Browsing Category
Izindi nkuru
Natacha Polony ushinjwa gupfobya genoside ni muntu ki?
Si ubwa mbere cyangwa ubwa kabiri itangazamakuru ryo hanze y’u Rwanda ryagiye ryifashishwa mu gukwirakwiza amagambo apfobya cyangwa ahakana Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko ni ubwa mbere ubutabera by’umwihariko ubwo mu Bufaransa!-->!-->!-->…
Uburyo bwonyine bwo kurangiza intambara muri Ukraine ni ukurasa Putin- Senateri wa Amerika
Senateri wa Leta Zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko PUTIN akwiriye kuraswa agapfa ko aricyo gisubizo cyonyine cyarangiza intambara muri Ukraine.
Umusenateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, yaburiye Abarusiya avuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Yaya TOURE yavuze ivangura yakorewe ubwo yakinaga muri Ukraine
Yaya Toure yagarutse ku ivangura yakorerwaga igihe yakinaga mu gihugu cya Ukraine ubu kiri mu ntambara n'Uburusiya.
Mu gihe Afrika imaze iminsi ivuga ko ibabajwe cyane n'ivanguraruhu Abanyafrika bari batuye muri Ukraine bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Leta ikomeje guta muri yombi abayoboke ba BUNDALA wiyita Imana.
Leta ya TANZANIYA ikomeje guta muri yombi by'umuvugabutumwa n'umuhanuzi witwa Diana Bundala abayoboke bita imana.
Icyumweru kirashize Leta ya Tanzaniya ihiga bukware abayoboke b'umuvugabutumwa akaba n'umuhanuzi witwa Diana Bundala!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Abanyarwanda 51 bamaze guhunga bava muri Ukraine berekeza mu bihugu birimo…
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kugeza saa yine z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 1 Werurwe 2022, Abanyarwanda 51 bari bamaze guhunga bava muri Ukraine yugarijwe n’ibitero by’u Burusiya.
Muri abo Banyarwanda bamaze kuva!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Babiri bakekwaho gukwirakwiza urumogi batawe muri yombi
Polisi ikorera mu Karere ka Ngororero yafashe Theogene Nsengimana w’imyaka 27 na Laurence Mukundimana w’imyaka 25 bafashwe bafite udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 2.685 kuri moto barujyanye mu Karere ka Muhanga.
Aba bombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Buhari yababajwe n’ivangura ryakorewe abirabura muri Ukraine
Perezida wa Nigeriya BUHARI yavuze ko yababajwe n'ivangura abasirikare ba Ukraine bakoreye abirabura ubwo nabo bashakaga guhungana n'abandi banya Ukraine kubera ibitero by'Uburusiya.
Perezida Muhamadu Buhari uyobora igihugu gituwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Musenyeri Musengamana Papias yagizwe Umwepiskopi wa Diyoseze ya Byumba
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yashyizeho Musengamana Papias nk’Umushumba wa Diyoseze Gatulika ya Byumba, asimbura Musenyeri Seriviliyani Nzakamwita ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
Mu itangazo ryasohowe kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Yatangiye ari umunyarwenya none ubu ari gufata ibyemezo akomeje mu ntambara arwana n’Uburusiya
Uyu ntawundi ni Volodymyr Zelenskyy wabaye perezida mu mwaka w’2019 akaba yari asanzwe ari umunyarwenya ariko akaza kujya no muri politiki aho yaje gukura igitekerezo cyo kwiyamamariza kuyobora Ukraine
Volodymyr Zelenskyy ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Iyo ukoresheje ubwiherero mu ndege bigenda bite? Umwanda ujya he?
Benshi bakunze kwibaza iki kibazo ariko iyo bagerageje gushaka ibisubizo barabibura kuko hari abababwira ko umwanda bawujugunyahanze y’indege ariko siko bimeze.
Waba uri umuntu ukunda umunezero wo kujya mu ndege cyangwa ugasanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yatesheje uwari ugiye gukwirakwiza ibiro 40 by’urumogi
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yafatanye Dusengimana Olivier ibiro 40 by'urumogi byari bigiye gukwirakwizwa mu baturage.
Uru rumogi rwafatiwe mu Mudugudu wa Kivu, Akagali ka Nego mu Murenge wa Gisenyi, Dusengimana Olivier, yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bafashije abanyeshuri bagizweho ingaruka…
Abapolisi b'u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu Ntara ya Upper Nile mu gace ka Malakar mu gihugu cya Sudani y’Epfo bafashije abanyeshuri bagizweho ingaruka nt’intambara babaha ibikoresho by’ishuli n’iby’isuku.
Iki!-->!-->!-->…
Iyangazo rya Bamporineza wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Bamporineza Null mwene Bahungu na barinabo utuye mu Mudugudu wa Marabuye, Akagari ka Nyakarera, Umurenge wa Ruhango, mu Karere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Kigali: Batatu bakurikiranyweho kwiba ibikoresho by’amashanyarazi no kwangiza ibikorwaremezo byayo
Polisi y’u Rwanda ,kuwa 23 Gashyantare 2022, yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwangiza ibikorwaremezo by’amashanyarazi no kwiba ibkoresho byayo.
Abafashwe ni Akurishaka Abraham w’imyaka 45, Nsabimana Innocent!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Polisi yatwitse litilo 200 za kanyanga zambuwe abarembetsi
Mu ijoro rya tariki ya 21 Gashyantare rishyira tariki ya 22 Polisi ikorera mu Karere ka Burera yatesheje abitwa abarembetsi litiro 200 za Kanyanga, itwikirwa mu ruhame mu Murenge wa Kivuye.Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Burera!-->!-->!-->…