaka itatu
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 4 Werurwe 2022, mu cyumba mberabyombi (Grande Salle) ya Ecole des!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Polisi yafashe umugore uherutse kugaragara asindira mu ruhame
Kuwa Kane tariki ya 03 Werurwe, Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali yafashe umugore witwa Umutoni Divine ukurikiranweho gukora icyaha cyo gusindira mu ruhame akanakora ibiterasoni.
Umutoni Divine yafatiwe mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Natacha Polony ushinjwa gupfobya genoside ni muntu ki?
Si ubwa mbere cyangwa ubwa kabiri itangazamakuru ryo hanze y’u Rwanda ryagiye ryifashishwa mu gukwirakwiza amagambo apfobya cyangwa ahakana Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko ni ubwa mbere ubutabera by’umwihariko ubwo mu Bufaransa!-->!-->!-->…
Uburyo bwonyine bwo kurangiza intambara muri Ukraine ni ukurasa Putin- Senateri wa Amerika
Senateri wa Leta Zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko PUTIN akwiriye kuraswa agapfa ko aricyo gisubizo cyonyine cyarangiza intambara muri Ukraine.
Umusenateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, yaburiye Abarusiya avuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Yaya TOURE yavuze ivangura yakorewe ubwo yakinaga muri Ukraine
Yaya Toure yagarutse ku ivangura yakorerwaga igihe yakinaga mu gihugu cya Ukraine ubu kiri mu ntambara n'Uburusiya.
Mu gihe Afrika imaze iminsi ivuga ko ibabajwe cyane n'ivanguraruhu Abanyafrika bari batuye muri Ukraine bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Leta ikomeje guta muri yombi abayoboke ba BUNDALA wiyita Imana.
Leta ya TANZANIYA ikomeje guta muri yombi by'umuvugabutumwa n'umuhanuzi witwa Diana Bundala abayoboke bita imana.
Icyumweru kirashize Leta ya Tanzaniya ihiga bukware abayoboke b'umuvugabutumwa akaba n'umuhanuzi witwa Diana Bundala!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Abanyarwanda 51 bamaze guhunga bava muri Ukraine berekeza mu bihugu birimo…
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kugeza saa yine z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 1 Werurwe 2022, Abanyarwanda 51 bari bamaze guhunga bava muri Ukraine yugarijwe n’ibitero by’u Burusiya.
Muri abo Banyarwanda bamaze kuva!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Babiri bakekwaho gukwirakwiza urumogi batawe muri yombi
Polisi ikorera mu Karere ka Ngororero yafashe Theogene Nsengimana w’imyaka 27 na Laurence Mukundimana w’imyaka 25 bafashwe bafite udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 2.685 kuri moto barujyanye mu Karere ka Muhanga.
Aba bombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Buhari yababajwe n’ivangura ryakorewe abirabura muri Ukraine
Perezida wa Nigeriya BUHARI yavuze ko yababajwe n'ivangura abasirikare ba Ukraine bakoreye abirabura ubwo nabo bashakaga guhungana n'abandi banya Ukraine kubera ibitero by'Uburusiya.
Perezida Muhamadu Buhari uyobora igihugu gituwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Musenyeri Musengamana Papias yagizwe Umwepiskopi wa Diyoseze ya Byumba
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yashyizeho Musengamana Papias nk’Umushumba wa Diyoseze Gatulika ya Byumba, asimbura Musenyeri Seriviliyani Nzakamwita ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
Mu itangazo ryasohowe kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…