Browsing Category
Politike
Xi Jinping yaburiye mugenzi we Biden kwirinda kurenga “umurongo utukura” kuri Taiwan.
Perezida Xi Jinping w'Ubushinwa yahuye na mugenzi we Joe Biden wa Amerika muri Mulia hotel i Bali muri Indonesia aho Xi acumbitse mu nama yamaze amasaha atatu baganira ku ngingo zitandukanye.
Iyi ni yo nama ya mbere y’imbonankubone!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Leta iranyomoza amakuru yavugaga ko hari amasezerano y’ibanga Tshisekedi yagiranye na…
Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yokejwe igitutu n’abaturage bashinja Perezida w’Iki gihugu gukorana na Guverinoma y’u Rwanda binyuze mubyo bise amasezerano y’ibanga bavuga ko Perezida Tshisekedi yasinyanye na!-->!-->!-->…
Nyuma ya Ambasaderi KAREGA, DRC yirukanye umunyamakuru ufite inkomoko mu Rwanda
Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (DRC) yirukanye umunyamakuru Sonia Rolley ukorera ibiro ntaramakuru Reuters, inyuma y’aho yimiwe uruhushya rwo gukorera muri icyo gihugu.
Reuters yavuze ko mu kwa cyenda, Sonia!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kubikirwa imbehe GATABAZI JMV yagize icyo asaba perezida KAGAME
Nyuma y'aho minisitiri Gatabazi JMV akuriwe ku mirimo yo kuyobora minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu, yavuze ko kuyiyobora byari amahirwe menshi cyane kuri we ndetse ashimira perezida Kagame wari waramuhaye icyo cyizere.
Abinyujije!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yirukanye min. GATABAZI JMV amusimbuza Eng.MUSABYIMANA J.Claude
Nk'uko byagaragaye ku rupapuro benshi bamaze guhimba izina rya "Umuhondo" cyana "Yellow paper", uyu munsi kuwa kanae taliki ya 10 Ugushyingo 2022, perezida wa Repubulika Paul KAGAME yavanye ku mirimo ye Bwana Gatabazi Jean MArie!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa M23 Bisiimwa yagize icyo asaba Leta Congo
Nyuma y'aho Leta ya Congo itangiye kwifashisha indege z'intamara mu kurwanya no gutsimbura umutwe wa M23, umuyobozi w'uwo mutwe yagize icyo asaba guverinoma.
Mu Butumwa umuyobozi wa M23 Bertrand Bisimwa yanyujije ku rukuta rwe rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Ishyaka rya Ruto rirahakana gushaka guhindura itegekonshinga
Ihuriro ry’amashyaka riri ku butegetsi muri Kenya rirahakana ko rifite akaboko mu busabe bw’umwe mu badepite baryo wasabye guhindura ingingo ya manda z’umukuru w’igihugu.
Itegekonshinga rya Kenya ryemerera perezida gutegeka manda!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwongeye kwambikana muri DRC, Leta iri kwifashisha indege z’intambara
Umutwe wa M23 uratangaza kko FARDC ifatanije n'indi mitwe nka FDLRC, Mai Mai bagabye ibitero ku birindiro by'uwo mutwe hifashishijwe indege zikomeye z'intambara.
Nyuma y'iminsi mike gusa akarere kagaragaramo ituze, kuri ubu ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntabwo aritwe tuzatangira intambara, ariko nibayidushoramo tuzayirwana” Mukurarinda…
Umuvugizi wungirije wa Leta y'u Rwanda yavuze ko nta gahunda u Rwanda rufite yo gutangiza intambara kuri DR Congo, ko ariko nibabyibashyiramo nta kundi u Rwanda ruzayirwana.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 8 Ugushyingo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ndayishimiye na bagenzi be Kagame, Ruto na Samia bahuye biga ku kibazo cy’umutekano wa DRC
Perezida w'u Burundi Evariste NDAYISHIMIYE yahurije hamwe ba perezida Paul Kagame w'u Rwanda, Ruto wa Kenya na Suluhu wa Tananiya bigirahamwe ikibazo cy'umutekano muke uri muri DR Congo n'uburyo cyakemuka.
Perezida w’u Burundi!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwasabye Congo gufungura abanyarwanda babiri bamaze igihe bafungiyeyo
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yandikiye iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, isaba irekurwa ry’Abanyarwanda babiri, Dr Juvenal Nshimiyimana na Moses Mushabe, bafungiwe muri icyo gihugu kuva muri Kanama.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda ruravuga ko indege ya gisirikare ya DRC yavogereye ikirere cyarwo
Binyujijwe ku muvugizi wayo, Leta y'u Rwanda yashyize hanze itangazo rivuga ko indege y’intambara ya Sukhoi-25 ivuye muri DR Congo yavogereye ikirere cy’u Rwanda saa tanu z’amanywa kuri uyu wa mbere.
Iri tangazo rivuga ko iyi ndege!-->!-->!-->!-->!-->…
Kainerugaba arasanga kaba ari akaga gakomeye mu gihe abantu bose bahagurukira kurwanya umutwe wa M23
Nyuma y'aho ingabo za Kenya zifashe umwanzuro wo kujya muri DRC kurwanya umutwe wa M23, Gen. Kainerugaba arasanga byaba ari akaga gakomeye cyane mu gihe abantu bose bahagurukira kurwanya uwo mutwe yita abavandimwe be.
Kuri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
“Inshingano za mbere z’umusirikare si ukurwana ahubwo ni ukurinda Abanyarwanda”…
Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko inshingano za mbere z’ingabo z’u Rwanda atari ari ukurwana intambara, ahubwo ko ari ukurinda Abaturarwanda no kubaganisha ku iterambere.
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nshobora cyane kongera kubikora” Trump yaciye amarenga ko ashobora kongera kwiyamamaza
Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yaciye amarenga akomeye ko ashobora kongera kwiyamamariza kujya muri White House.
Yabwiye imbaga y’abantu ahitwa Sioux City, muri leta ya Iowa ati “nshobora cyane, cyane, cyane kubikora!-->!-->!-->!-->!-->…