Browsing Category
Izindi nkuru
Kamonyi: Umugabo yatwikiwe n’umugore we inzu ararira ayokwarika agahakana yivuye inyuma ko nta…
Umugabo witwa Ngarukiyintwari Damien watwikiwe inzu n’umugore we nyuma yo kumwumviriza avugana n’inshoreke, avuga ko atariwe nyirabayazana w’ibyabaye, ko ndetse yari yaramunaniye akamuhunga mu gihe cy’imyaka 15 uhereye muri 2000 nabwo!-->…
Umugore yajugunye abanahasi bari muri etaje barokoka inkongi y’umuriro
Umugore wo mu mujyi wa Istanbul muri Turkia yagaragaye ari kujugunya abana be 4 hasi ubwo inyubako babagamo yo mu igorofa rya 3 yari ifashwe n’inkongi y’umuriro.
Abaturage bari hafi aho bari hasi bahise bashaka umwenda ukomeye!-->!-->!-->!-->!-->…
Clarisse Karasira yasezeranye kubana na Ifashabayo nk’umugore n’umugabo.
Umuhanzikazi uririmba mi njyana gakondo Clarisse Karasira yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ifashabayo Sylivain Dejoie.
Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 18 Gashyantare 2020 witabirwa n’abantu bake mu rwego rwo gukurikiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafoto: ibintu 10 bisekeje Trump yakoze mu myaka 4 yayoboye Amerika
Donard Trump wayoboye Leta zunze ubumwe z'Amerika ni umwe mu ba Perezida bakunze kugarukwaho na benshi bitewe n'imikoreshereze ye y'imbuga nkoranyambaga nka Tweeter ndetse n'uburyo yakunze kugaragara mu ruhame avuga cyangwa akora ibintu!-->…
Urukiko rwatangiye kuburanisha mu mizi Rusesabagina na bagenzi be.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare 2021, Paul Rusesabagina na bagenzi be 20 bashinjwa ibyaha bifitanye isano birimo iby’iterabwoba, batangiye kuburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru.
Urubanza rurimo kuburanishirizwa mu cyumba!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakinnyi n’abatoza ba APR FC basezeyeho Lt General Jacques Musemakweli wahoze ayiyobora.
Abatoza ndetse n'abakinnyi ba APR FC basezeye Lt General Musemakweli uherutse kwitaba Imana.
Ku italiki ya 12 z'uku kwezi kwa kabiri nibwo inkuru y'incamugongo y'urupfu rwa Lt General Jacques MUSEMAKWELI wahoze ari umuyobozi w'ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo: Itangazo rya NIREMBERE Marie wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa NIREMBERE Marie, mwene HABYARIMANA Jean de Dieu na AYINKAMIYE Damars, utuye mu Kagali ka Rwebeya, umurenge wa Cyumve, mu Karere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru, arifuza guhindurirwa amazina yari asanzwe akoresha, akitwa!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mfitumukiza wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa MFITUMUKIZA JACQUES mwene HABYARIMANA Jean de Dieu na Damars AYINKAMIYE, utuye mu Karere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru, mu Murenge wa Cyumve, arifuza guhindurirwa amazina akitwa MFITUMUKIZA JACKSON akaba ari nayo yandikwa!-->!-->!-->…
Mu cyumweru gitaha umurambo wa Padili Ubald ushobora kuzanwa ugashyingurwe mu Rwanda.
Abo mu muryango wa Padiri Ubald Rugirangoga, uherutse kwitaba Imana aguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko umurambo we uteganyijwe kuzanwa mu Rwanda mu mpera z’uku kwezi ari nabwo uzahita ushyingurwa.
Padiri Ubald!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Abantu 119 barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bajya mu tubari
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Gashyantare 2021 Polisi y’u Rwanda yafatiye mu tubari dutandukanye two mu Mujyi wa Kigali abantu 119 barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.
Mu tubari dutatu two mu Gatsata Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Leta y’Ubushinwa yahagaritse BBC nyuma yo gutangaza ibitanejeje ubuyobozi.
Leta y'Ubushinwa yatangaje ko yamaze guhagarika radiyo na Tereviziyo BBC kubera gutangaza inkuru itashimishije ubuyobozi.
Nyuma y'aho igitangazamakuru cy'Ubwongereza BBC gishyiriye hanze amakuru ataranyuze Ubuyobozi bw'Ubushinwa, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Yiteguye gukora ubukwe burapfa abukora ari wenyine
Nyuma yo guhemukirwa yahisemo kwikorana ubukwe wenyine Uyu munyamerikakazi w’imyaka 35 yahisemo kwikorana ubukwe mu birori bidasanzwe yakoreye imbere y’umuryango we nyuma yo guhemukirwa n’umusore bari kuzabana habura amezi ane ngo ubukwe!-->…
Prof LYAMBABAJE yaraye yemejwe nk’umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda
Inteko Rusange ya Sena yaraye yemeje Prof. Lyambabaje Alexandre nk’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda nyuma yo kugezwaho raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu yasuzumye dosiye ye, igaragaza ko afite!-->!-->!-->…
Inyungu za twitter ziyongereyeho arenga miliyari mu gihe cya corona virus.
Mu mezi atatu ya nyuma y'umwaka wa 2020 Twitter yagize inyungu nyinshi cyane itari yarigeze igira imbere, isoza icyo umukuru y'iyi kompanyi yise "umwaka udasanzwe".
Uru rubuga nkoranyambaga rwatangaje ko inyungu yarwo yiyongereyeho!-->!-->!-->!-->!-->…
RUSIZI: Gitifu NDAGIJIMANA arashinjwa kwambura inyama umuturage utarishyura mitiweri.
Hari umuturage wo mu Karere ka Rusizi ushinja gitifu w'Akagari kumwambura inyama amuziza kuba atari yishyura ubwisungane mu kwivuza buzwi nka mitiweri.
Mu Karere ka Rusizi buri gihe mu ntangiriro z’umwaka hari abaturage bibumbira mu!-->!-->!-->!-->!-->…