Browsing Category
Mu Mahanga
Abashoramari b’Abagande bari kotsa igitutu Leta y’u burundi gufungura umupaka uyihuza…
Abashoramari b'Abagande bari mu nama i Burundi barasaba Leta y'u Burundi gufungura imipaka iyihuza n'igihugu cy'u Rwanda kugira ngo urujya n'uruza rw'ibicuruzwa ryorohe.
I Bujumbura mu Burundi hari kubera inama y'iminsi itatu ihuza!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Abana 2 b’impanga baherutse gushimutwa babasanze mu muhanda bapfuye nyuma y’aho…
Abana b’impanga bashimutiwe mu mujyi wa Goma, ababashimuse bikekwako ari abarwanyi b’umutwe wa FDLR baka ababyeyi babo amafaranga y’umurengera kugirango babarekure bayabuze basangwa ku muhanda bishwe.
Umunyamakuru wa Rwandatribune!-->!-->!-->!-->!-->…
Afganistan: Abakobwa bemerewe gusubira ku ishuli
Abakobwa babarirwa mu bihumbi icumi biteganyijwe ko basubira mu mashuli yisumbuye muri Afuganistani, nyuma y’amezi arindwi Abatalibani basubiye ku butegetsi bagashyiraho amategeko abuza abakobwa uburenganzira bwo kwiga.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abantu batanu barimo abasirikare babiri bishwe n’abajura b’amatungo
Leta ya Uganda yabonye imirambo y’abasirikare babiri n’abahanga batatu mu by’amabuye y’agaciro biciwe mu gace ka Karamoja mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Uganda.
Aba bashakashatsi batatu bari bagiye muri kariya gace mu butumwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria-Kaduna: Leta isaba abaturage kutava mu ngo mu masaha 24 ny’umya y’igitero cyahitanye 34
Abantu 34 barimo abapolisi babiri biciwe muri leta ya Kaduna iri mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria.
Igitero cyabaye ku Cyumweru, bivugwa ko cyagabwe n’itsinda ry’amabandi yitwaje intwaro ziremereye.
Aya mabandi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Inkura y’ingabo yitwa Rajabu yororotse cyane yapfuye ku myaka 43
Inkura bivugwa ko ariyo ifite umuryango munini muri Afrika y’Uburasirazuba yapfuye ifite imyaka 43 muri Tanzania.
Iyi nkuru y’umukara ytitwa Rajabu, yagaragaye bwa mbere mu cyanya cya Ngorongoro mu 1979.
Yabaye muri iki cyanya!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Maïga wahoze ari minisitiri w’intebe yapfiriye muri gereza
Uwahoze ari minisitiri w’intebe wa Mali, Soumeylou Boubèye Maïga, washinjwaga ibyaha bya ruswa, yapfuye afite imyaka 67.
Umuryango wa Maïga watangaje ko yapfiriye mu murwa mukuru Bamako kuri uyu wa mbere.
Umuryango we wari uherutse!-->!-->!-->!-->!-->…
URUKIKO RWO MURI AFRICA YEPFO RWATEGETSE KO KUBAKA INZU YA AMAZON BIHAGARARA
Urukiko muri Afrika y’Epfo rwategetse ko ibikorwa byo kubaka inzu yari kuzajya ikoreramo Amazon ikazaba ariho ishyira ishami ryayo muri Afrika bihagarara ku butaka abatanze ikirego bavuga ko ari butagatifu bitewe n’abahatuye.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Impanuka y’indege yagize impanuka 132 bahasiga ubuzima
Indege ya kompanyi yo mu Bushinwa yitwa China Eastern Airlines yari itwaye abagenzi 132 yahanutse igwa mu gace k’imisozi miremire mu ntara ya Guangxi, nk’uko abashinzwe iby’indege babitangaje.
Iyi ndege yari irimo abagenzi 123!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yanze ubusabe bw’Uburusiya bwayisabaga kumanika amaboko bakarekura umujyi wa Mariupol
Leta ya Ukraine ibinyujije mu ijwi rya ministri w'intebe yavuze ko ititeguye kumanika amaboko ngo batange umujyi wa Mariupol umaze iminsi imishwaho ibisasu biremereye n'igisirikare cy'Uburusiya.
Uburusiya bwari bwabahaye amahirwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Indonesia: Abimukira babiri bapfuye 26 baburirwa irengero mu mpanuka y’ubwato
Abagera kuri babiri bapfuye 26 baburirwa irebgero ubwo ubwato bwari butwaye abimukira benshi bwarohamaga hafi y’inkombe muri Indonesia.
Ubu bwato bw’ibiti busanzwe bukoreshwa mu burobyi bwari butwaye abagera kuri 89 bwanyuraga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
FINLAND ITOWE INSHURO ESHANU YIKURIKIRANYA NK’IGIHUGU CYA MBERE GIFITE ABATURAGE BISHIMYE KU ISI
World Population Review yashyize ahagaragara raporo y’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye ku isi ibihugu bya Scandinaviya byongeye kwiganza ku meza, aho Finlande ifata umwanya wa mbere uyu ukaba ari umwaka wa gatanu yikurikiranya.!-->!-->!-->!-->!-->…
Abataliban bataye muri yombi abanyamakuru batatu bazira ibyo batangaje ku cyemezo gikumira film zo…
Abagabo bashinzwe ubutasi mu Bataliban baraye bataye muri yombi abakozi batatu ba TOLO TV, imwe muri televisiyo zikomeye muri Afganistani, bazira ko batangaje icyemezo cya leta ku ikumirwa ry’ikinamico z’uruhererekane.
Umuyobozi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwahombye undi Jenerali waguye mu ntambara ya Ukraine
Undi musirikare w'Uburusiya w'ipeti rya Jenerali yiciwe mu mirwano mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine nk’uko Perezida Volodymyr Zelensky yabitangaje.
Nubwo atavuze izina ry'uwo mu Jenerali, ariko umujyanama muri minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yavuye ku izima yemera ko itazajya muri OTAN
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky kera kabaye yemeye ava ku izima avuga ko igihugu cye kitazigera kijya mu muryango wa OTAN
Nyuma y'aho igihugu cy'Uburusiya kimaze iminsi kimisha ibisasu biremereye mu gihugu cya Ukraine,!-->!-->!-->!-->!-->…