Browsing Category
Ubuzima
Leta yakuriye inzira ku murima abifuzaga koroherezwa mu gukora ubukwe muri ibi bihe
Ministre Shyaka Anastase yakuriye inzira ku murima abifuzaga ko ikiguzi cyo gupima abitabiriye ubukwe gikurwaho.
Mu kiganiro yagiranye n'itangazamakuru, ministre w'ubutegetsi bw'igihugu yongeye akurira ibzira ku murima abifuzaga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Venezuela iri gushaka abakorerabushake bageragerezwaho urukingo rwa covid-19
Perezida Nicolás Maduro wa Venezuela yatangaje ko agiye gusaba abakorerabushake kuboneka bakageragerezwaho urukingo rwa Covid-19 rwakozwe n'Uburusiya.
Tariki 11 z'uku kwezi kwa munani, Uburusiya ni cyo gihugu cya mbere cyatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarwayi bashya 177 mu bipimo byafashwe hakize 14
Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko kuri iki Cyumweru tariki 30 Kanama 2020, mu Rwanda habonetse abantu 177 banduye icyorezo cya COVID-19, mu gihe abandi 14 bakize
Abo barwayi bashya 177 barimo abantu 170 bapimwe mu masoko ya Kigali, 5!-->!-->!-->…
Umusirikare w’u Rwanda arashinjwa gusambanya ku ngufu umukobwa nyuma yo kumushwanyaguriza…
Umusirikare wo mu Ngabo z’u Rwanda ukorera mu karere ka Nyaruguru arashinjwa gusambanya ku gahato umwana w'umukobwa ufite imyaka 15 abanje kumushwanyagurizaho ikariso yari yambaye.
ababyeyi b'umwana w'umukobwa ufite imyaka 15!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Museveni wa Uganda yatangaje ko ku wa gatandatu ari umunsi wo gusengera Covid-19
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yatangaje ko ejo ku wa gatandatu ari umunsi igihugu cyose kizasengera icyorezo cya coronavirus.
Nyuma yaho Prezida wa Uganda MUSEVENI asabye Abagande n'abandi batuye muri icyo gihugu mu kwezi kwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wavuze ko Covid-19 ari igihuha imugize umupfakazi !
Umushoferi wamamaye muri Leta ya Florida muri Leta zunze ubumwe za Amerika avuga ko Covid-19 ari igihuha , yabuze umugore we yishwe na Covid-19 none ararira ayo kwarika.
nyuma yogukerensa Covid-19 imugize umupfakazi
Brian Lee!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore ibihugu 10 kugeza ubu bitarageramo icyorezo cya coronavirus
Hafi ibihugu byose ku isi byamaze kugerwaho n'icyorezo cya Coronavirus, ariko hariho ibindi bigera ku icumi icyo cyorezo kitarakandagiramo. BAbigenza bate bo?
Palau, ikirwa kigoswe n'inyanja ya pasifika y'ubururu butsitse, ni ahantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Chantal uherutse kubengwa ku munsi w’ubukwe yiyemeje kugana inkiko zikemure ikibazo
Nyirarukundo Chantal wo mu Kagari ka Gisanga mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango, ku wa Gatandatu tariki ya 22 Kanama 2020 yari afite ubukwe bwo gusezerana imbere y’Imana na Ndagijimana Jean Paul, bari bamaze amezi atandatu!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagaragaye abarwayi ba Coronavirus 200 ku munsi umwe
Imibare yaraye itangajwe na ministeri y'ubuzima mu Rwanda iragaragaza ko abagera kuri 200 aribo baraye basanzwemo ubwandu bwa coronavirus kuri iki cyumweru taliki ya 23 Kanama 2020 mu bipimo 6,402 byafashwe. Uyu niwo mubare munini!-->!-->!-->…
OMS na UNICEF zasabye Leta zo muri Afrika gufungura amashuri abana bagasubira ku ishuri
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) n'iryita ku bana (UNICEF) yasabye leta z'ibihugu by'Afurika gushyiraho uburyo burimo kwirinda kuburyo amashuri yakongera gufungura imiryango muri iki cyorezo cya coronavirus.
!-->!-->!-->!-->!-->…
OMS yavuze ko mu myaka ibiri gusa Covid-19 ishobora kuba yabaye amateka
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yatangaje ko hari icyizere cy’uko icyorezo cya Covid-19 kizaba cyarangiye mu myaka ibiri.
Ibi yabitangarije i Genève mu Busuwisi, kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya 11 yadutse, Abagera ku 100 bamaze kwandura Ebola muri DR Congo
Hubatswe ibigo byo kuvuriramo Ebola
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima OMS, ritangaza ko abagera ku 100 bamaze kwandura indwara ya Ebola yongeye kwaduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ni umubare ukubye kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
MUGISHA Moise ukina umukino w’amagare yakoze impanuka ubwo yari ari mu myitozo Imana ikinga…
Bwana Moise ukina umukino w'amagare yakoze impanuka idakanganye ubwo yari arimo akora imyitozo mu Karere ka Kamonyi.
Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ubwo uno musore yari ari ku igare mu myitozo yakoreraga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu babyeyi batewe impungenge n’abana b’abangavu bakomeje guterwa inda muri ibi…
Bamwe mu babyeyi baravuga ko batewe impungenge n’imyitwarire ya bamwe mu ngimbi n’abangavu muri ibi bihe amashuri afunze, kuko basanga hatagize igikorwa inda ziterwa abangavu zishobora kuziyongera kurushaho.
Komisiyo y’igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Imbwa zo muri Koreya ya Ruguru ziri mu kaga nyuma y’aho prezida ategetse abazitunze kuzitanga…
Kubera ikibazo k'inzara cyatewe na Covid-19, prezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yategetse abaturage b'igihugu ke batunze imbwa kuzitanga bakazirya.
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Koreya ya Ruguru ku munsi w'ejo kuwa kane!-->!-->!-->!-->!-->…