Browsing Category
Politike
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Putin akunzwe ku rugero rwa 83%
Hari ubushakashatsi bwakorewe mu Burusiya bwagaragaje ko Perezida Putin akunzwe n'abaturage ku ruhegero rwa 83% kuva yafata umwanzuro wo gutera igihugu cya Ukraine.
Nyuma yaho perezida vladimil Putin atangije ibitero bya gisirikare!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye ministre Liberata wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida Suluhu Hassan wa…
Kuri uyu wa Kane Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Tanzania, Liberata Mulamula n’itsinda ayoboye.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje aya makuru byavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ninde warashe kajugujugu yahitanye abasirikare 8 ba MONUSCO muri DRC?
Nyuma y'aho ku munsi w'ejo indege ya kajugujugu ya Monusco irashwe igapfiramo abantu umunani, FARDC na M23 baritana bamwana.
Izi mpande zombi ziri mu mirwano muri teritwari ya Rutshuru zirashinjanya guhanura kajugujugu y'Umuryango!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasaderi w’u Rwanda muri Congo nawe yahakanye ko u Rwanda rutera inkunga M23
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yashimangiye ko u Rwanda nta nkunga iyo ari yo yose rutera abarwanyi ba M23 nk’uko ibirego by’Ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo!-->!-->!-->…
Dore abasirikare 2 FARDC ivuga ko ari ab’u Rwanda bafatiwe ku Rugamba
Igisirikare cya Repubulika iharanira demokrasi ya Congo FARDC cyashyize hanze amazina ndetse n'amafoto y'abasirikare ivuga ko ari aba RDF baraye bafatiwe ku rugamba.
Guhera kuri iki cyumweru taliki ya 27 Werurwe 2022, umutwe wa M23!-->!-->!-->!-->!-->…
Bourkina Faso: Imiryango itari iya Leta irigaragambya yamagana ibikorwa bya gisirikare by’Ubufaransa
Ihuriro ry’imiryango itegamiye kuri Leta muri Bourkina Faso rigizwe n’abanyamuryango barenga 72 bakoze imyigaragambyo isaba leta guhagarika ubufatanye mu bya gisirikare n’Ubufaransa.
Iri huriro ryahamagariye ubuyobozi bushya!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakuru b’ibihugu by’umuryango wa EAC bagiye guhurira mu nama idasanzwe
Abakuru b'ibihugu bigize umuryango wa Afurika y'Uburasirazuba EAC bagiye guhurira hamwe mu nama idasanzwe ya 19, izaba mu buryo bw'Ikoranabuhanga ry'iyakure kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Werurwe 2022.
Ku murongo w'ibizigirwa muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwongereza bwemeje Busingye nka ambasaderi
Leta y’u Bwongereza yemeje Johnston Busingye nk’uhagarariye inyungu z’u Rwanda muri icyo gihugu, nubwo hari bamwe bagiye bashaka kujya mu matwi ya Guverinoma ngo iteshe agaciro iryo shyirwa mu mwanya ahubwo bakarenzaho no kumusabira!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Gen. Mahamat Idriss Déby Itno wa Tchad
Perezida Paul Kagame ,kuri uyu wa Gatanu, yakiriye muri Village Urugwiro Umukuru w’Inama y’Igisirikare iyoboye inzibacyuho akaba na Perezida wa Repubulika ya Tchad Gen. Mahamat Idriss Déby Itno uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi!-->!-->!-->…
UBURUSIYA:Perezida Putin yavuzeko ko iherezo ry’ubuhangange bw’Amerika ryegereje kurangira
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye avuga ku imyitwarire y’ibihugu by’u Burayi na Amerika yo kwigira ibikomerezwa ku Isi igiye gushyirwaho iherezo ndetse ko ibihugu byinshi bidashyigikiye ibihano igihugu ayoboye cyafatiwe kubera!-->…
Kagame yohereje itsinda riyobowe na Minisitiri w’ingabo kuganira na perezida w’u Burundi
Minisitiri w'ingabo w'u Rwanda ari mu ruzinduko rw'akazi mu gihugu cy'u Burundi aho yabonanye perezida Evariste Ndayishimiye amushyikiriza ubutumwa bwa Perezida Kagame.
Ministre w'ingabo z'u Rwanda Gen. Major Albert Murasira ari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi baganira ku mubano w’u Rwanda na Uganda
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yakiriye Umuhungu wa Perezida wa Uganda Museveni akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda UPDF mu biro bye bagirana ibiganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
Gen. Muhoozi Kainerugaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kainerugaba Muhoozi ari mu Rwanda mu ruzinduko rwe rwa kabiri
Kainerugaba yongeye agaruka mu Rwanda mu rundi ruzinduko rwe rwa kabiri.
Umugaba mukuru w'ingabo zirwanira ku butaka akaba n'umuhungu wa Perezida wa Uganda Kaguta Yoweri Musevi General KAINERUGABA Muhoozi biravugwa ko na none ari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Nubwo atakibasha kwigenza, Ali Bongo aziyamamariza kuyobora igihugu umwaka utaha.
Perezida wa Gabon ALI BONGO yatangaje ko aziyamamariza kongera kuyobora icyo gihugu mu matora azaba mu mwaka utaha wa 2022.
Nubwo amaze igihe kitari gito ari guhagana n'umubiri kubera burwayi bwatumye udutsi two mu bwonko bwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine n’Uburusia basubukuye ibiganiro bibera muri Turukiya
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov na mugenzi we wa Ukraine, Dmytro Kuleba baragirana ibiganiro by’imbonankubone muri Turkey bibaye ibya mbere byo ku rwego rwo hejuru kuva u Burusiya bwashoza intamara muri!-->!-->!-->…