Browsing Category
Izindi nkuru
Polisi yerekanye abantu 17 bishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo n’abavuye i Rusizi
Abantu 17 bari mu byiciro bine nibo Polisi yafashe mu bihe bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kurwanya Koronavirusi. Beretswe itangazamakuru uyu munsi taliki ya 14 Kamena, muri bo harimo abantu batanu bafatiwe mu mujyi wa Kigali bawujemo!-->…
Mu birori bisekeje, umukecuru w’imyaka 65 yasezeranye n’umusore yareraga w’imyaka…
Mbah Gambreg w'imyaka 65 y'amavuko yasezeranye na Ardi Waras w'imyaka 24, Nyuma y'uko bahuriye mu majyepfo ya Sumatra muri Indonesia, akamugira umwana we.
Mbah Gambreng yasezeranye n'umwana yareraga, witwa Ardi arusha imyaka 41
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Inzu y’ubucuruzi yahiye irakongoka
Inzu ibikwamo ibicuruzwa yafashwe n'inkongi y'umuriro irashya irakongoka
Inzu y’ububiko bw’ibicuruzwa iherereye mu kagari ka Cyabajwa mu Murenge wa Kabarondo mu gikari cy’isoko rya Kabarondo mu karere ka Kayonza yafashwe n’inkongi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abajura 18 bakubiswe n’inkuba barapfa ubwo barimo bagabana ibyo bibye
Abajura 18 baraye bakubiswe n'inkuba mu gihugu cya Cameroune bahita bitaba
Abajura bakibiswe n’inkuba ubwo bari barimo kugabana ibyo bibye. Muri bo 18 bahise bapfa, ibi byabereye mu Ntara ya Adamawa mu ishyamba riri ahitwa Toungo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gahunda ya #Gumamurugo# yamaze amezi atanu yatumye yiyongeraho ibiro 100 byose
Umusore wo mu gihugu cy'Ubushinwa yiyongereyeho ibiro bigera ku ijana mu gihe cy'amezi atanu bari bamaze mu rugo kubera gahunda ya gumamurugo
Umusore w’imyaka 26 utuye i Wuhan mu Bushinwa yiyongereye ibiro 101 mu gihe cy’amezi!-->!-->!-->!-->!-->…
“Umushahara muto wa Mwalimu uri mubidindiza ireme ry’uburezi ryifuzwa” Frank…
Honorable Frank HABINEZA arasanga Umushahara muto wa Mwalimu uri mubidindiza ireme ry'uburezi mu Rwanda
Honorable Frank HABINEZA umudepite w'ishyaka rya Green Party mu Rwanda, yatanze igitekerezo kuri komisiyo ishinzwe uburezi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamaze kumenyekana Radio J.Luc na bagenzi be bazerekezaho nyuma yo gusezererwa muri Radio& TV10
Nyuma yo gusezererwa kuri radio&TV10, abanyamakuru Jean Luc, Sudik,Gicumbi, na Fuadi bashobora kwerekeza kuri radio nshya igiye gufungura mu minsi ya vuba
Nyuma y'aho abanyamakuru bakunzwe cyane mu Rwagasabo mu gisata k'imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamukwaya Valens wari umaze imyaka 38 mu itangazamakuru yasezewe nk’intwari yakoranaga…
RWAMUKWAYA Valens wari umaze imyaka 38 mu kazi ko gufata amashusho harimo na 26 yamaze muri RBA
Hari abantu benshi bita gusa ku byo no ku bantu tureba kuri za Tereviziyo zacu ariko tukirengagiza akazi gakomeye k'abandi kaba kakozwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihugu cya Cuba cyatangije icyumweru cyo kunamira prezida NKURUNZIZA Uherutse kwitaba Imana
Mu rwego rwo kwifatanya n'Abarundi, igihugu cya Cuba cyatangije iminsi yo kunamira prezida NKURUNZIZA Uherutse kwitaba Imana Hamanurwa amabendera mu gihugu cyose
Iminsi ibaye itanu uwari prezida w'igihugu cy'Uburundi yitabye Imana!-->!-->!-->!-->!-->…
Dosiye iregwamo Me Evode Uwizeyimana yarashyinguwe ntagikurikiranwe naho Dr munyakazi aracyakorwaho…
Dr Munyakazi Isaac we aracyakorwaho iperereza ku cyaha cya Ruswa
Me Evode Uwizeyimana wirukanwe ku mwanya w’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe Itegeko Nshinga n'andi Mategeko, Ubushinjacyaha bwanzuye ko!-->!-->!-->…
Nyina wa Prezida NKURUNZIZA nawe ngo yaba amaze kwitaba Imana nyuma y’urupfu rw’umuhungu…
Amakuru afitiwe gihamya aremeza ko nyuma y'urupfu rwa Prezida Pierre NKURUNZIZA, mama we umubyara nawe yitabye Imana
Nyuma y'aho inkuru ibaye kimomo ko uwari Prezida w'U Burundi PIERRE NKURUNZIZA yitabye Imana azize indwara!-->!-->!-->!-->!-->…
J.Luc, Fuadi, Sidik, na Gicumbi bari bakunzwe cyane kuri Radio10 bamaze kwirukanwa
Abanyamakuru ba sport bari bakunzwe cyane kuri Radio10 bamaze kwirukanwa burundu nyuma yo kuvuga ko bakorera mu kwaha kwa Castar nawe wirukanywe
Amakuru afitiwe gihamya aravuga ko abanyamakuru bari bakunzwe cyane mu rubuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ubuyobozi bw’Akarere buramagana amakuru yavugaga ko habonetse umurwayi wa Covid-19
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere amakuru yakomeje gucicikana hirya no hino avuga ko mu Karere Nyanza habonetse umurwayi wa Covid-19 kandi ko hari uduce tumwe na tumwe tutari nyabagendwa, ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 8 Kamena!-->…
Bruxelles: Abarenga 10,000 bigaragambije bamagana akarengane gakorerwa abirabura
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru abantu basaga 10,000 bari mu mihanda y'I Buruseri bamagana urugomo n'ihohotera rikorerwa abirabura
Urupfu rw'umwirabura Georges Floyd uherutswe kwicwa bunyamaswa n'Umupolisi muri Leta Zunze ubumwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abagera kuri 51 bafashwe bica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo gusengera ku musozi…
Abantu 51 bafashwe mu masaha y’igicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki 07 Kamena 2020 basengera ku musozi witwa Ndabirambiwe uherereye mu Murenge wa Muhoza mu Kagari ka Cyabararika.
Abafashwe bahise bashyikirizwa Polisi station ya!-->!-->!-->!-->!-->…