Browsing Category
Mu Mahanga
Afrika y’epfo: Hateguwe imyigaragambyo ikomeye kubera ikibazo cy’amashanyarazi
Ikibazo cy'amashanyarazi gitumye shyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Ramaphosa ritegura imyigaragambyo ikomeye kuri uyu wa mbere.
Ishyaka Economic Freedom Fighters (EFF) ryavuze ko ryateguye imyigaragambyo ikomeye iteganijwe kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yongeye gukozanyaho n’ingabo za Leta FARDC nyuma y’iminsi 3 y’agahenge
Nyuma y’iminsi itatu nta mirwano iri kuba hagati y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa M23, isasu ryongeye guseka muri iyi ntambara.
Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, imirwano yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abakozi ba Leta bategetswe kujya basenga mbere yo gutangira akazi
Leta y'Uburundi yategetse abayobozi ba Leta ku nzego zo hejuru kujya batangira akazi kabo n'isengesho buri gitondo.
Guhera kuri uyu wa kabiri taliki ya 7 Werurwe 2021, abakozi bo mu biro bya perezida w'Uburundi, abo mu biro!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntidushishikajwe no gufata uduce, Intego ni ukurokora ubuzima bw’abantu” umutwe…
Umutwe w'inyeshyamba wa M23 uvuga ko udashyize imbere ibyo gufata uduce ahubwo ugamije kurokora abantu, nyuma yuko ku cyumweru wigaruriye agace ka Rubaya ko muri teritwari ya Masisi muri Kivu ya Ruguru.
Agace ka Rubaya, gakize ku!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wigaruriye agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro
Inyeshyamba za M23 zimaze kwigarurira agace ka Rubaya gaherereye muri teritwari ya Maisisi, ni nyuma y’uko mu minsi ishize izi nyeshyamba zari zigaruriye agace ka Mweso n’inkengero zayo.
Rubaya ni agace gakungahaye ku mabuye!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ingabo za Leta zemeje ko umutwe wa M23 wafashe agace ka Mushaki
Umuvugizi w'ingabo za Leta mu ntara ya Kivu ya ruguru yemeje ko nyuma y'imirwano ikaze, umutwe wa M23 byarangiye wigaruriye agace ka Mushaki.
Ingabo za leta muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo zemeje ko umutwe zihanganye wa M23!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 36, umubiri wa Thomas Sankara washyinguwe.
Leta ya Bourkinafaso yashyinguye ku mugaragaro umurambo wa Thomas Sankara n'abandi bicanywe hamwe yirengagiza ubusabe bw'umuryango we.
Muri Burkina Faso, imibiri ya Thomas Sankara na bagenzi be bicanywe mu 1987 yongeye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umuzungu w’imyaka 62 akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abahungu 10
Urukiko rwo muri Nakuru muri Kenya rwafashe umugabo w’Umudage witwa Martin Herman w’imyaka 62, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana bato b’abahungu icumi.
Ikinyamakuru igihe.com dukesha iyi nkuru kiravuga ko Urukiko rwakiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yahakanye raporo ya Amnesty iyishinja ubwicanyi mu duce yafashe
Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wamaganye raporo y’Umuryango Amnesty International iyishinja kwica abasivile no gufata abagore ku ngufu.
Mu mpera z’iki cyumweru nibwo Amnesty International!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage banze kwibaruza mu bazitabira Amatora basaba Leta kubanza kwirukana M23
Mu gihe haburaga umunsi umwe gusa ngo hakorwe ibarura ry'abaturage bazitabira amatora muri DRC, bamwe mu baturage banze kwitabira icyo gikorwa basaba Leta yabo kubanza kwirukana no gushashya umutwe wa M23.
Umunsi umwe gusa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa FDLR yagaragaye ayoboye urugamba FARDC yarwanye na M23
Nyuma y’agahenge k’igihe gito, imirwano yongeye kubura hagati ya FARDC ifatanyije na FDLR, bagabye igitero gikomeye ku birindiro bya M23 biri ahitwa Kingi ni mu birometero 3 ujya mu mujyi wa Sake.
Rwandatribune dukesha iyi nkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare 7 ba Leta bashinjwa ubugwari ku rugabba bakatiwe urwo gupfa
Abasirikare barindwi b’ingabo za DR Congo bakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwateraniye muri centre ya Sake kuwa gatandatu rubahamije ibyaha birimo ‘ubugwari’ no ‘guca igikuba muri rubanda’.
Urwo rukiko rwa gisirikare rwa Goma!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba ofisiye batanu bari mu ngabo za FARDC bahisemo gusanga M23
Kuri uyu wa gatatu ubuyobozi bwa M23 bwagaragaje abasirikare batanu bari ku rwego rwa Ofisiye bahisemo gutandukana n'ingabo za Leta bahitama gusanga umutwe wa M23.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 8 Gashyantare 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 irashinja Leta ya Congo kubangamira amahoro n’umutekano
Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi, n’imyigaragambyo mu mujyi wa Goma igakomeza, izi nyeshyamba zirashinja leta gukomeza guteza impagarara aho gushaka!-->!-->!-->…
U Rwanda na M23 bongeye gushyirwa mu majwi muri raporo ya Human Right Watch (HRW)
Umuryango Human Right watch urashinja umutwe wa M23 ubwicanyi bw'abasivili no gushyira abana mu gisirikare ndetse no kuba uwi mutwe uterwa ingabo mu bitugu n'igisirikare cy'u Rwanda.
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Human!-->!-->!-->!-->!-->…