Browsing Category
Izindi nkuru
Benjamin Mkapa wahoze ayobora Tanzaniya yitabye Imana.
Benjamin Mkapa wahoze ayobora igihugu cya Tanzaniya yaraye yitabye Imana.
Ibiro by'umukuru w'igihugu cya Tanzaniya byatangaje ko uwahoze ayobora igihugu Benjamin Mkapa yaraye yitabye Imana kuri uyu wa gatanu taliki ya 23 Nyakanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Derek Chauvin Ushinjwa kwica George Floyd Yarezwe ibyaha byo kudatanga imisoro
Derek Chauvin n'uwahoze ari umugore we bashinjwa kutamenyekanisha inyungu ivuye mu mirimo itandukanye bakora
Derek Chauvin wahoze ari umupolisi i Minneapolis muri Amerika ushinjwa kwica umunyamerika ukomoka muri Afurika George Floyd!-->!-->!-->…
SSP HILLARY wari umaze imyaka Irenga 6 nk’umuvugizi wa RCS yasimbuwe
Urwego rw'igihugu rushinzwe infungwa n'abagororwa rwabonye umuvugizi mushya usimbura Hillary wari umaze imyaka hafi 7
Babinyujije ku rukuta rwa Twitter, urwego rw'igihugu rushinzwe infungwa n'abagororwa rwatangaje ko rufite!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage bishimye nyuma yo gukurwa mu bihe bidasanzwe kubera covid-19
Mu mugi wa Kinshasa ndetse no gihugu hose bari bamaze iminsi muri gahunda ya gumamurugo
Amatsinda y'abantu muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yaraye yigabije imihanda yo mu murwa mukuru Kinshasa, mu kwishimira ko Perezida Félix!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikigega k’imali ku isi cyasoneye u Burundi umwenda wa miliyoni $7.6
FMI yasoneye igihugu cy'uburundi hafi miliyoni 7$ mu rwego rwo kuyifasha guhangana n'icyorezo cya Coronavirus.
Ikigega cy'imari ku isi (IMF/FMI) cyatangaje ko cyasoneye (cyahebeye ideni) u Burundi umwenda ungana na miliyoni US$ 7.63!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwagumye mu bihugu 13 byemerewe kugirira ingendo mu gace ka Schengen
Nyuma yuko akanama k'umuryango wunze ubumwe bw'Uburayi gateranye kakemeza urutonde r'wibihugu 13 bikomeje gukaza umurego ku ngamba zo kwirinda icyorezo cya Coronavirus, hemejwe urutonde rw'ibihugu byemererwa ko abaturage babyo bagirira!-->!-->!-->…
Nyagatare: Batatu batawe muri Yombi, barakekwaho kwiba Sima yagenewe kubaka amashuri
Abantu batatu bari mu maboko y'ubugenzacyaha, bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba sima yari iteganijwe kubaka amashuri
Guhera ku wa Mbere tariki 20 Nyakanga 2020, abagabo batatu bari mu maboko ya RIB sitasiyo ya Musheri mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Kanye West Yasabye Jay-Z kumubera Visi Perezida mu gihe yatorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe…
Mu kiganiro yagiranye n'itangazamakuru, Kanye West yavuze ko yamaze kugusaba umuraperi w'inshuti ye magara basangiye ikamba Jay-Z kuzamubera Visi Perezida mu gihe yaramuka atorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu magambo akakaye KARASIRA yasubije Min BAMPORIKI wari wamubwiye ko atagira uburere
Nyuma yuko Bamporiki avuze ko Bwana kararsira Aimable adafite uburere kandi ko adakwiye kurererera u Rwanda, Bwana Karasira nawe ntiyaripfanye
Kuri uyu wa mbere taliki ya 20 Nyakanga 2020 nibwo intambara y'amagambo yatangiraga!-->!-->!-->!-->!-->…
Min. BAMPORIKI yatangije intambara y’amagambo hagati ye na Prof NIGGA
Bwana BAMPORIKI Edouard yibasiye cyane KARASIRA Aimable umwarimu wo muri Kaminuza y'u Rwanda, arasanga adafite uburere bumwerera kwigisha muri kaminuza y'u Rwanda.
Nyuma y'aho umwarimu w'ikoranabuhanga muri Kaminuza y'u Rwanda Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku munsi umwe gusa umutungo wa JEFF BEZOS wiyongereyeho miliyari 13$
Ejo kuwa mbere gusa umutungo wa Jeff Bezos wiyongereyeho miliyari $13, kwiyongera k'umutungo w'umuntu umwe ko hejuru cyane kubayeho kuva mu 2012 ikigo Bloomberg cyashyiraho uburyo bwo kubara imari y'abaherwe ba mbere ku isi buri munsi.!-->!-->!-->…
Umwarimu SACCO yirukanye umukozi azira ko umugabo we yahembwe n’iyi Koperative
Ese uyu mukozi arashinjwa iki?
Ashinjwa kuba yarashyize umugabo we ku rutonde rw’abahembweUmuyobozi wa SACCO ati “Nage kuregera inkiko ave mu itangazamakuru.”
Nyirarukundo Liliane wakoreraga Koperative UMWARIMU SACCO akaza kwirukanwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Senateri yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu kabari mu gihe cy’umukwabu
Senateri wo muri Kenya yasabye imbabazi Abanya-Kenya kubera kurenga ku mabwiriza y'umukwabu yashyizweho mu gufasha guhagarika ubwandu bwa coronavirus.
Senateri Johnson Sakaja uhagarariye akarere k'umurwa mukuru Nairobi, mu mpera!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango wa Prezida KAGAME uri mu byishimo byinshi nyuma yo kubona umwuzukuru
abinyujije ku rukuta rwe rwa twiter, prezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umuryango we uri mu byishimo nyuma yo kubona umwuzukuru we ku nshuro ya mbere.
Yanditse ati: “ Guhera ejo hashize mu rugo turishimye cyane, Ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
SUDANI: Ikurwaho ry’ igihano cy’urupfu, kunywa inzoga.. byabarakaje bamwe
Guverinoma y’inzibacyuho muri Sudan kuri iki Cyumweru taliki 19, Nyakanga, 2020 yakuyeho igihano cy’urupfu no guhanisha gukubitwa ikiboko ku batinganyi. Abaturage bamwe bagiye mu muhanda barabyamagana. Hari hashinze imyaka 40 ibi bihano!-->…