Browsing Category
Izindi nkuru
Umubyeyi yakubise umwana we amumena umutwe avuga ko ari kumushyira ku murongo.
Uwitwa Abanikannda Ibraheem yashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga yerekana umwana nyina yahondaguye akamumena umutwe avugako ari kumukosora.
Uyu yavuzeko ibi yabibonye kuwa gatandatu w'ukwezi dushoje aho yatangajeko uyu mugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya Y’epfo: Ubwoba bw’ubwandu bwa coronavirus bwatumye kiriya zifunga imiryango
Nyuma y'aho bigaragaye ko abantu benshi bamaze kwandura coronavirus, kiriziya yahagaritse misa kugeza igihe kitazwi.
Koreya y'amajyepfo ni kimwe mu bihugu byo hanze y'igihugu cy'ubushinwa kirimo abantu benshi bamaze kwandura!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwirukanwa muri Ministeri y’Uburezi, Dr ISAAC MUNYAKAZI yirukanywe no mu Ishyaka
Ishyaka rya PDI ryamaze gutangaza ko ryirukanye burundu Dr MUNYAKAZI Isaac mu ishyaka.
Nyuma Bwana MUNYAKAZI ISAAC wari umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y'uburezi yeguye ku mirimo ye, nyuma Prezida wa Repubulika akavuga ko Dr!-->!-->!-->!-->!-->…
José Chaeleone yatsinze ikizamini cya Leta bimuha anahirwe yo kwiga Kaminuza
Jose Chameleone yabonye amanota 12 kuri 20 mu bizamini bisoza ayisumbuye bimuha anahirwe yo gukomeza Kaminuza.
Joseph MAYANJA wamenyekanye cyane ku izina rya Jose Chameleone mu njyana ya Afrobeat ndetse yigarurira imitima y'abakunzi!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Umuntu wa mbere wanduye Coronavirus yitabye Imana
Leta Zunze ubumwe za Amerika, kimwe mu bihugu kitari bwagerwemo n'icyorezo cya Coronavirus, ubu cyatangaje ko umuntu umwe yaraye yishwe n'icyo cyorezo.
Umuntu wa mbere wari utuye mu murwa Mukuru wa WASHINGTON DC yaraye yitabye Imana!-->!-->!-->!-->!-->…
Bakodesheje inzu bagararutse bayisangamo umusaza w’imyaka 99(AMAFOTO)
Umusore n'inkumi batunguwe no kubona umusaza w'imyaka 99 munzu bari bakodesheje ndetse akababwira ko ntahantu abazi.
Aba bari batanze amayero 800 ariko nyuma yaho bagarukiye bahasanze umusaza ujyeze muzabukuru wigeze no kuba umu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakobwa b’abanyeshuri barwaniye umusore ku karubanda ivumbi riratumuka.
Amashusho yiriwe azenguruka ku mbuga nkoranyambaga ni ay'abakobwa babiri biga muri kaminuza yitwa Institute of Management and Technology(IMT) barwanye bapfa umusore muri leta ya Enugu.
Ababonye iby'aba bari bajwiburana bavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
MIKE Tayson yemeye gutanga Akayabo ku musore Uzemera kurongora umukobwa we uheze ku ishyiga
MIKE Tayson wabaye icyamamare mu mukino w'iteramakofi mu baremereye yemeye gutanga akabakaba miliyari 10 y'amafranga y'u Rwanda ku musore wemera kurongora umukobwa we.
Buri mubyeyi ahorana inzozi n'ibyifuzo byo kubona abana be!-->!-->!-->!-->!-->…
Hagaragaye amafoto y’umusirikare uherutse kurasabagenzi be 4
Umuyobozi wa leta ya Borno Dogo Shetima yagaragaje amafoto y'umusirikare mukuru uherutse kurasa bagenzi be 4 nawe bikarangira yirashe.
Uyu musirikare nkuko aya makuru yatanzwe n'uyu muyobozi yabivuze ngo yarashe bagenzi be nyuma!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umubyeyi yerekeje ku ishuri azi ko ajyanye umwana ajyezeyo arebye mu modoka aramubura yibuka ko…
Umu mama yabyutse atunganya umwana kugirango amujya ku ishuri,arangije yatsa imodoka agezeyo asanga yamwibagiriwe mu rugo arakata asubira ku mureba.
Ni amashusho yiriwe kuri Twitter y'umubyeyi w'umumama wagaragaye ari kwiseka ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umu Pasiteri yafatiwe mu cyuho ari gusambanya agakobwa k’imyaka 13(Amafoto)
Polisi yo mu mujyi wa Lagos yatangaje ko yataye muri yombi Pasiteri Temidayo Afolabi nyuma yo kugubwa gitumo ari gusambanya agakobwa kimyaka 13.
Uyu muvugabutumwa yaguwe gitumo nyuma yuko mukuru wakariya kana ahaye amakuru nyina!-->!-->!-->!-->!-->…
MURENZI Abdallah wigeze kuyobora Ikipe ya Rayon, Yagiriye inama Abayobozi bayo.
MURENZI Abdallah yasabye abayobozi b'ikipe ya Rayon Sport bariho gushinga ikipe y'amagare kuko ari siporo ikunzwe na benshi ubu
Bwana MURENZI ABDALLAH uherutse gutorerwa ku mwanya w'umuyobozi wa federasiyo Nyarwanda y'Amagare!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo w’imyaka 55 afunze azira kurongora umukobwa we ku ngufu
Umugabo w'imyaka 55 yakatiwe igifungo cy'imyaka 14 azira kurongora umukobwa yibyariye w'imyaka 17 ku ngufu mu gace ka Ado-Ekiti.
Umushinjacyaha mukuru wo muri leta ya Ekiti ho mugihugu cya Nigeriya yakatiye uyu mugabo igifungo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gushaka undi mugore, Alpha Blondy arashinjwa ubuhemu no gusezerana nta gatanya ahawe.
Umugore wa mbere wa Alpha Blondy uherutse gukora ubukwe n'umunya Tuniziya wamukoreraga, aramushinja ubuhemu n'ububeshyi mu gukora ubundi bukwe atatse gatanya.
Kuwa gatandatu taliki ya 22Gashyantare nibwo Bwana KONE SEYDOU!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango w’abantu 7 watabawe na rurema ubwo warurimo wifotoreza mu nzira ya gariyamoshi
Kamera yo kumuhanda yerekanye umuryango w'umugore n'umugabo bari kwifotoreza mu nzira ya gariyamoshi ibasangamo bakizwa namaguru mu Pennsylivania.
Aya mashusho yagiye hanze anyujijwe kuri youtube yerekanye umugore n'umugabo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…