Browsing Category
Izindi nkuru
Umunyarwanda wakekwagaho gutwika urusengero yarekuwe
Polisi yo mu gihugu cy'Ubufaransa yarekuye umunyarwanda w'imyaka 39 y'amavuko nyuma yo kugirwa umwere ku cyaha yakekwagaho cyo gutwika urusengero rw'amateka rwa mutagatifu Petero rwo mukinyejana cya 15 (15th-century St Peter and St!-->!-->!-->…
Bwana Sembagare wayoboye Burera n’umuhungu we barokotse impanuka ikomeye
Iyi modoka yari irimo uwahoze ari Meya wa Burera, Bwana Sembagare Samuel.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, mu kagari ka Musaza, umurenge wa Gitovu mu karere ka Burera, habereye impanuka yari irimo Sembagare Samuel wahoze ayobora!-->!-->!-->…
Isi ikwiye kwitegura igabanuka ry’imbyaro bikabije mu bihe biri imbere!
Ikigereranyo cy’abana bavuka cyerekana ko hafi buri gihugu ku isi kizaba gifite abaturage bagabanutse cyane mu mpera z’iki kinyejana.Ibihugu 23 – birimo Ubuyapani na Espagne – ababituye bashobora kuzaba baragabanutseho kimwe cya kabiri mu!-->…
MINEDUC igiye gushyiraho amabwiriza atoroshye azitabwaho mbere yo gufungura kaminuza
HEC yatangaje ko hagiye gushyirwaho amabwiriza akakaye mbere yuko umuntu yemererwa gufungura kaminuza mu Rwanda
Nyuma yuko Ministeri y'Uburezi mu Rwanda ihagaritse kaminuza eshatu zose mu ntangiriro z'uku kwezi kwa karindwi, kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yaciwe akayabo k’amashilingi ya kenya 700,000 nyuma yo kubyarana n’umugore…
Urukiko Rukuru rwa Mombasa, rwategetse ko umugabo yishyurwa ibihumbi 700 by’amashilingi ya Kenya, nyuma yo gupima bagasanga atari Se w’umwana w’uwari umugore we.
Aya mashilingi azayishyurwa nk’indishyi yo guteshwa umutwe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umupolisi yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya umugore urwaye covid-19
Umupolisi wo mu gihugu cya Kenya yatawe muri yombi nyuma yo kwinjira mu byumba bicumbikiwemo abarwayi ba covid-19 maze agasambanyamo umugore urwariyemo.
Umupolisi wo mu gihugu cya Kenya utatangarijwe amazina yatawe muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
REB imaze kwemeza ko Umwanya w’ubuyobozi bw’ikigo k’ishuri utazongera kujya…
Ikigo k'igihugu gishinzwe iterambere ry'uburezi mu Rwanda cyamaze gutangaza ko abayaobozi b'ibigo by'amashuri abanza n'ay'isumbuye batazajya bakora ibizamini by'akazi ko ahubwo bazajya bashyirwaho
Ibyo ni ibyagarutsweho n’umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
WASAC, RSSB mu bigo bya Leta bigiye kongera kwitaba akanama ka PAC
WASAC, RSSB na BDF ni byo bigo bya Leta ku ikubitiro bigomba kongera kwitaba akanama gashinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imali ya Leta mu Rwanda (PAC)
Mu ibaruwa Donatille Mukabalisa, Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Tuniziya: Umunyamakuru yakatiwe gufungwa amezi 6 nyuma yo gutera urwenya kuri corowani
Umunyamakuru ukorera kuri internet yakatiwe igifungu cy'amezi amezi nyuma yo gutera urenya yifashisha igitabo cya korowani
Umunya-Tuniziya utangaza amakuru ku rubuga rwa internet mu buryo buzwi nka 'blog', yakatiwe gufungwa amezi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Tolulope Arotile, wari umugore umwe urwanisha kajugujugu, yapfuye
Umupilote w'umugore wari uwa mbere ubayeho muri Nigeria utwara kajugujugu z'intambara yapfuye azize ibikomere byatewe n'impanuka yo mu muhanda, nkuko ingabo zirwanira mu kirere zabitangaje.
Tolulope Arotile yapfuye ku wa kabiri.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umugabo yigongeye umwana we w’uruhinja atabizi arapfa.
Umugabo yigongeye umwana we arapfa. (Photo archives)
Umugabo utuye mu Karere ka Nyanza, umurenge wa Busasamana yaraye yigongeye umwana we w'uruhinja ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 13 Nyakanga 2020. Amakuru y'urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abigaga muri kaminuza y’INDANGABUREZI baheze mu gihirahiro nyuma yuko kaminuza yabo ifunzwe
Abanyeshuri bari barangije programme y'ikiciro cya mbere muri kaminuza nderabarezi yo mu Ruhango bari mu gihirahiro nyuma yuko kaminuza bigagamo yafunzwe
Nyuma y'aho ministeri ifunze za kaminuza eshatu mu ntangiriro z'uku kwezi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Sena y’u Rwanda yemeje KAYITESI Alice nka guverineri w’intara y’Amagepfo
Sena y'u Rwanda yaraye yemeje Kayitesi Alice nk'umuyobozi w'intara y'amagepfo imwizeza n'ubufasha mu gukemura ibibazo byo muri iyo Ntara
Nyuma y'aho prezida wa Repubulika Nyakubahwa Paul Kagame agize guverineri w'intara y'amagepfo!-->!-->!-->!-->!-->…
BUGESERA: Yashyinguye umwana utari uwe akeka ko ari uwo yari yarabuze.
Muteteri Faith, utuye mu mudugudu wa Rurenge, avuga ko bumvise iyo nkuru nyuma yo kumenya ko hari umurambo w’umwana w’umuhungu watoraguwe mu mazi mu gishanga, hanyuma ukaba washyinguwe n’utari nyir’umwana kubera kwibeshya.
Muteteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Guma murugo # i Bethlehem kwa Yezu/Yesu
Leta ya Palestina yatangaje umukwabu mu gace ka West Bank hagamijwe kurwanya ikwirakwira ry'iki cyorezo.
Imijyi izwi nka Ramallah, Hebron na Bethlehem yo iraguma mu mabwiriza ya 'Guma mu rugo' (lockdown) kugeza kuwa kane - ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…