Browsing Category
Izindi nkuru
Kagame yahawe igihembo mpuzamahanga cyo kurwanya kanseri
Perezida wa Repubulika y’ Rwanda Paul Kagame, yashimiye Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe kurwanya Kanseri (UICC) wageneye u Rwanda igihembo ku bw’umusanzu udasanzwe rwatanze mu gukumira no kuvura indwara za kanseri.
Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yungutse abofisiye 656 barimo abagore 80
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 27 Ukwakira 2021, mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu Karere ka Rwamagana (PTS-Gishari), harimo kubera umuhango wo gusoza amahugurwa y’abapolisi 656 barimo abagore 80, bose biteguye guhabwa ipeti!-->!-->!-->…
Abapolisi 35 bahuguriwe ku kurwanya inkongi
Ishami rya Polisi y’ u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi ryahuguye abapolisi 35 bakorera mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Kivumu. Bahuguwe ku kurwanya inkongi. Ni amahugurwa y’umunsi umwe yabaye kuri iki Cyumweru tariki!-->!-->!-->…
Kicukiro: Inzu 5 zahiye mu buryo bw’amayobera, bamwe bati ni amadayimoni
Inzu eshanu zose zituranye zahiriye rimwe, ariko matora na bimwe mu bikoresho ntibyagira icyo biba, bamwe mu baturage bakavuga ko ari amadayimoni.
Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu taliki 23 Ukwakira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ingabire wifuza guhinduza amazina
Uwitwa INGABIRE mwene uwitije na Nyirankirije, bose batuye mu mudugudu wa Nyundo, Akagali ka Kavumu, mu Murenge wa Ruhango, mu Karere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba, arasaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari asanganywe!-->!-->!-->…
Nyina wa Snoop Dogg yitabye Imana ku myaka 70
Umuhanzi ukomeye muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yapfushije nyina umubyara azize uburwayi.
Amakuru y'urupfu rw'uyu mubyeyi yemejwe anashyirwa hanze n'uyu muhanzi Snoop Dogg kuri iki cyumweru abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter na!-->!-->!-->!-->!-->…
Amago, igikwe, hahiye, dutwike, …zimwe mu mvugo zikomeje kubangamira ururimi…
“Ndatwika nkimanukira…”, “Hahiye…”, “Hadashya se?…” n’izindi mvugo zitandukanye, zikomeje kuba gikwira mu muryango nyarwanda aho usanga ibyamamare, abahanzi na bamwe mu bakora mu itangazamakuru bagenda bazikongeza urubyiruko no mu!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yamennye litiro 840 z’inzoga zitemewe
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukwakira Polisi ikorera mu Karere ka Huye yamennye inzoga zitemewe zizwi ku izina rya Muriture zingana na litiro 840. Izi nzoga zafatiwe mu bikorwa bya Polisi byabereye mu Karere ka Huye, Umurenge wa!-->!-->!-->…
Ngororero: Ubuyobozi bw’Akarere bwirukanye burundu abarimu umunani
Abarimu umunani birukanwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, ntibavuga rumwe n’Akarere ku mpamvu birukanwe, kuko bakandikiye bakamenyesha impamvu batitabiriye akazi, ntikabasubize.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwemeza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 25 irashize AERG ifasha abacitse ku icumu rya Genocide yakorewe abatutsi
Imyaka 25 irashize hashinzwe Umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (AERG), umuryango umwe rukumbi wahetse ukaba ugiheka urubyiruko rw’u Rwanda rwavuyemo abagabo n’abagore bifitiye icyizere n’ubuzima!-->!-->!-->…
Leta yakomoreye abafuzaga kubatizwa ishyiraho andi mabwiriza agenga umubatizo
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje amabwiriza mashya agenga imikoreshereze y’insengero muri iki gihe u Rwanda n’Isi yose bihanganye n’icyorezo cya COVID-19, aho umubatizo wo mu mazi menshi wakomorewe ariko ukajya!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwa Sankara n’abo bareganwa
Kuri uyu wa Gatatu, Ubushinjacyaha Bukuru bwatangaje ko bwamaze kujuririra icyemezo cy'urukiko ku rubanza rwa Nsabimana Callixte n'abo bareganwa hamwe na we.
Tariki 20 Nzeri uyu mwaka, Urukiko rwakatiye Paul Rusesabagina gufungwa!-->!-->!-->!-->!-->…
General Colin Powell yishwe n’ibibazo yatewe na Covid.
General Colin Powel umwirabure wambere washinzwe ministeri y'ububanyi n'amahanga muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yitabye Imana, biravugwa ko yazize ibibazo by'umubiri yasigiwe na Covid-19
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yashyize hanze amabwiriza mashya agenga ibizamini bya perimi
Ishami rya Polisi rishinzwe gukoresha ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, riramenyesha abantu bifuza kubikora no guhabwa izo mpushya ko umunyeshuri n’ukoresha ikizamini aribo bonyine beremerewe kugera aho bikorerwa.
!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Lt Colonel NIYOMUGABO ahita amwohereza muri Qatar
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yazamuye mu ntera Lt Colonel Niyomugabo Bernard amugira Colonel, anamwohereza muri Qatar aho yagiye guhagararira inyungu za gisirikare (Defence!-->!-->!-->…