Browsing Category
Mu Mahanga
Burundi: Perezida Evariste yahaye gasopo abarimu bamaze igihe bavuga ko bagiye kwigaragambya
Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yahaye gasopo abarimu bamaze iminsi bavuga ko nibahabwa ikizami cy'igeragezwa bazahita bajya mu mihanda bakigaragambya.
Nyuma y'aho Leta y'Uburundi ibinyujije muri ministeri y'uburezi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Igisasu cyaturikanye imodoka rusange itwaye abagenzi
Igisasu cyaturikanye imodoka itwara abagenzi mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Kenya, bikaba bivugwa ko abantu batari munsi y'icyenda bapfuye, naho abandi benshi barakomereka.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere iyo Bisi izwi!-->!-->!-->!-->!-->…
Frank Lampard yagizwe umutoza mushya wa Everton
Ikipe ya Everton yemeje Frank Lampard nk’umutoza mushya w’iyi kipe yo muri shampiyona y’kiciro cya mbere mu Bwongereza, ku masezerano y’imyaka ibiri n’igice.
Frank Lampard wahoze atoza Chelsea, yanakiniye, asimbuye Rafa Benitez wari!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi buhakana kugira abasirikare muri Kongo
Minisitiri w’umutekano mu Burundi ,Tribert Mutabazi, avuga ko nta ngabo z’igisirikare cy’Uburundi zagiye kurwanira mu burasirazuba bwa Repulika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi Misitiri Tribert Mutabazi yabitangaje mu kiganiro yahaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Visi Perezida wa Uganda yasabye abanya-Uganda kwirinda gushotora Abanyarwanda.
Visi Perezida wa Uganda Jessica Alupo yasabye abaturage ba Uganda kwirinda gukoresha imvugo n’ubundi buryo bwose bwashotora abanyarwanda mu rwego rwo kwirinda ko umubano ibihugu byombi birimo kugarura wakongera kuzamo agatotsi.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Abagera kuri 50 bakatiwe urwo gupfa kubwo kwica Inzobere za ONU
Abagera kur 50 bari mu mitwe yitwaje intwaro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bakatiwe urwo gupfa kubera uruhare bagize mu iyicwa ry'inzobere z’Umuryango w’Abibumbye (ONU).
Uru rubanza rwaciwe n’urukiko rwa gisirikare kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukinyi wa MAN U yatawe muri yombi nyuma yo guhondagura uwari umukunzi we
Rutahizamu Mason Greenwood w'ikipe ya Manchester United yatawe muri yombi acyekwaho gufata ku ngufu no gukubita nyuma yuko hatangajwe ibirego ku mbuga nkoranyambaga.
Polisi ikorera mu mujyi wa Manchester yavuze ko yamenyeshejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu kiruta ibindi kuva mu 2017
Korea ya Ruguru yagerageje igisasu cya misire kinini kuruta ibyo imaze kugeregeza byose kuva mu 2017.
Korea ivuga ko ibikorwa byo kugerageza iyi misire byabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ku masaha yo mu karere, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Inkubi y’umuyaga yiswe Ana igaragaza ko ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe…
Uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana muri Mozambique UNICEF, Maria Luisa Fomara, avuga ko inkubi y’umuyaga yiswe Ana yibasiye ibihugu byo mu majyepfo y'Afrika, igaragaza ko ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe!-->!-->!-->…
Ethiopia-Tigray: Kudahembwa bitewe n’intambara byatumye bamwe mu baganga n’abaforomo basaba…
Bamwe mu baganga n’abaforomo bo kuri bimwe mu bitaro byo mu ntara ya Tigray yugarijwe n'intambara muri Ethiopia bageze aho basaba ibyo barya, kubera kumara igihe badahembwa.
Umwe muri bo yabwiye BBC ko amezi umunani bamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Mozambique-Malawi: Umubare w’abamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe Ana wageze ku bantu 12
Ubuyobozi bwatangaje ko abamaze guhitanwa n’inkubi y’umuyanga wiswe Ana bamaze kugera kuri 12 muri Mozambique na Malawi, nubwo hagikomeje ibikorwa byo kubarura ibyagizweho ingaruka n’uyu muyaga wibasiye igice cy’amajyepfo y'Afrika kuwa!-->!-->!-->…
Uganda: Bwana Mabirizi yasabye ko Museveni abazwa aho yakuye perimi yo gutwara
Umunyamategeko Male Mabirizi uzwiho guhangara abakomeye muri Uganda, avuga ko ashidikanya ku kuba Perezida Yoweri Kaguta Museveni afite uruhushya rugifite agaciro rwo gutwara imodoka nyamara akaba amubona akiyitwara, agasaba ko!-->!-->!-->…
Burkina Faso: Imbaga y’abantu bishimiye ihirikwa ry’ubutegetsi
Abantu barenga 1000 ejo kuwa kabiri bahuriye mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadugu, bishimira ko igisirikare cyahiritse ubutegetsi bwa perezida Roch Kabore kikanasesa Guverinoma.
Iri hirikwa ry’ubutegetsi rya gatanu muri Afrika!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: TPLF Yongeye gukozanyaho n’abarwanyi bo ntara ya Afar
Abarwanyi bo mu ntara ya Tigre bavuze ko bagabye igitero cya gisirikare ku ntara ya Afar, nyuma yo gushotorwa n’abarwanyi bo muri iyi ntara bihana imbibi.
Ubuyobozi bw’ishyaka rya TPLF bwavuze ko kuva mu gitondo cyo kuwa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Malawi Chakwera yasheshe guverinoma yose ayishinja ruswa.
Lazarus Chakwera, Perezida wa Malawi yirukanye abagize Guverinoma ye bose abashinja ruswa.
Mu ijambo yavugiye kuri televiziyo ku wa Mbere, Perezida Chakwera yavuze ko agiye guhangana n’icyo ari cyo cyose kijyanye n’imyitwarire!-->!-->!-->!-->!-->…