Browsing Category
Izindi nkuru
Kunyurwa n’imitangire y’akazi byarazamutse- Raporo ya Sena
Raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu muri Sena yamurikiwe abasenateri, yagaragaje ko uburyo abantu banyurwa n'imitangire y'akazi bwiyongereye, kuko byavuye kuri 70.9% muri 2015/2016, bigera kuri 82.9%!-->…
Karongi: Haravugwa inkuru y’umugabo n’umugore we basanzwe mu nzu bapfuye
Uwitwa Nshimiyimana n’umugore we Bamurange Angelique bari batuye mu mudugudu wa Kagali mu Kagai ka Gitega mu Murenge wa Gitesi biravugwa ko basanzwe mu nzu bapfuye, aho umugabo bamusanze mu mugozi yapfuye, umugore nawe bakamusanga mu!-->!-->!-->…
Itangazo rya Munderere wifuza guhinduza amazina
Uwitwa MUNDERERE Turenga mwene Kamari na Siborurema utuye mu Ntara y"uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Boneza mu Kagali ka Remera ho mu mudugudu wa Buhoro yanditse asaba guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->!-->!-->…
yatewe amabuye kugeza apfuye nyuma yo gutwika igitabo cya Coran
Umugabo wo mu gihugu cya Pakistan yishwe bunyamaswa nyuma y'aho atwitse igitabo cya Coran.
Burya ikintu kijyanye n'imyemerere ni kimwe mu bintu bikwiye kwitonderwa no kubaha cyane ko ari ikintu cy'ingenzi mu bikoze umuntu, rimwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakozi ba RIB batangiye kugaragara mu mpuzankano nshya
Kuri uyu munsi abakozi bose b'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB bagaragaye mu mpuzankano nshya bishimisha abaganaga serivisi zitangwa n'urwo rwego.
Nyuma y'aho kuri uyu 01 Gashyantare 2022 urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Yiyubakiye imva azashyingurwamo mu kwanga kuzagora umuryango we
Umunya-Tanzaniya yatunguye abantu bo mu gace atuyemo nyuma yo kwicukurira imva mu kwitegura urupfu rwe.
Patrick Kimaro w’imyaka 59, avuga ko umuryango ugenda wumva umwanzuro we buhoro buhoro, ibyo yakoze mu gace atuyemo bifatwa!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Uyu munsi urukiko rw’ubujurire rurafata umwanzuro ku rubanza rw’indege ya…
Mu Bufaransa, none kabiri taliki ya 15 Gashyantare 2022, urukiko rurangiza imanza ruzafata icyemezo cya nyuma ku rubanza rw'indege y'uwahoze ari umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Juvenal Habyarimana.
Ku itariki ya 21 y'ukwa 12 mu 2018,!-->!-->!-->!-->!-->…
Indi nyana yariwe n’igikoko byakekwaga ko cyishwe
Ibikoko bimaze igihe byica imitavu, kuri uyu wa 13 Gashyantare byongeye kwica undi mu murenge wa Bigogwe w’akarere ka Nyabihu, hakekeka kwa ko zaba ari imbwa kuko zitawuriye nk’uko igikoko cyari kimenyerewe gisanzwe kibigenza
Kuwa 4!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe : Polisi yafashe uwacuruzaga amavuta azwi nka mukorogo
Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu (RPU) bakorera mu Karere ka Nyamagabe bafashe uwitwa Ndikuryayo Pascal w'imyaka 26, acuruza amoko atandukanye y'amavuta atemewe mu!-->!-->!-->…
Nyabarongo yuzuye ifunga Umuhanda Muhanga-Ngororero-Mukamira
Amazi yaturutse ku mvura nyinshi yatumye umugezi wa Nyabarongo wuzura ufunga umuhanda Muhanga-Ngororero-Mukamira.
Polisi yamenyesheje abakoresha umuhanda Muhanga-Ngororero-Mukamira ko utakiri nyabagendwa kubera imvura!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: ikamyo yari itwaye amacupa ya Gaz yaturitse itwika imodoka 4 zirakongoka
Imodoka zigera kuri enye zahiriye mu mpanuka y’ikamyo yari itwaye amacupa ya Gaz, igaturikira mu muhanda wa Mai Mahiu - Nairobi.
Umuriro ugurumana n’imyotsi myinshi byaturukaga mu modoka ziri gushya, mu gihe abaturage benshi bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Abantu 23 bafatiwe mu kabari barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi ,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Gashyantare, yafashe abantu 23 bari mu kabari barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19.
Bafatiwe mu Murenge wa Runda ,Akagari ka Ruyenzi,Umudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Amb. Vrooman wakunzwe cyane mu Rwanda yasezeye ku Banyarwanda
Ku Cyumweru taliki 13 Gashyantare 2022, Peter Hendrick Vrooman wari Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda (USA) ni bwo azerekeza i Maputo aho agiye guhagararira inyungu z’Igihugu cye muri Mozambique.
Agaragaza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwongereza: Umugabo akekwaho gusambanyiriza umugore mu ndege
Umugabo w’imyaka 40 wavaga muri Amerika ajya mu Bwongereza yafatiwe ku kibuga cy’indege akekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umugore w’imyaka 40 bahuriye mu ndege.
Polisi yo ku kibuga cy’indege cya ‘Heathrow’ mu Bwongereza, yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Urugaga RICH rwabafashije kubana neza nyuma y’imyaka irenga 17 babana mu makimbirane
Umwe mu miryango yahuguwe n’Urugaga rw’amadini n’matorero mu kubungabunga ubuzima (RICH), ku makimbirane mu miryango n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ugaragaza ko amakimbirane yahoraga mu rugo rwabo yabangirije byinshi, ariko!-->!-->!-->…