Browsing Category
Mu Mahanga
Ethiopia : Leta yakuyeho ibihe bidasanzwe by’intambara
Inteko ishingamategeko y’iki gihugu yahagaritse ibihe bidasanzwe byari byashyizweho mu Ugushyingo ubwo inyeshyamba za Tigray zari zari zikomeje gusatira umurwa mukuru Addis Abeba, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ububanyi n’amahanga!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Yiyubakiye imva azashyingurwamo mu kwanga kuzagora umuryango we
Umunya-Tanzaniya yatunguye abantu bo mu gace atuyemo nyuma yo kwicukurira imva mu kwitegura urupfu rwe.
Patrick Kimaro w’imyaka 59, avuga ko umuryango ugenda wumva umwanzuro we buhoro buhoro, ibyo yakoze mu gace atuyemo bifatwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwo muri Algeriya rwakatiye uwahoze ari Minisitiri gufunwa imyaka 20
Urukiko rwo muri Algeriya rwakatiye uwahoze ari Minisitiri w’ingufu imyaka 20 y’igifungo n’ihazabu y’amadorari ibihumbi 14,200(arenga miliyoni 14,700Rwf).
Chakib Khelil w’imyaka 82, yahamwe n’icyaha cya ruswa, yakoraga ku ngoma!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: ikamyo yari itwaye amacupa ya Gaz yaturitse itwika imodoka 4 zirakongoka
Imodoka zigera kuri enye zahiriye mu mpanuka y’ikamyo yari itwaye amacupa ya Gaz, igaturikira mu muhanda wa Mai Mahiu - Nairobi.
Umuriro ugurumana n’imyotsi myinshi byaturukaga mu modoka ziri gushya, mu gihe abaturage benshi bari!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC-Kivu y’Epfo: Abana barenga 470 binjijwe mu nyeshyamba mu 2021-MONUSCO
Imibare yatangajwe na MONUSCO Kuwa gatandatu taliki 12 Gashyantare, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abasirikare b’abana(Internation Child Solders), igaragaza ko mu mwaka wa 2021, abana barenga 470 binjijwe mu mitwe!-->!-->!-->…
RDC: Ingabo zirinda perezida Tshisekedi zakoze urugendo rwo kumushyigikira
Abasirikare ibihumbi n'ibihumbi ba Repubulika ya Demokarasi ya Kongo biraye mu mihanda ku murwa mukuru Kinshasa, mu rugendo rwo gushyigikira perzida Antoine Félix Tshisekedi, nyuma y'imisi mike havuzwe ibijyanye no kumuhirika ku!-->!-->!-->…
“Uburusiya bushobora gutera Ukraine igihe cyose gishoboka”- Umuburo wa USA
Leta ya Amerika yatanze umuburo ko umunsi uwo ari wose Uburusiya bushobora kugaba igitero kuri Ukraine, iburira abaturage bayo bari muri Ukraine kuhava byihutirwa.
Ibiro by’umukuru w’Amerika, White House, byatangaje ko igitero!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ingabo za Congo ziri kwifashishije FDLR mu guhashya M23
Biravugwa ko ingabo za FARDC zifashishije ingabo z'umutwe wa FDLR ziwuha imbunda n'imyambaro ngo zibafashe gutsimbura no guhashya ingabo z'umutwe wa M23
Umuvugizi wa M23 Willy Ngoma atangaza ko ibirindiro byabo byagoswe n’umutwe!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Yashatse kurasa idubu arahusha yica umuvandimwe we nawe ariyahura
Polisi ivuga ko umugabo wo muri leta ya Oregon yiyahuye nyuma y'uko arashe umuvandimwe we by'impanuka arimo gutunganya imbunda ngo arase idubu ryari ribateye mu rugo rwabo.
Ibi Byabaye kuwa kabiri mu gitondo ahitwa Sunny Valley mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zimbabwe yahagaritse abarimu bigaragambirije umushahara muto
Minisitiri w’uburezi muri Zimbabwe yahagaritse abarimu bigaragambije ko bahembwa make, ntibanze gutangira igihembwe kuwa mbere.
Umubare munini w’abarimu bo mu mashuli ya leta bari kwigaragambiriza umushahara muto.
Iyi minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Biden yasabye abanyamerika kuva muri Ukraine vuba na bwangu.
Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye abanyamerika bose bakiri muri Ukraine kuva muri iki gihugu ako kanya kuko ibitero by'ingabo z'Uburusiya byugarije.
Biden yavuze ko ashobora kohereza ingabo guhungisha abanyamerika mu gihe Moscow!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda yategetswe kwishyura DR Congo miliyoni 325 z’amadorari kubwo uruhare rwayo mu bibazo…
Urukiko mpuzamahanga rw’ubutabera rwategetse Uganda kwishyura igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo miliyoni 325 z’amadorari (arenga miliyali 330Rwf), ku bw’uruhare rwayo mu makimbirane amaze igihe mu burasirazuba bwa RDC.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Batatu batawe muri yombi nyuma yo gusuzugura ibyemezo bya ministiri.
Urwego rw’Igihugu rw’Iperereza mu Burundi (SNR), rwataye muri yombi abayobozi batatu bo mu nzego nkuru baherutse guterana amagambo na Minisitiri ufite mu nshingano ubwikorezi bapfa icyemezo cyo kuzamura ibiciro by’ingendo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Milioni 250$ zigiye kwishyurwa abagore barenga 200 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina…
Kaminuza ya California muri Leta z’ubumwe z’Amerika yemeye kwishyura miriyoni hafi 250 z'amadorari(arenga miliyali 250rwf) ku bagore barenga 200 bavuga ko bakoreweihohotera rishingiye ku gitsina n'umuganga w'iri shuli w'umuhanga mu!-->!-->!-->…
DRC: Kera kabaye Leta yagize icyo ivuga kuri KUDETA iherutse gupfuba
Avuga ku byabaye muri weekend ishize, umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko "kugerageza kose guhungabanya inzego za demokarasi" kutazihanganirwa.
Leta ya Kinshasa yari itaratangaza amakuru ayo ariyo yose ku byabaye!-->!-->!-->!-->!-->…