Browsing Category
Mu Mahanga
DRC yasheshe amasezerano yose yagiranye n’u Rwanda
Inama nkuru y’umutekano idasanzwe ya leta ya DR Congo yasabye leta ko isesa ako kanya amasezerano yose icyo gihugu gifitanye n’u Rwanda ishinja kuba rwarohereje ingabo zarwo ku butaka bwayo.
Iyo nama yateranye kuwa gatatu ikuriwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yigaruriye umujyi wa Bunagana
Amakuru aturuka mu mujyi wa Buganagana, aremeza ko uwo mujyi uri mu maboko y'umutwe wa M23 nyuma y'imirwano yatangiye kuri iki cyumweru.
Umutwe wa M23 uremeza ko ubu ugenzura umujyi wose wa Bunagana uri ku mupaka wa DR Congo na!-->!-->!-->!-->!-->…
Boris Johnson yatsinze amatora yari agamije kumweguza ku buyobozi bw’ishyaka
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson yatsinze amatora y’abadepite bo mu ishyaka rye yari agamije kumutakariza icyizere akamburwa ububasha bwo gukomeza kuyobora igihugu.
Mu matora yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umusirikare yarashe mugenzi we bapfuye umukobwa ukora akazi ko mu rugo
Umusirikare wa UPDF ufite ipeti rya Private yarashe umusirikare mugenzi we bikavugwa ko abo bombi bapfuye umukobwa usanzwe akora akazi ko mu rugo bamwe bakunze kwita "Umuyaya"
Umusirikare wo mu ngabo za Uganda UPDF witwa James Omeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umugore wa Kenyatta yanze gusuhuza Vice Perezida Ruto Williams
Umugore wa perezida wa Kenya madame Margaret Kenyatta yanze gusuhuza visi perezida William Ruto umaze igihe atumvikana na perezida Kenyatta.
Ubwo Margaret yageraga mu busitani buzwi nka Uhuru Gardens mu mujyi wa Nairobi ahaberaga!-->!-->!-->…
BUKAVU: Abaturage mu imyigaragambyo isaba Leta yabo guca umubano n’u Rwanda
Ibihumbu by'abaturage b'i Bukavu baraye bihaye imihanda mu myigaragambyo basaba Leta yabo guca umubano byeruye n'u Rwanda.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 1Kamena 2022, ibihumbi by'abaturage batuye mu mujyi wa Bukavu muri Repubulika!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abarenga 100 bamaze kugwa mu mirwano hagati ya M23 na Leta
Mu gihe imirwano ikomeje gufata indi ntera muri Repubulika iharanira demokrasi ya Congo, biravugwa ko abasirikare ba Leta bagera ku ijana bamaze kuhasiga ubuzima.
Umunsi ubaye uwa kabiri imirwano ikomeye yongeye kubura muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika iri gukina n’umuriro ku kibazo cya Taiwani-Ubushinwa
Ubushinwa bwabwiye Reta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere ko irimo irakina n’umuriro kandi ko nyuma uyu muriro uzaka.
Ni inyuma y’aho Perezida Joe Biden yemereye ko mu gihe Ubushinwa bwagerageza kwigarurira ikirwa cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwasabye Amerika kutivanga mu byayo na Taiwan
Ubushinwa bwasabye Leta Zunze ubumwe za Amerika kwitonda ikareka kwivanga mu kibazo cya Taiwan kuko yaba iri kwenyegeza umuriro kandi akaba ariyo izabigiriramo ibibazo.
Repubulika ya rubanda y'Ubushinwa yasabye Leta Zunze Ubumwe za!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa musirikare w’Uburusiya waburanishirizwaga muri Ukraine yakatiwe gufungwa burundu
Umusirikare w'Umurusiya wafatiwe ku rugamba n'ingabo za Ukraine yakatiwe n'inkiko zo muri icyo gihugu igihano cyo gufungwa burundu nyuma y'uko ahamijwe ibyaha byo mu ntambara.
Sgt Vadim Shishimarin wimyaka 21 y'amavuko wo mu ngabo!-->!-->!-->!-->!-->…
FARDC, Mai Mai, FDLR na Monusco bose bibumbiye hamwe mu guhashya M23
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku Cyumweru no kuri uyu wa Mbere zinjiye mu mirwano ishyamirayije inyeshyamba za M23 n’ingaboza Leta (FARDC) zikoresheje za!-->!-->!-->…
Mohamud wigeze kuyobora Somaliya yongeye gutorerwa kuba perezida
Hassan Sheikh Mohamoud yongeye gutorewa kuyobora igihugu cya somaliya ahigika Mohamedi Formadjo wari uyoboye icyo gihugu guhera mu mwaka wa 2017.
Komisiyo ishinzwe gutegura amatora mu gihugu cya somaliya kuri iki cyumweru taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Samia Suluhu mu rugendo rw’iminsi 2 i Kampala
Perezida w'igihugu cya Tanzaniya Samiya Suluhu Hassan ari mu gihugu cya Uganda ku butumire bwa mugenzi we Museveni Kaguta Yoweri.
Perezida Samiya Hassan Suluhu wa Tanzaniya muri iki gitondo cyo kuwa Kabiri yakoreye uruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Muhoozi Kainerugaba yahamagajwe n’urukiko ngo yisobanure
Urukiko rwahamagaje umuhungu wa Perezida Museveni ngo atange ibisobanuro ku birego bitandukanye.
Urukiko rwubahiriza itegekonshinga mu gihugu cya Uganda rwahamagaje umugaba mukuru w'ingabo zirwanira ku butaka muri icyo gihugu Gen.!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan y’Epfo: Icyorezo cya Cholera kibasiye abari mu nkambi ya Bentiu
Minisiteri y’ubuzima muri Sudan y’Epfo yatangaje ko icyorezo cya Cholera kibasiye intara ya Rubkona iri muri gace k’Amajayaruguru gacukurwamo Peteroli.
Iyi minisiteri yavuze ko abantu 31 n’undi umwe witabye Imana aribo!-->!-->!-->!-->!-->…