Browsing Category
Izindi nkuru
Tanzaniya: Wa mugabo uherutse gucukura ibuye rihenze, yaguye ku rindi akomeza gutumbagira ku…
Umucukuzi uciriritse wo muri Tanzania, wamenyekanye ubwo bwacyaga abaye umuherwe utunze za miliyoni mu kwezi kwa gatandatu amaze kugurisha amabuye abiri ya Tanzanite kuri miliyoni 3,4 z'amadolari y'Amerika, yagurishije irindi buye kuri!-->!-->!-->…
“Barack Obam yarakize cyane, arirata, yifuza gusengwa, ariko jye sinabikora” Malik,…
Bwana Malik mukuru wa Barack OBAMA arashinja murumuna we wigeze kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ubwirasi n'ubwiyemezi.
Bwana Malik ni mukuru wa BARACK obama, umwirabura umwe rukumbi wayoboye igihugu cya Leta Zunze ubumwe za!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi bwagaragaje ko “uburiganya” bumunga ubukungu ku kigero cya 60%
Imibare itangazwa n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) igaragaza ko mu myaka itatu ishize ibyaha by’uburiganya byihariye ikigero cya 60% k’ibyaha bimunga ubukungu bw’Igihugu.
Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col (Rtd)!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwe mu bakobwa b’urubyiruko rw’abakorerabushake yagaragaye atukana…
Mu gihe benshi bamaze iminsi bashima ubwitange bw'aba bana b'urubyiruko mu gufasha abaturage mu kubahiriza no gushyira mu bikorwa amabwiriza yo kwirinda covid-19, koko burya nta byera ngo de, umwe muri urwo rubyiruko yagaragaye ari!-->!-->!-->…
Congo: Umusirikare yasinze arasa abantu abagera kuri 12
Umusirikare wasinze wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yarashe mu bantu bihitiraga, yicamo abatari munsi ya 12 ndetse akomeretsa abandi benshi.
Ku munsi w'ejo ku wa kane taliki ya 30 Nyakanga 2020 umusirikare wo gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida wa Repubulika yasabye baturage kumesa udupfukamunwa bakoresheje “essence”
Perezida Rodrigo Duterte wa Philippines yongeye gusaba abaturage b'iki gihugu kujya basukura udupfukamunwa bakoresheje lisansi (essence) - ashimangira ko ubwo yabivugaga bwa mbere "atarimo akina".
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Polisi iri guhiga bukware umuhanzi PALASO watorokanye amapingu
Polisi yo mu gihugu cya Uganda iri guhiga bukware umuhanzi witwa PALASSO nyuma yaho acitse polisi agatorokana amapingu.
Umuhanzi PIUS MAYANJA wamenyekanye cyane ku izina rya PALASSO ari guhugwa bikomeye na polisi yo muri icyo gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya byinshi ku cyogajuru giherutse koherezwa kuri MARS gushakisha ibimenyetso by’ubuzima
Perseverance, ni imashini igenda ku butaka yoherejwe ku mubumbe wa Mars uyu munsi kuwa kane ijyanywe n'icyogajuru Atlas 5 cyahagurukiye ku kigo cyabugenewe kitwa Cape Canaveral muri Florida, USA.
Ubu nibwo butumwa bwa mbere bw'ikigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Utubari twakomeje gufungwa kimwe n’amashuri akomeje gufungwa kugeza muri Nzeri.
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2020 yafashe imyanzuro yerekeye gukomeza kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 irimo usaba Abanyarwanda kutirara ahubwo bagakongera ibaraga mu kwirinda,!-->…
Kenya: Hatangiye iperereza ku bapolisi 4 bafotowe bakubita umugore
Polisi ya Kenya yatangaje ko hatangiye iperereza ku mashusho yafashwe ejo kuwa kabiri y'abapolisi bane bakubita umugore uhagarariye abaturage ku rwego rw'ubutegetsi bw'umurwa mukuru Nairobi.
Polisi yoherejwe ku nteko y'intara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Stade y’igihugu Yahinduriwe izina yitirirwa Prezida Mkapa uherutse kwitaba Imana
Prezida John pombe magufuli yahinduye izina rya Stade nkuru y'igihugu ayitirira prezida Benjamin Mkapa uherutse kwitaba Imana
Prezida w'igihugu cya Tanzaniya Bwana John Pombe Magufuli yahinduye izina rya stade nkuru ayitirira!-->!-->!-->!-->!-->…
Misiri: Abakobwa 5 bakatiwe gufungwa imyaka 2 kubera gushyira amavidewo y’urukozasoni kuri tik…
Urukiko rwo mu Misiri rwahanishije igifungo cy'imyaka ibiri abakobwa batanu kubera gushyira kuri TikTok "amashusho ateye isoni"
Aba bakobwa batatangajwe amazina bose, banaciwe ihazabu y'amadorari ya Amerika $19,000 (ni hafi miliyoni!-->!-->!-->!-->!-->…
OMS yavuze ko ibihugu bigomba gufungura imipaka, ubucuruzi bugakomeza
Umuyobozi w'ishami ry'umuryango w'abibumbye wita ku buzima yaraye avuze ko ibihugu bigomba gufungura imipaka ubuzima bugakomeza
Mu kiganiro yatanze ejo kuwa mbere, Dr Tedros Ghebreyesus uhagarariye ishami ry'umuryango w'abibumbye!-->!-->!-->!-->!-->…
WHO yashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu byahanganye neza mu kurwanya COVID-19
U Rwanda rwashyizwe mu bihugu byarwanije rugashyiraho n'ingamba zihamye mu kurinda ikwirakwira ry'icyorezo cya Coronavirus.
Mu kiganiro yatangiye i Geneve hifashishijwe ikoranabuhanga, Dr Tedros yavuze ko hari ibihugu byakurikije!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yatanze numero wahamagaraho mu gihe ubonye uwishe nkana amabwiriza yo kwirinda Covid-19
Ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu mu Rwanda yashyize hanze nimero ya terefoni muri buri karere umuntu yakwiyambaza aramutse abonye udakurikiza amabwiriza yo kwirinda coronavirus.
Kuri iki cyumweru Ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…