Browsing Category
Mu Mahanga
Indonesia: Abimukira babiri bapfuye 26 baburirwa irengero mu mpanuka y’ubwato
Abagera kuri babiri bapfuye 26 baburirwa irebgero ubwo ubwato bwari butwaye abimukira benshi bwarohamaga hafi y’inkombe muri Indonesia.
Ubu bwato bw’ibiti busanzwe bukoreshwa mu burobyi bwari butwaye abagera kuri 89 bwanyuraga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
FINLAND ITOWE INSHURO ESHANU YIKURIKIRANYA NK’IGIHUGU CYA MBERE GIFITE ABATURAGE BISHIMYE KU ISI
World Population Review yashyize ahagaragara raporo y’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye ku isi ibihugu bya Scandinaviya byongeye kwiganza ku meza, aho Finlande ifata umwanya wa mbere uyu ukaba ari umwaka wa gatanu yikurikiranya.!-->!-->!-->!-->!-->…
Abataliban bataye muri yombi abanyamakuru batatu bazira ibyo batangaje ku cyemezo gikumira film zo…
Abagabo bashinzwe ubutasi mu Bataliban baraye bataye muri yombi abakozi batatu ba TOLO TV, imwe muri televisiyo zikomeye muri Afganistani, bazira ko batangaje icyemezo cya leta ku ikumirwa ry’ikinamico z’uruhererekane.
Umuyobozi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwahombye undi Jenerali waguye mu ntambara ya Ukraine
Undi musirikare w'Uburusiya w'ipeti rya Jenerali yiciwe mu mirwano mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine nk’uko Perezida Volodymyr Zelensky yabitangaje.
Nubwo atavuze izina ry'uwo mu Jenerali, ariko umujyanama muri minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yavuye ku izima yemera ko itazajya muri OTAN
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky kera kabaye yemeye ava ku izima avuga ko igihugu cye kitazigera kijya mu muryango wa OTAN
Nyuma y'aho igihugu cy'Uburusiya kimaze iminsi kimisha ibisasu biremereye mu gihugu cya Ukraine,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Udukingirizo n’inzitiramubu byaburiwe irengero mu kitwa uburiganya
Ibihumbi by’udukingirizo, inzitiramibu, n’imiti y’igituntu bifite agaciro k’amadorari ibihumbi 100( arenga 100,000,000Rwf) bivugwa ko byaburiwe irengero mu nzu byari bibitsemo yakoreragamo ikigo cya Kenya gishinzwe gukwirakwiza!-->!-->!-->…
Namibia yakuyeho kwambara agapfukamunwa nk’itegeko
Perezida wa Namibia Hage Gaingob yatangaje ko kwambara agapfukamunwa ahahurira abantu benshi bitazongera kuba itegeko.
Bwana Geingob yanavuze ko abagenzi bakingiwe binjra mu gihugu batazongera gusabwa icyangombwa cy’uko bipimishije!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare ba Kenya baguye mu gitero bikekwako ari icya Al-Shabab
Abasirikare barenga 10 ba Kenya bishwe n’igisasu cyari giteze mu muhanda mu majyepfo ya Somalia.
Abandi batanu bakomeretse bikomeye ubwo imodoka barimo yanyuraga hejuru y’ikintu cyari giteze mu muhanda bitunguranye kikayiturikana!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umusirikare waherukaga gutoroka igisirikare yiyahuje umugozi arapfa
Umwe mu basirikare ba Uganda witwa John Bakambera wari waratorotse igisirikare yiyahuye ‘arapfa’ aguye iwe ahitwa Rushongati, muri Kicumbi, mu Gace kitwa Kamuganguzi.
Amakuru atangwa na ChimpReports avuga ko uriya mugabo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umukozi ukomeye w’inyeshyamba za ADF yatawe muri yombi
Uganda yataye muri yombi ukekwaho kwinjiza abantu mu mutwe w’inyeshayamba za ADF( Allied Democratic Forces), akaba n’umuhuzabikorwa w’uwo mutwe.
Umuvugizi wa Polisi Fred Enanga yavuze ko Abdallah Kabanda Musa, uzwi nka Mogo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Yinjiye hagati mu makuru kuri TV ya leta yamagana intambara
Umugore yakoze ibidasanzwe ubwo yafataga icyapa kiriho amagambo yamagana intambara akinjira muri studio ya televiziyo igenzurwa na leta mu gihe basomaga amakuru kuwa mbere nijoro.
Icyapa cyari cyanditseho ngo "Hoya intambara,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwanyomoje amakuru yavugaga ko Uburusiya bwayisabye imusada
Repubulika ya Rubanda ya China yanyomoje amakuru yavugaga ko Uburusiya bwasabye umusada w'imbunda n'amafranga igihugu cye cy'Ubushinwa.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere bimwe mu binyamakuru mpuzamahanga byakwirakwizaga inkuru zivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Intambara muri Ukraine: Umugore r’uruhinja rwe barapfuye nyuma y’iraswa ry’ibitaro
Amakuru avuga ko umugore utwite wakomeretse ubwo Uburusiya bwarasaga ibisasu ku bitaro ababyeyi babyariramo muri Ukraine, we n’uruhinja rwe bapfuye.
Amashusho amugaragaza atwawe kuri burankari, nyuma y’ibitero by’indege ku mu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Inzara n’indwara byishe imfungwa esheshatu muri gereza ya Matadi
Imfungwa esheshatu zapfiriye muri gereza ya Matadi iri mu burengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera imibereho mibi muri iyi gereza.
Ibitangazamakuru by’imbere mu gihugu bivuga ko imibare y’abapfuye ishobora!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Abantu 75 baguye mu mpanuka ya gariyamoshi
Minisiteri y'Itangazamakuru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko abantu 75 bapfuye naho 125 barakomereka mu mpanuka ya gariyamoshi yari yikoreye toni 113 z'ibicuruzwa iva i Mweneditu ijya i Lubumbashi.
Iyi mpanuka yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…