Browsing Category
Mu Mahanga
Zambia: Umusore yapfuye azize imirimo yakoze bagiye gushyingura mushiki we
Umusore wo gihugu cya Zambia yapfuye nyuma y'iminsi ibiri mushiki we ashyinguwe. Amakuru avuga ko yazize imirimo yakoze mu muhango wo gushyingura umuvandimwe we.
Uyu musore witwa Godfrey Mwango w'imyaka 33 yaguye ku giti arakomereka!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Umugore yakatiwe gufungwa kubera gusomana n’umugabo
Umugore wo muri Sudani warezwe ubusambanyi yarokotse kwicwa ahanishwa gufungwa amezi atandatu nyuma yo kwemera ko yasomye umugabo.
Uwo mugore w’imyaka 20 mbere yari yakatiwe urwo gupfa atewe amabuye, bituma ibi byamaganwa!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Moise Katumbi yababajwe n’icyemezo cya Leta yanze ko indege ye igwa ku butaka bwa DRC
Umunyapolitiki Moïse Katumbi yashinje Urwego rushinzwe iperereza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (ANR) kumubuza kwinjiza indege ye mu kirere cy’iki gihugu.
Katumbi yabwiye Jeune Afrique ko yagiye muri Qatar aharimo kubera!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yafatiye ibihano umuhungu wa perezida wa Zimbabwe
Leta zunze ubumwe za Amerika zongereye ku rutonde rw'abahawe ibihano umuhungu wa perezida Munangagwa kubera gukekwaho kugirana ubushuti n'umuherwe wo muri icyo gihugu nawe wafatiwe ibihano n'icyo gihugu cy'ighangange
Emmerson!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Bamwe mu basirikare ba Leta bafatiwe mu mirwano baremeza ko FARDC ikorana bya hafi na FDLR
Umutwe wa M23 werekanye abasirikare ba FARDC umunani n’umupolisi umwe yafashe barimo Lt Col Assani Kimonkola Adrien, wari umuyobozi wungirije wa batayo ishinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi wafatiwe mu mirwano i Kibumba ku wa 20!-->!-->!-->…
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Burayi yatawe muri yombi
Eva Kaili ukomoka mu Bugereki, umwe muri ba visi perezida 14 b’Inteko ishinga amategeko y’u Burayi, yatawe muri yombi mu iperereza ku byaha bifitanye isano na ruswa.
AFP yatangaje ko iryo perereza rifitanye isano na kimwe mu bihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ninde wahatiye umutwe wa M23 kurekura no kuva mu bice yari yarafashe?
Ubuyobozi bw'umutwe wa M23 burahakana ko hari igitutu cyabashyizweho kigatuma bava mu birindiro uwo mutwe wari warigaruriye.
Nyuma y'aho ubuyobozi bw'umutwe wa M23 busohoreye itangazo kuri uyu wa kabiri taliki ya 6 Ukuboza 2022!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wagize icyo usaba mbere y’uko usubira inyuma
Umutwe wa M23 washimangiye ko witeguye gusubira inyuma ukava mu duce wafashe, ariko ngo ukeneye ibiganiro bigaragaza neza aho uzajya, icyo uzaba ukorayo n’abazarinda abaturage yabohoye.
Ni ubutumwa bwatanzwe n’umuvugizi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Sinigeze nifuza kuba perezida na rimwe, ruriya ni urundi rwego” Kainerugaba Muhoozi
Umuhungu wa perezida wa Uganda General Kainerugaba Muhoozi yasubije abantu benshi bakunze kwibaza ko ashaka kuzaba perezida wa Uganda.
Bagendeye ku byo uyu mugabo akunze gutangaza abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, bemeza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abaganga bapfukamye basaba Museveni kwiyamamariza manda ya karindwi
Itsinda ry’abaganga muri Uganda ryatunguye benshi muri weekend ubwo bapfukamaga imbere ya Perezida Yoweri Museveni bamusaba kuziyamamariza manda ya karindwi.
Museveni w’imyaka 78 ari ku butegetsi kuva mu 1986. Amatora rusange!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika Y’epfo: Abagera kuri 14 bariho basenga bahitanywe n’umwuzure barapfa
Abantu 14 bahitanywe n'umuwuzure ubwo bari barasenga mu mvura nyinshi munsi y'ibitare by'amabuye.
Mu mpera z'icyumweru gishize kuwa gatandatu taliki ya 3 Ukuboza 2022, mu gihugu cya Afrika y'epfo mu mujyi wa Johanesbourg umwuzure!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakomiseri Banze Kwemeza Ibyavuye Mu Matora Muri Kenya Birukanywe
Perezida wa Kenya William Ruto yahagaritse ku mirimo abakomiseri bane b’amatora bitandukanyije n’intsinzi ye mw’itora ryo mu kwezi kwa 8, ashyiraho itsinda ryo gukora iperereza ryo kureba niba bakurwaho.
Perezidansi ni yo yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Imirwano yongeye kubura hagati y’umutwe wa M23 na FARDC
Imirwano irimo intwaro ziremereye yubuye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hagati y’Ingabo z’icyo gihugu n’umutwe wa M23.
Ni imirwano yubuye nyuma y’iminsi itanu inama yahurije i Luanda abakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Abana 11 bo mu muhanda batwikishijwe lisansi
Abana 11 bo mu mihanda ya Kinshasa bazwi nka "Shegués" batwikishijwe lisansi, ubu barimo kwitabwaho n’abaganga, bavurwa ibikomere.
Byabaye mu rukerera rwo ku wa 30 Ugushyingo 2022, aho bikekwa ko byagizwemo uruhare n’itsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Ndayishimiye arashinjwa kubogamira kuri M23 nyuma y’inama aherutse kugira…
Nyuma y'ijambo perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi aherutse kuvugira muri Kenya asaba ko abakongomani bagomba gushaka uburyo bumvikana ubwabo mu gukemura ikibazo bafitanye nk'abanyagihugu, bamwe mu banyapolitiki baramushinja!-->!-->!-->…