Browsing Category
Izindi nkuru
HRW irasaba ONU gukurikirana iby’uburenganzira bwa muntu mu Burundi
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), urasaba akanama ka ONU gashinzwe umutekano gukomeza gukurikira uburyo uburenganzira bwa muntu buri guhonyorwa mu Burundi.
HRW ivuga ko Ibikorwa bibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abarwayi babiri bafashwe bari gusambanira ku buriri bw’ibitaro
Mu bitaro bimwe biherereye Lagos mu gihugu cya Nigeria, abarwayi babiri (umusore n’inkumi) baguwe gitumo bafatwa basambanira munsi y’igitanda cy’abarwayi.
Urubuga leuksenegal.com, ruvuga ko aba barwayi bahawe ibitaro kuko bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa musore ukiri muto ukundana na nyina wa Neymar Jr yaterewe icyuma muri Mexico
Umusore witwa Tiago Ramos w’imyaka 24 ukundana na nyina wa Neymar Jr witwa Nadine Goncalves,w’imyaka 52 yashyize hanze amashusho ari kuvirirana nyuma yo guterwa icyuma yasohokanye n’uyu mugore mur Mexico.
Tiago wamenyekanye kubera!-->!-->!-->!-->!-->…
Miliyari 39 ziyongereye ku ngengo y’imari yo guhemba Abarimu.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) imaze iminsi mu gikorwa cyo gushaka abarimu bashya benshi kuko n’ibyumba by’amashuri byiyongereye, bikaba byaratumye ingengo y’imari ijya mu mishahara y’abarimu izamukaho miliyari 39 z’amafaranga y’u Rwanda.
!-->!-->…
General Major Mubarak yasabye imbabazi abakunzi ba APR FC
Visi Perezida wa APR FC, Maj Gen Mubaraka Muganga, yasabye imbabazi abakunzi b’ikipe y’ingabo nyuma y’uko inaniwe kugera ku ntego yihaye, igasezererwa mu ijonjora rya mbere rya CAF Champions League itsinzwe na Gor Mahia.
APR FC yari!-->!-->!-->!-->!-->…
PSF imaze kwemeza ku mugaragaro ko abana batazemererwa kwinjira muri Exposition ya 2020
Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF), ruratangaza ko abana bari munsi y’imyaka 12 batemerewe kuzinjira mu Imurikagurisha mpuzamahanga ku nshuro ya 23 rizatangira tariki 11-31 Ukuboza 2020, rikazabera ahazwi nk’i Gikondo kuri Expo mu!-->!-->!-->…
Namibia: Leta yashyize ku cyamunara inzovu zirenga 170 kubera ikibazo cy’amapfa.
Leta ya Namibia yatangaje ko kubera amapfa no kwiyongera kw’inzovu, no kubangamirana hagati y’abantu n’inzovu biri mu byatumye Leta ishaka igisubizo cyo kugabanya umubare w’inzovu mu gihugu.
Minisiteri y’ibidukikije, amashyamba!-->!-->!-->!-->!-->…
Misa ya Cardinali KAMBANDA itumye umugi wa Kigali usubika gahunda ya #carfreeday#
Umujyi wa Kigali watangaje ko siporo rusange ya Car Free Day yagombaga kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Ukuboza 2020, yasubitswe bitewe n’indi gahunda iteganyijwe kuri uwo munsi.
Amakuru dukesha IGIHE avuga ko iyi gahunda yahagaritse!-->!-->!-->!-->!-->…
Padiri Erasmus rashinjwa gutera inda umwangavu w’imyaka 17
Umupadiri womu gihugu cya Tanzaniya akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w'umukobwa w'imyaka 17 y'amavuko.
Padiri Onesas Swai w'imyaka 44 y'amavuko wo mu gihugu cya Tanzaniya, muri paruwasi gatolika ya Manushi mu gace ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingabo za Uganda zirashinjwa guhohotera no kwiba moteri 7 z’amato y’abarobyi bo muri DRC
Ingabo zirwanira mu mazi za Uganda zirashinjwa guhondagura abarobyi 21 b’Abakongomani zikanabiba Moteri 7 z’ubwato bwabo mu kiyaga cya Edourd gihuriweho n’ibihugu byombi.
Urubuga election-net.com dukesha iyi nkuru ruvuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke :Guverineri Gatabazi yasabye abagabo kongera gutereta abagore babo
Umuyobozi w’intara y’Amajyaruguru Gatabazi Jean Marie vianney yasabye abagabo bo mu karere ka Gakenke kongera gutereta abagore babo babaririmbira mu rwego rwo guca ingeso z’ubushurashuzi zikomeje gutuma baharika abagore!-->!-->!-->…
Umurambo wa Bwana Che Lewis wasomewe Misa yo kuwusezera wiyicariye ku muryango wa Kiliziya
Umurambo w’umugabo witwa Che Lewis w’imyaka 29 uvuka mu birwa bya Trinidad na Tobago muri Karayibe wangiwe kwinjira mu Misa yo kuwusabira kuruhuka mu mahoro ba nyirawo bawusiga ku muryango wicaye ku ntebe binjira mu kiliziya.
!-->!-->!-->!-->!-->…
LONI yemeje ubusabe bwa OMS ikura urumogi ku rutonde rw’ibiyobyabwenge byica
Inama yahuje ibuhugu bigize Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye (UN) ishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (CND), yateraniye i Vienna muri Austria kuri uyu wa 2 Ukuboza 2020, yakuye urumogi ku rutonde rw’ibiyobyabwenge byica.
Ibi byemejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Bwana Mathew Fwalanga arahigwa bukware na polisi nyuma yo gufata ku ngufu umuforomo mugenzi…
Mu gihugu cya Zambia haravugwa inkuru y’Umuforomokazi wafashwe ku ngufu muri iki cyumweru na mugenzi we bari mu bitaro byigenga bakoramo byitwa Carewell Private Clinic biherereye ahitwa Kitwe.
Umuganga w’ibitaro bya Carewell Private!-->!-->!-->!-->!-->…
Ihazabu ya Miliyoni 892 Frw niyo yaciwe Dr Pierre Damien Habumuremyi akatirwa igifungo cy’imyaka 3
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge,rwategetse ko Dr Pierre Damien Habumuremyi afungwa imyaka itatu.akanatanga ihazabu ya no gutanga ihazabu ya Miliyoni 892 Frw nyuma yo guhamwa n’ icyaha cyo gutanga sheki zitazigamiye.
Umwanzuro ku!-->!-->!-->…