Browsing Category
Mu Mahanga
Kenya: Abaturage bari kotsa igitutu perezida Ruto bamwibutsa kubaha ibyo yabemereye yiyamamaza
Abaturage bo mu gihugu cya Kenya bari kotsa igitutu perezida wabo uherutse gutorwa kubagezaho ibyo yabasezeranije ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza.
Mu gihe William Ruto yarimo yiyamamariza kuba Perezida wa Kenya, mu byo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Raila Odinga arashinja guverinoma ya Ruto kutita ku bibazo by’amapfa n’inzara byugarije icyo…
Umuyobozi w’ihuriro ry’amashyaka rizwi nka Azimio One Kenya, Raila Odinga yashinje guverinoma ya William Ruto kutita ku bibazo by’amapfa n’inzara muri icyo gihugu.
Mu itangazo yashyize ahagaragara, Odinga yashinje guverinoma intege!-->!-->!-->!-->!-->…
Col Serge Mavinga wari uyoboye ingabo za FARDC mu gace M23 iherutse kwigarurira yatawe muri yombi.
Colonel Serge Mavinga wari Komanda wa FARDC mu gace ka Ntamugenga gaheruka kwigarurirwa n’abarwanyi ba M23 yatawe muri yombi ashinjwa ubugambanyi.
Amakuru dukesha Rwandatribune aravuga ko Col Mavinga afungiwe mu biro by’Ubutasi bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwami Charles III yatangiye guteza amwe mu mafarashi yasigiwe na nyina uherutse gupfa
Umwami Charles III arimo kugurisha amwe mu mafarashi yo gusiganwa yarazwe na nyina Umwamikazi Elizabeth II.
Uyu mwamikazi yari umworozi ukomeye w’amafarashi yo gusiganwa ndetse bizwi ko yakundaga kujya ku masiganwa yazo no!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yasubije inyuma ibitero bya FARDC yigarurira utundi duce muri Kivu y’amajyaruguru
Imirwano ikaze imaze iminsi ihanganishije ingabo za FARDC n’umutwe w’inyeshyamba za M23, iyi ntambara yari iri kubera mu mujyi wa Ntamugenga, uhererereyer muri Rutshuru, yongeye gukara kuko kuri iki cyumweru izi nyeshyamba zafashe uyu!-->!-->!-->…
“Nta na 1mm twigeze dutakaza” M23 iranyomoza amakuru avuga ko hari uduce yatakaje
Umutwe wa M23 uranyomoza amakuru yavugaga ko hari uduce twamaze kwigarurirwa n'ingabo za Leta FARDC mu mirwano imaze iminsi itatu yubuye.
Umuvugizi w'umutwe wa M23 mubya gisirikare Major Willy Ngoma abinyujije ku rukuta rwe rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamategeko ukomeye muri Kenya yareze Gen. Kainerugaba amusabira gufungwa burundu
Umunyamategeko wo muri Kenya yagejeje mu nkiko Gen Muhoozi Kainerugaba wahoze ari Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka amushinja ibyaha byo kuvogera ubusugire bw’ikindi gihugu no gutera ubwoba inzego z’umutekano za Kenya.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Serbia yahagaritse amasezerano yari ifitanye n’Uburundi bihombya benshi
Leta ya Serbia yatangaje ko imaze guhagarika amasezerano yari ifitanye n'igihugu cy'Uburundi, amasezerano yahaga uburenganzira Abarundi bwo kwinjira muri icyo gihugu batarinze kwaka visa.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu taliki!-->!-->!-->!-->!-->…
“Sinshaka intambara, ntabwo naje kwigira Rambo” – Ikiganiro cyose Tshisekedi…
Perezida Félix Tshisekedi yaganiriye ba BBC ku ngingo z'umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, Monusco, umubano na Kabila, ndetse yamuhishuriye ko atakibasha guceza mu gihe cye k’ikiruhuko.
Mu kiganiro Africa Daily!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Abiy Ahmed arizeza ko intambara muri Tigray ‘izarangira’ mu gihe cya vuba.
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yavuze ko intambara iri mu ntara ya Tigray mu majyaruguru “izarangira kandi amahoro akaganza”.
Yavuze ibi kuwa kane ariho afungura ikigo cyo guteza imbere impano muri leta y’akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Minisitiri yahatiwe guhisha umubiri we nyuma yo gusembura abadepite kubera ikanzu ye
Minisitiri w’ubuzima wa Zambia Sylvia Masebo yahatiwe gupfuka intungu ze n’umugongo akoresheje igitambaro ari mu Nteko Ishingamategeko nyuma y’uko umudepite w’umugabo abwiye umukuru w’inteko ko uko yambaye birimo gutera “urusaku mu!-->!-->!-->…
DR Congo: Imirwano ya FARDC na M23 yongeye kubura no muri iki gitondo
Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta FARDC yatangiye ku mugoroba wo kuwa kane yasubukuye mu gitondo cyo kuwa gatanu mu karere ka Rutshuru, nk’uko abahatuye babyemeza.
Alain Mirova, umwe mu banyamakuru bigenga!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yavuze ko FARDC ifatanije na FDLR babagabyeho ibitero kuri uyu mugoroba.
Umutwe wa M23 watangaje ko ingabo za Leta FARDC zifatanije n'umutwe wa FDLR zabagabyeho ibitero
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Major Willy Ngoma yatangaje ko guhera ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi kuwa kane taliki 20!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wahakanye amakuru yavuga ko uwo mutwe uri kwitegura gutera Goma.
Ubuvugizi bw'umutwe wa M23 bwatangaje ko budafite gahunda yo gutera umujyi wa Goma kuko ibice bafite bibahagije.
Ubuvugiz bw'umutwe wa M23 buranyomoza amakuru amaze iminsi avuga ko uwo mutwe ufite gahunda yo gutera umujyi wa Goma!-->!-->!-->!-->!-->…
Min w’intebe w’Ubwongereza amaze kwegura nyuma y’iminsi 44 atowe
Madamu Liz Truss wari wasimbuye Boris Johnson ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, na we yeguye nyuma y’iminsi 44 gusa yicaye kuri iyi ntebe.
Yeguye nyuma y’amasaha macye, agaragaje guhagarara bwuma aho bamwe bari bemeje!-->!-->!-->!-->!-->…