Browsing Category
Izindi nkuru
UmuPasiteri yafashwe asambana n’umugore w’umugabo w’inshuti ye!
Mu minsi ishize mu gihugu cya Kenya, hasakajwe inkuru y’umupasiteri waguwe gitumo aryamanye n’umugore w’umugabo w’inshuti ye bari kwishimana nyuma y’itorero.
Amakuru avuga ko uyu mugabo w’inshuti ya pasiteri yakekaga umugore we!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
BOSENIBAMWE Aimé wayoboye intara y’Amajya ruguru yitabye Imana!
Uyu yari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe igororamuco (National Rehabilitation Service: NRS),Bosenibamwe Aimé, yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2020,azize uburwayi.
Bosenibamwe Aime w’imyaka 50!-->!-->!-->…
Rwamagana: Abana 4 barohamye mu Kiyaga barya umunyenga mu barapfa.
Abana bane bo mu Mudugudu wa Kanserege, mu Kagari ka Kibare, Umurenge wa Gahengeri, Akarere ka Rwamagana barohamye mu mazi barapfa mu Kiyaga cya Gatoki gihuza Gahengeri n’Umurenge wa Nzige.
Ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu ahagana saa!-->!-->!-->…
Huye:Mu kibanza Radio Salus ikoreramo habonetse imibiri bikekwa ko ari abazize Jenoside yakorewe…
Amakuru aturuka mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo aravuga ko mu mbuga irimo inyubako Radio Salus ikoreramo habonetse ibimenyetso bigaragaza ko hashobora kuba hari imibiri bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
!-->!-->!-->!-->…
Rwa rubanza rw’abasirikare bashinjwa guhohotera no gusambanya abagore ku gahoto rwasubitswe
Urukiko rukuru rwa gisirikare rwongeye rusubika urubanza ubushinjacyaha buregamo abasirikare ibikorwa byo guhohotera abaturage no gusambanya abagore ku nguvu
Ni urubanza abaregwa bagombaga kuburana ku ifunga n'ifungurwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye Agaciro ka za robots zizifashishwa mu gukurikirana abarwayi ba Covid-19
Hamaze kumenyekana agaciro ka za robots zizifashishwa mu gukurikirana abarwayi ba coronavirus
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 19 Gicurasi Ministeri y'ubuzima ku bufatanye na ministeri y'ikorabuhanga hamuritswe robots 5!-->!-->!-->!-->!-->…
“NTIZA” Indirimbo ya Bruce Melodie na Mr Kagame ntivugwaho rumwe kubera amagambo…
Abantu benshi bakomeje kutavuga rumwe ku ndirimbo NTIZA ya Bruce Melody na Mr Kagame baherutse gushyira hanze kubera amagambo y'urukozasoni n'ibishegu yuzuyemo.
Hashize iminsi mike abahanzi Bruce Melody na Mr Kagame bashyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Mme Louise MUSHIKIWABO yashenguwe umutima n’urupfu rwa Laurent NKUSI wamubereye mwarimu
Madame MUSHIKIWABO Louise yababajwe cyane n'urupfu rwa professeur Laurent NKUSI wamubereye mwarimu akanamusimbura ku mwanya wa ministeri y'itangazamakuru
Mu gitondo cyo cyo kuri uyu wa mbere nibwo inkuru y'urupfu rwa Prof. LAURENT!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof. LAURENT NKUSI yaraye yitabye Imana
Prof. LAURENT NKUSI Wigeze kuyobora ministeri y'itangazamakuru yaraye yitabye Imana
Amakuru y'urupfu rwa Professeur Nkusi Laurent rwamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere bimenyeshejwe n'umuryango we. Umugore we yabwiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Hari agace abaturage bari kwifashisha amaganga y’inka mu kwirinda Covid-19
Hari abaturage bo mu gace kamwe ko mu gihugu cya Kenya bari kwifashisha amaganga y'inka mu kwirinda ubwandu bwa Covid-19
Mu gihe isi muri rusange iri mu rugamba rwo rwo kurwanya icyorezo cya covid-19, bamwe mu baturage bo mu gace!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yakoreye abakobwa be 4 ibya mfurambi avuga ko Imana ibishyigikiye.
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru iteye isoni n’agahinda, aho umugabo yahohoteye abakobwa be bose uko ari bane, akabasambanya yitwaje ko Imana ishyigikiye ibikorwa bye ku bakobwa be ashingiye kuri Loti wo muri bibiliya.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Inkari zishobora kujya zifashishwa mu kubaka ku kwezi!
Ikigo cy’abanyaburayi gishinzwe iby’isanzure (ESA ) mu cyumweru gishize cyatangaje ko inkari z’umuntu, umunsi umwe zishobora kuzajya zifashishwa mu kubaka ku kwezi.
ubushakashatsi bwo kubaka ku kwezi burakomeje
Iki kigo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yasabye Radio10 kujya ibanza kuyibaza mbere yuko itangaza amakuru ayireba
U buyobozi bwa FERWAFA bwasabye Radio10 kujya babanza kuyibaza mbere yuko itangaza amakuru ayireba kuko byatera ibibazo ku banyamuryango.
Nyuma yaho Abanyamakuru bo mu rubuga rw'I mikino ba Radio 10 batangaje ko hari amakuru bamenye!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Abimukira 14 bagonzwe na gariyamoshi barapfa ubwo bageragezaga gutaha
Abimukira bagera kuri 14 baraye bagonzwe na gariyamoshi barapfa ubwo berekezaga iwabo mu cyaro nyuma yo gutakaza akazi kubera icyorezo cya Covid-19
Mu ijoro ryakeye mu gihugu cy'Ubuhinde mu Ntara ya Madhya Pradesh gari ya moshi!-->!-->!-->!-->!-->…
BNR ya kuyeho yamabwiriza yagenaga amafaranga ntarengwa SACCOs zari zemerewe kubikuriza…
Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, yakuyeho amabwiriza yari yashyizeho agena amafaranga ntarengwa amakoperative yo kubitsa no kugurizanya (SACCOs) yemerewe kubikuriza abanyamuryango bayo muri ibi bihe byo kurwanya Covid-19.
Izo ngamba!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…