Browsing Category
Mu Mahanga
Ukraine yahamagaje vuba na bwangu abasirikare bayo bari mu bindi bihugu mu butumwa bwa Loni
Perezida wa Ukraine yahamagaje abasirikare, abapolisi n’ibikoresho bari baratanze mu bikorwa byo kugarura amahoro mu bindi bihugu kugira ngo batahe bafashe igihugu cyabo cyugarijwe n’intambara kirwanamo n’u Burusiya.
Igihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwatanze akandi gahenge ku baturage bahunga intambara mu mijyi ya Ukraine
Uburusiya bwongeye guhagarika ibitero kugira ngo abasivile bari mu mijyi iri kugabwaho ibitero babashe guhuga nk’uko ibitangazamakuru bya leta y’Uburusiya byabitangaje.
Ejo leta ya Ukraine yatangaje ko yashoboye guhungisha abagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Australia: Ibihumbi by’abaturage basabwe kuva mu byabo kubera imyuzure yibasiye Sydney
Ibihumbi by’abatuye umujyi wa Sydney basabwe kuva mu ngo zabo kubera imyuzure yibasiye uburasirazuba bwa Australia.
Mu minsi mike ishize, leta ya New south Wales n’iya Queenland byibasiwe n’imvura nyinshi yateje imyuzure igahitana!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko asezeye mu gisirikare.
Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko asezeye mu gisirikare.
Abicishije mu butumwa yashyize kuri twitter yagize ati ” Nyuma y’imyaka 28 ndi mu kazi mu gisirikare gifite!-->!-->!-->!-->!-->…
COTE D’IVOIRE: Abantu bane bagwiriwe n’inzu barapfa, abarenga 30 barakomereka
Abagera kuri bane bapfuye abandi 30 barakomereka ubwo inzu y’amagorofa ane yabagwiraga mu karere ka Cocody mu murwa mukuru Abidjan.
Abashinzwe kuzimya inkongi bavuze ko iyi mpamuka yabaye mu ijoro ryo kuwa mbere.
Iyi nyubako!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abagera kuri 63 bishwe n’abitwaje intwaro
Amakuru ava mu leta ya Kebbi iri majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria avuga ko abitwaje intwaro bari kuri mapikipiki bishe abagera kuri 63 mu gace ka Zuru mu gitero cyo mu ijoro ryo ku Cyumweru.
Umuyobozi w’umudugudu wa Takita.!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Uburusiya bwanze kwitaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha
Uburusiya bwanze kwitaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, aho Ukraine iri gusaba ihagarikwa ry’ibitero.
Ambasaderi w’uburusiya I Lahe mu Buhorandi, Alexender Shulgin, yavuze ko igihugu cye nta gahunda yo kwitaba uru rukiko gifite.!-->!-->!-->!-->!-->…
Jacob Zuma wayoboye Afrika y’Epfo yashyigikiye Putin ku ntambara yatangije kuri Ukraine
Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo, Jacob Zuma , yagaraje gushyigikira perezida Vladimir Putin ku ntambara Uburusiya buhanganyemo na Ukraine, amugaragaza nk’umugabo w’amahoro.
Mu itangazo ryasohowe n’umuryango yashinze, bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Ukraine yarakariye OTAN ko yanze kubuza indege z’Uburusiya kuguruka mu kirere cya…
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yibasiye mu ijabo ry’uzuye uburakari Umuryango wubwirinzi w’Uburayi na Amerika OTAN/NATO ku kuba baranze gushyira mu bikorwa itegeko rikumira indege kuguru mu kirere cya Ukraine.
Umwanzuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Freeman Mbowe Utavuga Rumwe n’Ubutegetsi yarekuwe
Leta ya Tanzaniya yarekuye ,Freeman Mbowe, umuyobozi w’ishyaka Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi, nyuma y’uko abashinjacyaha bahagaritse ibirego bamureze mu mwaka ushize nk’uko ishyaka rye ryabitangaje kuri uyu wa gatanu.
Freeman!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine iri gushaka abarwanyi b’abacancuro muri Afrika kuyifasha urugamba
Ambasaderi wa Ukraine muri Senegal yahamagariye abacancuro b'abarwanyi kujya kubafasha urugamba igihugu cye kimazemo iminsi n'Uburusiya.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook, ambasaderi w'igihugu cya Ukraine muri Senegal Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Zelensky yatakambiye Putin kumuha umwanya bakaganira
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yasabye Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin kumuha umwanya bakicarana bakaganira uburyo bwo guhosha intambara imaze icyumweru.
Zelensky yabitangarije mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Mozambique: Perezida Nyusi yirukanye Minisitiri w’Intebe
Perezida wa Mozambique Filip Nyusi yirukanye Minisitiri w’intebe Carlos Agostinho do Rosário.
Yamusimbuje Adriano Afonso Maleiane, wari Minisitiri w’imari, wanagize uruhare mu kuvugurura imyenda ihishwe y’igihugu yafashwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Francis arateganya gusura Dr Congo na Sudan y’Epfo mukwa karindwi
Umuyobozi wa Kiliziya gaturika ku Isi Papa Francis azasura umurwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,Kinshasa, n’umujyi wa Goma uherereye mu burasirazuba bw’iki gihugu mu kwezi kwa Karindwi.
Uru rugendo rw’iminsi ine muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Imibare y’Abarusiya bamaze kugwa ku rugamba yamenyekanye.
Leta y'Uburusiya yamaze gutangaza imibare y'abasirikare bayo bamaze kugwa ku rugamba rwo muri Ukraine.
Icyumweru kirashize Leta y'Uburusiya itangije igikorwa cyo kumisha ibisasu mu gihugu cya Ukraine, imibare y'abasize ubuzima bwabo!-->!-->!-->!-->!-->…