Browsing Category
Izindi nkuru
Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri yitabye Imana
Joseph Habineza wigeze kuba Minisitiri w’umuco na Siporo yitabye Imana ku myaka 57, amakuru atangwa n’abo mu muryango we aravuga ko yaguye i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 20 Kanama 2021, aho yari amaze igihe gito kuko yari mu nzira!-->!-->!-->…
Abantu 2 batawe muri yombi kubera gukwirakwiza ibihuha byo gusebya Polisi ku mbuga nkoranyambaga
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri bakwirakwizaga amakuru y'ibihuha binyuze ku mbuga nkoranyambaga.
Polisi y'u Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter yatangaje ko abagabo babiri baraye!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye akayabo k’amafranga azakoreshwa mu gikorwa cy’ibarura rusange…
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), gitangaza ko kiri gutegura Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rizaba muri Kanama 2022, rikaba rizatwara asaga miliyoni 30 z’amadolari, ni ukuvuga asaga gato miliyari 30!-->!-->!-->…
“Kuri iyi nshuro turi hasi cyane” Prezida Kagame nyuma y’itsindwa rya Arsenal
Perezida Paul Kagame akaba n’umufana ukomeye w’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, yongeye kugaragaza ko atishimiye imikinire y’ikipe ya Arsenal yatangiye shampiyona itsindwa na Brentford FC ikizamuka mu cyiciro cya mbere.
Perezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Habonetse imibiri ibarirwa mu 120 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Imibiri bikekwa ko ari iyabazize jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu murima wari umaze igihe uhingwamo
Mu Karere ka Ngororero hakomeje igikorwa cyo gushakisha indi mibiri yavumbuwe mu murima, ni imibiri bikekwa ko ari iyabazize!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda yarekuye abandi Banyarwanda 32 bari bamaze igihe mu makasho yaho.
Igisirikare cya Leta ya Uganda cyarekuye abandi Banyarwanda barenga 30 bari bamaze iminsi bafungiye mu ma kasho yo muri icyo gihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu kane ku mupaka wa Kagitumba habaye umuhango wo kwakira abandi Banyarwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasitori yasabye ko bamuhamba ari muzima ko azazuka nyuma y’iminsi 3 ariko biranga apfa apfuye
Umushumba James Sakala uyobora itorero rya Zion yisabiye Abayoboke b’idini rye kumuhamba ari muzima akazazuka mu minsi 3 nka Yesu bagarutse kumureba mu mva basanga yarapfuye
Mu gihugu cya Zambiya hakomeje kuvugwa inkuru y’urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Abarimu 11 bamaze iminsi 5 bafungiye mu kigo cy’inzererezi.
Abarezi bo mu Karere ka Rulindo bamaze iminsi bafungiwe mu kigo cy'inzererezi bazira amakosa n'uburangare y'umukozi w'Akarere
Amakuru dufitiye gihamya ni uko guhera kuri uyu wa gatandatu taliki ya 7 kuno kwezi kwa munani 2021, hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyungu ya Bralirwa Plc ikomeje kuzamuka igeze 64.2% mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka wa 2021
Inyungu y’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, nyuma yo kwishyura umusoro, yazamutseho 64.2%, igera kuri miliyari 6.5 Frw mu gihembwe cya mbere cya 2021, ivuye kuri miliyari 3.9 Frw mu gihembwe cya mbere!-->…
Umusore yafatiwe mu cyuho yihinduye nk’umugore kugira ngo akorere inshuti ikizamini…
Umunyeshuri wo muri Kaminuza yafatiwe mu cyuho yihinduye nk'umukobwa kugira ngo akorere ikizamini inshuti ye yagorwaga cyane n'icyongereza.
Mu ntangiriro z'iki ncyumweru dutangiye nibwo hacicikana ifoto ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaza w’imyaka 60 yasambanije ihene kugeza ipfuye.
Umugabo w’imyaka 60 wo mu gihugu cya Malaysia yafashwe ari gusambanya ihene n’umugore w’imyaka 45 usanzwe ari nyirayo biyiviramo gupfa nyuma.
Uyu mugabo w’umusaza,yacunze iyi hene iri yonyine niko kujya kuyisambanya,nyirayo yahageze!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Imodoka ihiriye mu muhanda ihagaritswe na police.
Imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiriye muri Gare ya Nyamata mu Karere ka Bugesera ubwo yari itwaye ibicuruzwa Polisi ikayihagarika ariko igahita ishya.
Iyi modoko yo mu bwoko buzwi nka Taxi Min-Bus, yahiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amahoteli 2 rukumbi yo muri ako Karere arataka igihombo
Amahoteli akorera mu Karere ka Nyanza arataka ubukene n'igihombo yatejwe n'icyorezo cya covid-19.
Imyaka igiye kuba hafi ibiri icyorezo cya Covid-19 kigeze ku butaka bw'u Rwanda, ni icyorezo cyashegeshe inguni zose z'ubukungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya ISHIMWE wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa Aime ISHIMWE mwene Nzamukosha na Munana utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango, mu kagali ka Rundoyi arasaba uburenganzira bwo gihindurirwa amazina yari asanzwe akoresha ariyo ISHIMWE AIME!-->…
Itangazo rya Masengesho risaba guhindurirwa amazina.
Uwitwa MASENGESHO MUTUYIMANA mwene Munyambonera na Nyirabasare, utuye mu Ntara y'Ubrengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango mu Kagali ka Rundoyi yanditse asaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina yari asanzwe akoresha!-->!-->!-->…