Browsing Category
Mu Mahanga
Sudan: Ibihugu bitandukanye byatangiye guhungisha aba diplomates bayo
Mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika muri Sudan, ibihugu bitandukanye bikomeje gucyura aba diplomates babo ngo batazahitanwa n'intambara.
Urutonde rukomeje kwiyongera rw'ibihugu byahungishije abadiplomate n'abaturage babyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhungu w’umuvugizi wa Putin yavuze ko yigeze gukorera Wagner muri Ukraine
Umuhungu wa Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro Kremlin bya perezida w’Uburusiya, yatangaje ko yakoreye Wagner Group muri Ukraine mu gihe cy’amezi hafi atandatu.
Nikolai Peskov yagize ati: “Zari inshingano zanjye…Sinashoboraga kwicara!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Biravugwa ko Alain Guillaume Bunyoni yaba amaze guhungira muri Tanzaniya
Amakuru aturuka mu gihugu cy'abaturanyi aravuga ko Gen. Alain Guillaume Bunyoni wigeze kuba minisitiri w'intebe yaba amaze guhungira mu gihugu cya Tanzaniya.
Hari amakuru aturuka mu gihugu cy'Uburundi avuga ko General Alain!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Hongeye gututumba umwuka utameze neza hagati ya guverinoma na Guillaume Bunyoni
Mu gihugu cy'u Burundi haravugwa umwuka utameze neza hagati ya Bwana Guillaume Bunyoni na Leta y'i Burundi imushinja kubika amamiliyari mu nzu.
Mu Burundi hongeye kuvugwa umwuka utari mwiza hagati ya guverinoma y'icyo gihugu na!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda-Benin: U Rwanda rushobora kohereza ingabo muri Benin kurwanya iterabwoba
Ibihugu bya Benin n'u Rwanda bishobora kugera ku bwumvikane bushingiye ku mutekano aho ingabo z'u Rwanda zishobora kujya muri Benin zigafatikanya n'ingabo z'icyo gihugu guhashya imitwe y'iterabwoba.
Perezida Patrice Talon wa Benin!-->!-->!-->!-->!-->…
Yahamijwe icyaha cyo gucira amacandwe ku mupolisi akatirwa gufungwa imyaka 70
Umusore w'imyaka 36 y'amavuko yahamijwe icyaha cyo gucira amacandwe ku mupolisi maze urukiko rumukatira igifungo cy'imyaka 70 yose.
Umusore witwa Larry Pearson w’imyaka 36 yakatiwe gufungwa imyaka 70 yose nyuma y'aho inkiko zo muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Jack Teixeira uvugwaho kwiba no gushyira hanze amabanga akomeye ya USA ni muntu ki
Umusore w’imyaka 21 wo mu ishami rya 'reserve force' ry'igisirikare cyo mu kirere cya Amerika yatawe muri yombi kandi uyu munsi kuwa gatanu aragezwa imbere y’urukiko rw’i Boston ashinjwa kumena amabanga y’ubutasi bwa gisirikare yateranyije!-->…
DRC: Perezida Tshisekedi yongeye gushimangira ko igihugu cye kidateze kuganira na M23
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yavuze ko igihugu cye na Leta ayobora bidateze kugirana ibiganiro n'umutwe wa M23 ko ahubwo uwo mutwe ugomba gushyira intwaro hasi vuba na bwangu.
Perezida wa Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 irashinja FARDC n’inyeshyamba gufata aho ivuye ‘bagasahura bakica rubanda’
Inyeshyamba za M23 zatangaje ko ibice zari zarafashe ubu zirimo kurekura bimwe biri kujyamo ingabo za leta n’imitwe y’inyeshyamba yindi maze bakica abasivile bakanabasahura.
Itangazo ry’umuvugizi wa M23 rivuga ko bamaze kuva mu duce!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Ubuyobozi bwakuyeho icyemezo cyo kwirukana umugore ushinjwa gutwara abagabo b’abandi
Ubuyobozi bw'intara ya Muyinga bwakuyeho icyemezo cyari cyafashwe n'umuyobozi wa komini cyo kwirukana ku butaka bw'aho ayobora umukobwa ushinjwa gutwara abagabo b'abandi.
Guverineri w'intara ya Muyinga mu gihugu cy'Uburundi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Tshisekedi yirukanye minisitiri w’ingabo asimbuzwa uwahoze ayobora inyeshyamba
Tshisekedi yaraye akoze impinduka zikomeye muri guverinoma ye, ashyira mu myanya bamwe mu bahoze bayobora imitwe y'inyeshyamba.
Perezida Felix Tshisekedi yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Minisitiri w’Intebe yakomeje kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Tchad: Abagera kuri 441 bahamijwe icyaha cyo kwica Idris Deby bakatiwe icya burundu
Urukiko rwo muri Tchad rwahanishije igifungo cya burundu abantu 441, rumaze kubahamya uruhare mu rupfu rwa Idriss Deby wahoze ayobora icyo gihugu.
Idriss Deby yiciwe ku rugamba muri Mata 2021 ubwo yari yagiye kurwanya inyeshyamba!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yarekuye utundi duce 3 idushyira mu maboko y’ingabo za EAC
Umutwe wa M23 wongeye kurekura utundi duce yari yarafashe idushyira mu maboko y'ingabo za EAC mu rwego rwo kubahiriza imyanzuro yo guhagarika imirwano no kugarukana amahoro mu burasirazuba bwa DRC
I Masisi, ingabo z’u Burundi nizo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umugabo yashenye inzu yabagamo, acukuramo imva ashaka kwihamba ari muzima
Umugabo wo muri Kenya witwa Francis Chebuche w’imyaka 22, aravugwaho kuba yarahoraga mu makimbirane n’umugore we, nyuma aza no kumwirukana, ahubwo atangira kwicukurira imva, nyuma ajya no kugura isanduku n’imyenda azambara yihamba ,!-->!-->!-->…
USA: Donald Trump yasabye abakunzi be kwitambika icyemezo cya Leta kigamije kumufunga
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Donald Trump yasabye abakunzi be kuzitambika icyemezo cyo kumuta muri yombi.
Perezida Donald Trump wigeze kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika yasabye abayoboke be!-->!-->!-->!-->!-->…