Browsing Category
Politike
Zanzibar: Ukuriye abatavugarumwe na Leta yatawe muri yombi habura umunsi umwe amatora abe
Bwana Maalim Seif, umukuru w'ishyaka ACT Wazalendo ritavuga rumwe na Leta mu birwa bya Zanzibar yahagaritswe nk'uko byemezwa na bamwe bo mu ishyaka rye mu gihe habura umunsi umwe gusa hakaba amatora y'umukuru w'igihugu.
amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Biden yatangaje ikintu gikomeye Donald Trump ashobora kurisha kigatuma yegukana intsinzi.
Umukandida uhagarariye Ishyaka ry’Aba- démocrate mu matora ya Leta Zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko Perezida Donald Trump uhagarariye ishyaka ry’Aba- républicain ashobora kuzongera gutsinda amatora yo muri uyu mwaka bitewe!-->!-->!-->…
Prezida Trump Donald yitabiriye amatora y’umukuru w’igihugu.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye itora ry’Umukuru w’Igihugu, avuye mu cyumba cy’itora abwira abanyamakuru ko yatoye “umuntu witwa Trump”.
Amatora nyir’izina y’Umukuru w’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye uburyo Col Emmanuel Rugema wayoboraga RUD-Urunana yishwemo na bagenzi be.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu nibwo hamenyekanye inkuru y'urupfu rwa Col. RUGEMA Emmanuel wayoboraga umutwe w'inyeshyamba urwanya ubutegetsi bw'u Rwanda.
Nyuma y'icyo gihe, hagiye hacicikana amakuru atandukanye avuga uburyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea: Ibarura ry’ibanze ryerekanye ko Alpfa Konde azayobora manda ya gatatu
Alpfa Konde afite amahirwe menshi yo kuyobora manda ya gatatu
Ibyavuye mu ibarura ry’ibanze mu matora yo muri Guinea Conakry yabaye kuwa 18 Ukwakira, byerekanye ko Perezida Aplha Konde w’imyaka 82 azatsindira manda ya gatatu.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yasabye abasenateri kuba ijisho rya rubanda no guhora bazirikana ibibazo…
Ubwo yakiraga indahiro z'aba senateri bashya, Prezida Paul KAGAME yibibukije ko bagomba kujya bazirikaa ibibazo by'abaturage kuko aribo bashyiriweho.
Mu muhango wabereye ku Kimihurura ahari ikicaro k'inteko ishingamategeko, uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu marira menshi, Rutahizamu wa Manchester united Odian Ighalo aratabariza abanya Nigeria
Ighalo aratabaza UN ku bwicanyi bukomeje gukorerwa abaturage muri Nigeria
Kumugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo ingabo za Nigeria mu mugi wa Lagosz ahukaga mu bigaragambyaga barwanya ubuhubutsi bw'abapolisi bumaze iminsi bugaragara!-->!-->!-->…
Burundi: Pierre Buyoya yahamijwe kwica Ndadaye akatirwa gufungwa burundu
Maj. Pierre BUYOYA wahoze ari Perezida w’u Burundi mu (1987 – 1993), na (1996 – 2003), Urukiko rwo mu gihugu ke rwamukatiye igifungo cya Burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo kwica Perezida Melchior Ndadaye.
Pierre Buyoya usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Italia: Icyoba cyatumye Leta y’Ubutaliyani yongera gukaza ingamba zo kwirinda coronavirus.
Leta y’u Butaliyani yafashe icyemezo cyo kongera gukaza zimwe mu ngamba zo kwirinda Covid-19 zari zagiye zoroshywa. Ni umugambi abayobozi b’iki gihugu bavuga ko ugamije kwirinda ko cyasubira mu bihe bya Guma mu Rugo kuko byateza!-->!-->!-->…
Umunya-Eritrea wari impunzi muri Nouvelle-Zélande yabaye umudepite
Ibrahim Omer yabaye umudepite muri Nouvelle-Zélande
Ibrahim Omer ukomoka muri Ertrea yabaye umudepite muri Nouvelle-Zélande ubwo ishyaka arimo ryabonaga insinzi mu matora yo kuwa gatandatu taliki 17 Ukwakira.
Ishyaka Ibrahim Omer!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umudepite wo muri opozisiyo arasaba abayobozi ba RURA kwegura niba bananiwe kugabanya ibiciro…
Dr Frank HABINEZA uyobora ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwo mu Rwanda yasabye abayobozi ba RURA kwegura niba bananiwe kugabanya ibiciro by'ingendo biheruse kuzamurwa nta mpamvu.
Ibi Dr Hon. HABINEZA Frank, umudepite mu nteko!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea: Ejo ku Cyumweru ni amatora ya Perezida, Alpha konde ashaka manda ya 3
Alpha konde ari guhatanira kuyobora manda ya 3.
Ejo ku italiki 18 ukwakira, mu Gihugu cya Guinea Konakry hateganyijwe amatoro y’umukuru w’igihugu, aho prerzida Alpha konde azaba ari guhatanira kuyobora manda ya 3.
Muri iki!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Abatutage batangiye kwitabira amatora ku bwinshi mbere y’italiki yagenywe.
Muri Leta zunze ubumwe z'Amerika, amatora ashigaje iminsi 18. Ariko abaturage batangiye gutora ari benshi cyane bitarabaho mu mateka italiki nyirizina y'itora itaragera nk'uko amategeko abibemerera.
Leta 43 kuri 50 zigize igihugu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: LONI yateye utwatsi ikemezo cya Leta ya Nigeria cyo gushahura abagabo bafata abangavu ku…
Akanama k'umuryango w'abibumbye kateye utwatsi ikifuzo cya Leta ya Nigeria cyo kujya ishahura abagabo bazahamwa n'icyaha cyo gufata ku ngufu abangavu.
umukuru w'akanama gashinzwe iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu mu muryango!-->!-->!-->!-->!-->…
Umubiligi Vincent Lurquin wunganira RUSESABAGINA arashinja Leta kwanga ko abonana n’umukiliya…
Uwunganira Paul Rusesabagina mu mategeko, Umubiligi Vincent Lurquin, aratangaza ko yagiye mu Rwanda akahava adashoboye kumubona. Mu kiganiro yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, Maitre Lurquin aravuga ko atazi icyo Leta y’u Rwanda ihisha.
!-->!-->!-->!-->!-->…