Browsing Category
Mu Mahanga
Uganda: Umusirikare yarashe mugenzi we bapfuye umukobwa ukora akazi ko mu rugo
Umusirikare wa UPDF ufite ipeti rya Private yarashe umusirikare mugenzi we bikavugwa ko abo bombi bapfuye umukobwa usanzwe akora akazi ko mu rugo bamwe bakunze kwita "Umuyaya"
Umusirikare wo mu ngabo za Uganda UPDF witwa James Omeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umugore wa Kenyatta yanze gusuhuza Vice Perezida Ruto Williams
Umugore wa perezida wa Kenya madame Margaret Kenyatta yanze gusuhuza visi perezida William Ruto umaze igihe atumvikana na perezida Kenyatta.
Ubwo Margaret yageraga mu busitani buzwi nka Uhuru Gardens mu mujyi wa Nairobi ahaberaga!-->!-->!-->…
BUKAVU: Abaturage mu imyigaragambyo isaba Leta yabo guca umubano n’u Rwanda
Ibihumbu by'abaturage b'i Bukavu baraye bihaye imihanda mu myigaragambyo basaba Leta yabo guca umubano byeruye n'u Rwanda.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 1Kamena 2022, ibihumbi by'abaturage batuye mu mujyi wa Bukavu muri Repubulika!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abarenga 100 bamaze kugwa mu mirwano hagati ya M23 na Leta
Mu gihe imirwano ikomeje gufata indi ntera muri Repubulika iharanira demokrasi ya Congo, biravugwa ko abasirikare ba Leta bagera ku ijana bamaze kuhasiga ubuzima.
Umunsi ubaye uwa kabiri imirwano ikomeye yongeye kubura muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika iri gukina n’umuriro ku kibazo cya Taiwani-Ubushinwa
Ubushinwa bwabwiye Reta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere ko irimo irakina n’umuriro kandi ko nyuma uyu muriro uzaka.
Ni inyuma y’aho Perezida Joe Biden yemereye ko mu gihe Ubushinwa bwagerageza kwigarurira ikirwa cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwasabye Amerika kutivanga mu byayo na Taiwan
Ubushinwa bwasabye Leta Zunze ubumwe za Amerika kwitonda ikareka kwivanga mu kibazo cya Taiwan kuko yaba iri kwenyegeza umuriro kandi akaba ariyo izabigiriramo ibibazo.
Repubulika ya rubanda y'Ubushinwa yasabye Leta Zunze Ubumwe za!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa musirikare w’Uburusiya waburanishirizwaga muri Ukraine yakatiwe gufungwa burundu
Umusirikare w'Umurusiya wafatiwe ku rugamba n'ingabo za Ukraine yakatiwe n'inkiko zo muri icyo gihugu igihano cyo gufungwa burundu nyuma y'uko ahamijwe ibyaha byo mu ntambara.
Sgt Vadim Shishimarin wimyaka 21 y'amavuko wo mu ngabo!-->!-->!-->!-->!-->…
FARDC, Mai Mai, FDLR na Monusco bose bibumbiye hamwe mu guhashya M23
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku Cyumweru no kuri uyu wa Mbere zinjiye mu mirwano ishyamirayije inyeshyamba za M23 n’ingaboza Leta (FARDC) zikoresheje za!-->!-->!-->…
Mohamud wigeze kuyobora Somaliya yongeye gutorerwa kuba perezida
Hassan Sheikh Mohamoud yongeye gutorewa kuyobora igihugu cya somaliya ahigika Mohamedi Formadjo wari uyoboye icyo gihugu guhera mu mwaka wa 2017.
Komisiyo ishinzwe gutegura amatora mu gihugu cya somaliya kuri iki cyumweru taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Samia Suluhu mu rugendo rw’iminsi 2 i Kampala
Perezida w'igihugu cya Tanzaniya Samiya Suluhu Hassan ari mu gihugu cya Uganda ku butumire bwa mugenzi we Museveni Kaguta Yoweri.
Perezida Samiya Hassan Suluhu wa Tanzaniya muri iki gitondo cyo kuwa Kabiri yakoreye uruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Muhoozi Kainerugaba yahamagajwe n’urukiko ngo yisobanure
Urukiko rwahamagaje umuhungu wa Perezida Museveni ngo atange ibisobanuro ku birego bitandukanye.
Urukiko rwubahiriza itegekonshinga mu gihugu cya Uganda rwahamagaje umugaba mukuru w'ingabo zirwanira ku butaka muri icyo gihugu Gen.!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan y’Epfo: Icyorezo cya Cholera kibasiye abari mu nkambi ya Bentiu
Minisiteri y’ubuzima muri Sudan y’Epfo yatangaje ko icyorezo cya Cholera kibasiye intara ya Rubkona iri muri gace k’Amajayaruguru gacukurwamo Peteroli.
Iyi minisiteri yavuze ko abantu 31 n’undi umwe witabye Imana aribo!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasitoro yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa icyaha cyo gusambanya abana b’impanga
Ku wa gatatu, tariki ya 4 Gicurasi, umucamanza Abiola Soladoye muri Leta ya Lagos, muri Nijeriya, yakatiye Pasiteri Michael Oliseh igifungo cya burundu azira gusambanya abakobwa b’impanga b’imyaka 12 b’umukunzi we.
Mu rubanza rwe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Habaye inama y’igitaraganya yiga ku izamuka ry’iciciro by’ibikomoka kuri peterol
Perezida wa Tanzania Madame Samia Suluhu Hassan yatumije inama y’igitaraganya ya Guverinoma yiga ku izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu n’amazi, mu cyumweru gishize cyatangaje ko ibiciro!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore wa Perezida Biden yagiriye uruzinduko muri Ukraine
Umugore wa Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika (USA) Jill Biden, yagiriye uruzinduko muri Ukraine yibasiwe n’ibitero yagabweho n’u Burusiya, ahura na mugenzi we wa Ukraine Olena Volodymyrivna Zelenska ku Cyumweru taliki ya!-->!-->!-->…