Browsing Category
Izindi nkuru
UGANDA: Leta yafunze imbuga nkoranyambaga zose mu gihe amatora ateganijwe kuri uyu wa kane.
Ikigo gishinzwe itumanaho cyo mu gihugu cya Uganda cyasabye ibigo bicuruza serivisi z'itumanaho gufunga imbuga nkoranyambuga zose mu gihe umunsi w'amatora wegereje.
Benshi mu baturage batuye mu gihugu cya Uganda baravuga ko batari!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’iminsi ine gusa, Jeff Bezzos yishubije umwanya wa mbere mu batunze agatubutse ku isi.
Nyuma y'iminsi ine gusa akuwe ku mwanya wa mbere w'abaherwe ku isi, Bwana Jeff Bezos yongeye aza ku mwanya wa mbere ayobora urwo rutonde.
Tariki 12 Mutarama 1964 ni bwo Jeff Bezos yabonye izuba, ibisobanuye ko uyu munsi yujuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Byari amarira n’agahinda mu guherekeza bwa nyuma umunyamakuru UMUHIRE Valentin uherutse gupfa.
Umunyamakuru Umuhire Valentin uheruka kwitaba Imana, abo mu muryango we, inshuti n’abavandimwe bamusezeye bwa nyuma, mu muhango waranzwe n'amarira.
Kuri uyu munsi taliki ya 11 mutarama 2020 nibwo hari hateganijwe umuhango wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Igabanuka rya Oxygene mu mazi, impamvu ikekwa yo gupfa kw’amafi muri Victoria
Itangazo ry'urwego rw'igihugu rushinzwe ibidukikije muri Uganda(NEMA) rivuga ko ifi ziri gupfa mu kiyaga cya Victoria zishobora kuba zicwa n'uko umwuka wo guhumeka uzwi nka oxygene wagabanutse mu mazi.
Kugeza ubu ntawuzi uburyo ifi!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasiporo Nyarwanda yaje mu myanya 20 mu zikomeye ku mugabane wa Afrika, iya Somaliya iba iya nyuma.
Pasiporo y'u Rwanda yaje ku mwanya wa 18 muri za pasiporo zikomeye ku mugabane wa Afrika.
Iyi raporo ikorwa hashingiwe ku mibare itangwa n’Ikigo mpuzamahanga gihuza ibigo by’indenge (IATA), kibika amakuru menshi kandi yizewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Prezida wa Repubulika yirukanye ministre w’ubuzima kubera ibibazo bya ruswa
Perezida wa Zambia Edgar Lungu yirukanye Minisitiri w’Ubuzima, Chitalu Chilufya yari yatawe muri yombi muri Kamena 2020 ashinjwa ruswa nyuma aza kugirwa umwere.
Minisitiri Chilufya yashinjwaga ibyaha bine bijyanye no kwigwizaho!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubutaka budafite abo bwanditseho Leta yamaze kubwiyandikaho byagateganyo.
Umuyobozi w’agateganyo w’ishami ry’imicungire y’ubutaka mu kigo gishinzwe imicungire n’imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda, Mukarage Jean Baptiste, avuga ko kuva ku wa 31 Ukuboza 2020, ubutaka budafite abo bwanditseho bwamaze kwandikwa kuri!-->…
Umuvugizi wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda yagize icyo avuga ku rupfu rwa Padiri Obald.
Nyuma yaho Diyoseze ya Cyangugu itangarije urupfu rwa padiri Obald, bamwe mu bapadiri bagiye bagira icyo bamuvugaho harimo n'umuvugizi wa Kiliziya gatolika mu Rwanda.
Nyuma y'aho inkuru y'urupfu rwa Padiri Obald ibaye impamo, bamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Inkuru imaze kuba impamo ko Padiri Obald wari uzwiho gukora ibitangaza yitabye Imana
Padiri Ubald Rugirangoga umaze imyaka irenga 33 yarihaye Imana aho kuri ubu yari Umupadiri muri Diyoseze ya Cyangugu ariko agakunda kuba ari no mu bindi bice by’igihugu ategerejwe n’abantu benshi ngo abasengere, yitabye Imana mu!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwibaza igihe abana bato bazatangirira amashuri y’incuke bazatangira kwiga tariki 18…
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abana bo mu mashuri y’incuke ndetse n’abo kuva mu mwaka wa mbere kugeza mu wa gatatu w’abanza bari bamaze igihe batiga, bazasubira ku ishuri ku ya 18 Mutarama 2021.
Byavugiwe mu kiganiro Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Umwana yaturikanywe na Gaz ahita apfa,umugabo barikumwe w’umushyitsi wabasuye…
Gaz yaturitse yica umwana wo mu Mudugudu wa Gakongoro mu Kagari ka Buhanda mu Murenge wa Bweramana, naho umugabo wari hafi ye iramukomeretsa bikomeye.
Iyo gaz yari isanzwe ikoreshwa mu guteka yaturikiye mu rugo rwa Uwayisenga Daphrose!-->!-->!-->…
Kayonza: Kubwirwa n’umugabo we amagambo mabi ko ari mubi byatumye ashaka kwiyahura atabarwa…
Umugore ufite imyaka 22 utuye mu Murenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza yatabawe n’inzego z’umutekano agiye kwiyahura akoresheje igitenge yari yamanitse mu giti nyuma y’aho umugabo we ashinja kumuca inyuma amubwiriye ko ari mubi ndetse!-->…
Inshingano za REB zo gukurikirana ibizami bya Leta zahawe ibigo bishya NESA na RTB
Mu Rwanda haherutse gushyirwaho ikigo gishinzwe iby’ibizamini by’amashuri abanza, ayisumbuye n’ay’imyuga n’ubumenyingiro ndetse n’ubugenzuzi bw’ayo mashuri cyiswe NESA (National Examination and School Inspection Authority), bikaba!-->…
Kayonza: Umugabo wubatse yagiye gusambana n’umukobwa iwabo afatirwayo basaza b’umukobwa…
Umugabo w’imyaka 40 utuye mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza yaraye afatiwe mu rugo rw’abandi asambana n’umukobwa waho, basaza be babiri baramufata baramukubita kugeza ubwo akomeretse mu mutwe mu buryo bukomeye.
Ikinyamakuru!-->!-->!-->…
Kamonyi: Ibitare bihuza Imana n’abayizera bya Mashyiga bigiye kuba ahantu nyaburanga
Intara ya amajyepfo, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi buvuga ko bugiye gutunganya Ibitare bya Mashyiga kugira ngo habe ahantu nyaburanga hashobora kubyazwa umusaruro, hagasurwa hakinjiza amafaranga.
Mashyiga ni ibitare biherereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…