Browsing Category
Izindi nkuru
Rwandair yashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afrika gutanga serivisi nziza
Kompanyi Nyarwanda RwandAir ikora ubwikorezi bwo mu Kirere yashyizwe ku mwanya wa mbere ku mugabane wa Afrika mu kugira abakozi batanga serivisi inoze.
RwandAir, kompanyi Nyarwanda ikora ibikorwa by'ubwikorezi mu ngendo zo mu kirere!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Amasanduku yari abitse imirambo y’abantu yagaragaye mu mihanda
Mu mihanda y'abanyamaguru mu mujyi wa Louisianne hakomeje kureremba amasanduku yari abitsemo imirambo y'abantu bapfuye, ni imirambo yazanywe n'imyuzure imaze iminsi yibasira uwo mujyi.
Abaturage bo mu mujyi wa Louisiane muri Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Harageze ngo Isi ihagurukire ikibazo cy’ibiribwa-Perezida Kagame
“Uruhererekane rw’ibiribwa ku Isi rufite agaciro ka tiliyari zisaga 8 z’amadolari y’Amerika, angana na kimwe cya cumi cy’ubukungu bw’Isi yose. Muri Afurika, 70% by’abantu bakuru bakora mu buhinzi n’ubucuruzi bushingiye ku buhinzi!-->!-->!-->…
Polisi yahuguye abakozi ba Bralirwa ku kwirinda no kuzimya inkongi y’umuriro
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi kuva kuwa Gatatu tariki ya 22 Nzeri kugeza tariki ya 23 Nzeri ryatanze amahugurwa ku bakozi bo mu ruganda rwa Bralirwa ishami rya Gisenyi mu Karere ka Rubavu.!-->!-->!-->…
Abataliban baherutse kwigarurira Afghanistan barasaba gutumirwa mu nteko rusange ya Loni.
Aba Taliban basabye kugeza ijambo mu nteko rusange y'umuryango w'abibumbye (ONU/UN) muri iki cyumweru iteraniye i New York muri Amerika.
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'uyu mutwe yatanze ubwo busabe mu ibaruwa yo ku wa mbere.!-->!-->!-->!-->!-->…
United Scholars center yatanze amahirwe ku bashaka kwiga no gukora hanze ya Afrika.
United Scholars Center yongeye itanze amahirwe ku bifuza kujya kwiga hanze itibagiwe abashaka kujya gushakirayo akazi.
Kujya kwiga mu bihugu by'i Burayi, Amerika cyangwa na za Canada, ni zimwe mu nzozi z'urubyiruko rwinshi mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Babiri Polisi yabafatanye udupfunyika tw’urumogi tugera kuri 7,493
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Nzeri abapolisi bakorera mu Karere ka Nyabihu bafashe udupfunyika 7,493 tw’urumogi barufatana Niyomugabo Theoneste w’imyaka 21 na Twizerimana Hitabatuma w’imyaka 34. Bafatiwe mu Karere ka!-->!-->!-->…
Gatabazi yibukije abayobozi ko bagomba gukora ku nyungu za rubanda
Kuri uyu wa gatatu Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yakomereje uruzinduko rw’akazi arimo mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyaruguru, yibutsa ko umuturage aza ku isonga kandi ko umuyobozi ari we mukozi!-->!-->!-->…
PAC yatangiye kubaza ibigo bya Leta kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta
Kuri uyu wa Gatatu, Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'Imari n'Umutungo by'Igihugu, PAC yatangiye igikorwa cyo kubariza mu ruhame abayobozi b'ibigo n'inzego za Leta kugira ngo batange ibisobanuro ku makosa yagaragaye muri!-->!-->!-->…
“Sainte Trinité Schools” mu rugamba rwo kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda.
"Sainte Trinite Schools", ibigo byaragijwe roho mutagatifu birakataje mu rugamba rwo kuzahura no kuzamura ireme ry'uburezi mu Rwanda.
Ijambo "Ireme ry'uburezi" ni rimwe mu magambo ahora mu kanwa ka benshi hano mu Rwanda, ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
IGP Gen Simon Nyakaro ukuriye polisi ya Tanzania yitabiriye ubutumire bwa mugenzi we Dan Munyuza.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Nzeri nibwo Umuyobozi wa Polisi y’Igihugu cya Tanzaniya, IGP Gen Simon Nyakaro Sirro n’intumwa ayoboye bari bageze ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. Bakiriwe!-->!-->!-->…
Imidugudu yahize indi i Nyagatare mu bikorwa by’indashyikirwa yahembwe inka z’ubumanzi
Abatuye mu Midugudu yahize indi, ikanaza ku isonga mu bikorwa by’indashyikirwa yo mu karere ka Nyagatare barishimira ko bahawe inka z’ubumanzi nk’ishimwe ryo gukora neza, aho bemeza ko batazasubira inyuma ahubwo ngo gahunda ni!-->!-->!-->…
USA: Miss Bahati yasabwe, aranakwa mu muco wa Kinyarwanda
Miss Bahati Grace umaze igihe yibera muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yasabwe aranakwa mu muco wa Kinyarwanda.
Miss Bahati Grace wigeze kuba Nyampinga w'u Rwanda mu mwaka wa 2009 yasabwe aranakwa n'umukunzi we witwa Murekezi!-->!-->!-->!-->!-->…
USAID yageneye u Rwanda inkunga ya miliyoni 75 z’amadorari
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda rwasinyiye inkunga ingana na miliyoni 75 z'amadorari, ni ukuvuga agera kuri miliyari 75 z'amafaranga y'u Rwanda rwahawe n'ikigo cy'Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga USAID.
Aya mafaranga!-->!-->!-->!-->!-->…
Banki y’isi irashimira u Rwanda uburyo rukoresha neza inkunga ruhabwa
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w'Intebe Dr Edourd Ngirente yakiriye Dr Taufila Nyamadzabo umwe mu bagize inama y'Ubutegetsi ya Bank y'isi, washimiye uburyo u Rwanda rukoresha neza inkunga ruhabwa nayo, mu bikorwa n'imishinga igamije!-->!-->!-->…