Browsing Category
Izindi nkuru
Misiri: Impanuka ya gariyamoshi yahitanye abarenga 30
Abantu batari munsi ya 32 bapfuye naho abandi 165 barokomereka mu mpanuka ya gariyamoshi yabereye rwagati mu Misiri, nkuko abategetsi babivuze.
Ibice bigendamo abagenzi byarenze umuhanda wa gariyamoshi birabirinduka ubwo gariyamoshi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Mukura, MASITA yemeye kwambika na Kiyovu Sport mu myaka ine yose
Uruganda rwa MASITA rwasinyanye amasezerano y'ubufatanye n'ikipe ya Kiyovu azamara imyaka ine yose runo ruganda rwambika Abayovu.
Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa kane w'iki cyumweru turi kurangiza, ku ruhande rwa Kiyovu Sport,!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Samia Suluhu arashima bose bifatanyije na Tanzania muri ikigihe cyakababaro
Kuri uyu munsi bashyinguraho John Magufuli, Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ashimira abatanzania bose, abakuru b'ibihugu, ibitangazamakuru, abahanzi…na „buri wese wabanye natwe muri iki gihe gikomeye ku gihugu cyacu".!-->…
Ibaruwa y’urukundo Itangaje: “Tuzarya amacunga abaducunga barye imicanga” abana…
Umubyeyi wo mu mujyi wa Kigali yatunguwe n'imitoma yasanze mukabaruwa k’urukundo umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza yandikishije agashyikiriza umwana w’umuhungu bigana amubwira ko amukunda bikomeye, undi na we!-->…
HARUNA yatangaje igihe azasezerera mu ikipe y’Igihugu n’impamvu azabikora imburagihe.
Kapiteni w'ikipe y'AMAVUBI Bwana HARUNA NIYONZIMA yavuze ko ikipe nijya muri CAN azahita asezera ku ikipe y'igihugu, anakomoza ku magambo ababaje abantu bakomeje kumuvugaho.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ Haruna Niyonzima,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Agahinda ka Nyiraminani uremererwa n’umutwe we w’ibiro 100.
Nyiraminani w'imyaka 19 we n'ababyeyi be batewe batewe agahinda n'uburwayi uno mwana yavukanye bwatumye agira umutwe udasanzwe ushobora kuba upima ibiro ijana
Nyiraminani Devotha ni umukobwa w'imyaka 19 y'amavuko utuye mu Murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Vatican:Papa Francis yategetse ko Imishahara y”aba-Kardinali”n’abandi bihayimana…
Papa Francis yategetse ko aba-Kardinali n’abandi bihayimana imishahara yabo igabanywa mu gihe Vatican ihanganye n’ubukungu bwifashe nabi kubera iki
.
Aba-Kardinali imishahara yabo izagabanywaho 10% guhera mu kwezi kwa kane,!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Imodoka ahitanyeyi umugabo waruri mu kwezi kwa buki ahita apfa.
Iyi mpanuka yabereye mu karere ka Rubavu aho bita kuri Bazirete, imodoka yagonze umusore witwa Niyigaba Jean Baptiste wari umaze icyumweru kimwe arushinze ahita yitaba Imana,dore ko yari akiri mu kwezi kwa buki.
Umuhanda wuzuyemo!-->!-->!-->…
Min. Gatabazi yayoboye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati Mufulukye Fred na Gasana Emmanuel.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 22 Werurwe 2021, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney yayoboye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba ucyuye igihe Mufulukye!-->!-->!-->…
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika bamaze kugera muri Tanzaniya gusezeraho bwa nyuma…
Amwe mu magambo y'agahinda yagiye avugwa na bamwe mu bayobozi b'ibihugu bya Afrika bamaze kugera mu muhango wo guseraho prezida Magufuli uherutse kwitaba Imana.
Ni umuhango watangiye uyu munsi kuwa mbere ubera ku murwa mukuru wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Donald Trump agiye gushinga urubuga urwe nyuma yo gufungirwa konte kuri “Twitter na…
Uyu mugabo wahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump azagaruka vuba ku mbuga nkoranyambaga "azanye urubuga rwe" rushyashya, nk'uko umujyanama we abivuga.
Jason Miller yabwiye Fox News ati: "Ndatekereza ko tugiye kubona Peredzida!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Akanyamuneza ku mitima ya ba midugudu bahawe tel zigezweho.
Abakuru b'imidugu bahawe tel zigezweho bakomeje gushimira ubuyobozi bw'Akarere bwabageneye ibikoresho bizabafasha kunoza akazi kabo.
Kuri uyu wa gatandat, taliki ya 20 Weurwe 2021, ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwatangije igikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“NdimuKazipetit” imvugo ya Hon. BAMPORIKI ikomeje guca ibintu kuri twitter
#ndiMukaziPetit" imvugo ya BAMPORIKI ikomeje guca ibintu kuri twitter
Imvugo #NdimuKaziPetit#, ni imvugo nshya yatangiye kujya hanze ku munsi w'ejo ku wa gatandatu ubwo honorable BAMPORIKI Edouard, Umunyamabanga wa Leta muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Hasigaye amasaha make hakamenyekana MissRwanda2021
Kuri uyu mugoroba wo ku wa 20 werurwe 2021, haraza kumenyekana uwambikwa ikamba rya nyampinga w’u Rwanda 2021, mu bakobwa 20 bageze kuri ’finale’.
Abiyandikishije muri iryo rushanwa bari 413 bitandukanye n’uko indi myaka byagiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden yabaye igitaramo ubwo yanyeraraga ku ngazi arikujya muri Air Force One
Perezida wa USA,Joe Biden,yanyereye ari kuzamuka ingazi z’indege imutwara ya Air Force One aragwa byatumye aba igitaramo mu binyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga zitandukane.
yanyereye ku ngazi ubugira gatatu
Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…