Browsing Category
Mu Mahanga
Perezida wa Angola yakuyeho urujijo ku kutumvikana ku myanzuro yafatiwe i Luanda
Nyuma y'aho habayeho kutavuga rumwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda hagati ya Perezida Kagame w'u Rwanda na mugenzi we Felix Tshisekedi, none Perezida wa Angola yakuyeho urujijo avuga ko bumvikanye ko M23 ishyira hasi ibirwanisho.
Tariki!-->!-->!-->…
José Eduardo dos Santos wayoboye Angola yitabye Imana ku myaka 79
José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 37, akaba yaravuye ku butegetsi mu 2018, yitabye Imana ku myaka 79 aguye mu ivuriro ryo mu Mujyi wa Bercelone muri Espagne, aho yari ari mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo!-->…
Japan: Tetsuya Yamagami wishe uwahoze ari minisitiri w’intebe yasobanuye icyabimuteye
Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza akajyanwa kwa muganga, byarangiye Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe apfuye. Uwamurashe ni umugabo w’imyaka 41, amazina ye ni Tetsuya Yamagami.
Yabwiye Polisi ko ubwo Shinzo Abe yari!-->!-->!-->…
Japan: Uwabaye minisitiri w’intebe waraye arasiwe mu muhanda amaze kwitaba Imana
Shinzo Abe wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, warashwe ari gutambutsa imbwirwaruhame agahita ajyanwa mu Bitaro igitaraganya, yapfuye.
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru mu Buyapani, cyatangaje Shinzo Abe w’imyaka 67 y’amavuko,!-->!-->!-->…
“Nshaka ko mwumva agahinda kenshi ntewe no kurekura kano kazi keza ku isi” Min. Boris…
Minisitiri w'intebe w'Ubwongereza Bwana Boris Johnson yatangaje ko ababajwe no kuba yegujwe, ndetse ko yicuza cyane kuba atsinzwe mu rugamba yahanganagamo n'abanzi be.
Nk'uko yari yabyemeje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki ya 7!-->!-->!-->…
Nigeria: Gereza yari irinzwe cyane yatewe abagororwa 900 baratoroka
Ku wa Gatatu tariki 6 Nyakanga 2022, Abayobozi bo muri Nigeria batangaje ko imfungwa zigera hafi kuri 900, zatorotse gereza ubundi irinzwe cyane iherereye mu Mujyi wa Abuja, ubwo yagabwagaho igitero n’inyeshyamba zigendera ku mahame!-->…
DRC: M23 iravuga ko itazava mu birindiro byayo
Umutwe wa M23 wavuze ko utiteze gushyira mu bikorwa umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe i Louanda muri Angola usaba uwo mutwe gushyira ibirwanisho hasi ukava no mu birindiro urimo.
Umutwe w'inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa!-->!-->!-->…
Hamenyekanye icyavuye mu biganiro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Luanda
Perezida Kagame na Perezida Tshisekedi bagiranye ibiganiro bigamije gushakira amahoro igice cy'uburasirazuba bwa Congo.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 6 Nyakanga 2022 Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Bwana Felix!-->!-->!-->…
“Amagambo ya Kainerugaba ntagomba kwitirirwa ingabo za Uganda” Umuvugizi wa UPDF
Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig Gen Felix Kulayigye yavuze ko ibyatangajwe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wavuze ko ashyigikiye umutwe urwanya ubutegetsi bwa Ethiopia, bidakwiye kwitirirwa UPDF kuko atari umuvugizi wayo cyangwa ngo!-->…
China: Umujyi wa Shiang washyizwe muri gahunda ya #Gumamurugo#
Umujyi wa Shiang mu gihugu cy'Ubushinwa wamaze gushyirwa muri gahunda ya Gumamurugo nyuma y'uko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kubura umutwe.
Mu gihugu cy'Ubushinwa gikomeje kubangamirwa n'izamuka ry'imibare y'abarwayi ba Covid-19, iryo!-->!-->!-->…
Centrafrique: hatangijwe ifaranga rya cryptocurrency bise Sango
Perezida wa Centerafrique Faustin Archange Touadéra, abicishije ku mbuga nkoranyambaga, ku cyumweru yatangaje iby’iri faranga rishya ryemewe na leta ryo mu bwoko bwa ‘cryptocurrency’, bise Sango – ururimi ruvugwa na benshi muri iki!-->!-->!-->…
DRC: Kiliziya Gatolika yasabye Perezida Tshisekedi gusubira mu biganiro na M23
Inama nkuru y’Abepisikopi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO) yasabye Leta ya Kinshasa kwemera ibiganiro na M23 mu rwego rwo guhosha intambara mu burasirazuba bw’igihugu.
Nk'uko itangazo ryasinyweho n’umuvugizi w’iri!-->!-->!-->…
AU yasabye Ethiopia na Sudan kugana inzira y’ibiganiro bakareka kurwana
Umukuru w’akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA) yasabye ko habaho kwifata, ituze n’ibiganiro, mu gihe ubushyamirane bwo ku mupaka hagati ya Ethiopia na Sudan buri guteza inkeke yuko bushobora gufata indi ntera.
Mu itangazo,!-->!-->!-->…
Sudan yatangije intambara kuri Ethiopia
Nyuma y'aho Sudan ivuze ko Ethiopia yarashe abasirikare bayo, icyo gihugu cya cyamaze gutangaza ko kigiye mu ntambara na Ethiopia.
Nyuma y'iminsi ibiri gusa igihugu cya Sudan kivuze ko Leta ya Etiyopiya yarashe abasirikare bayo ku!-->!-->!-->…
DRC: Perezida Tshisekedi yarahiye ko M23 idashobora kuvangwa muri FARDC
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yarahiye ko ingabo zo mu mutwe wa M23 zitazigera zivangwa n'ingabo za FARDC.
Amezi amaze kuba menshi ingabo za Leta ya Congo FARDC ziri mu mirwano n'ingabo zo mu!-->!-->!-->…