Browsing Category
Ubuzima
Rulindo: Ukuri kose kuri Bwana GASASIRA uvuga ko yakubiswe na Etat Civil w’umurenge afatanije…
Ubuyobozi bw'Umurenge wa Buyoga bwahakanye amakuru yavugaga ko umukozi w'Umurenge afatanije na DASSO bakubise umuturage
Nyuma y'aho ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwije amakuru avuga ko kuri uyu wa mbere taliki ya 3 Ukwakira 2022 mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Uruhinja rw’umwaka 1 n’abandi 3 baguye mu mpanuka ya ambulance
Mu Karere ka Rusizi haravugwa impanuka ikomeye yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ihitana abantu bane harimo n'uruhinja rw'umwaka umwe.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere mu Karere ka Rusizi mu murenge wa Nyakabuye imodoka ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Zimwe mu mpirimbanyi z’uburenganzira bw’umugore n’umukobwa bamaganye irekurwa rya…
Zimwe mu mpirimbanyi z'uburenganzira bw'umugore n'umukobwa barasanga hari ingingo zitubahirije mu mikirize y'urubanza rwa Ndimbati rwashyizweho akadomo agizwe umwere.
Mu cyumweru gishize taliki ya 29 Nzeli 2022 nibwo urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gufatwa nk’ibitangaza,…zimwe mu mpamvu zituma abakinnyi ba ruhago bibasirwa…
Paul Pogba yemera ko yarwaye indwara y’agahinda gakabije ubwo yatozwaga na Jose mourinho mu ikipe ya Manchester united
Mu isi y’imikino no mu buzima busanzwe muri rusange hahora humvikana inkuru zitandukanye z’abantu bafashwe!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ndambiwe guhora mpaza igifu cy’abandi icyanjye kirimo ubusa” Amarira ya NIYO…
Umuhanzi Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco yavuze ko ubwamamare bwe ntacyo bumumariye ahubwo ko bwakijije abandi mu gihe we yumva yasubira mu bihe yarimo ataramamara.
Niyo Bosco usanzwe afite ubumuga bwo kutabona ariko akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Urubanza rwa Kabuga ushinjwa kuba ku bwonko bwa jenoside yakorewe abatutsi ruratangira none
Urubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside, wahoze ari umwe mu banyemari bakomeye mu Rwanda, ruratangira uyu munsi n'ejo kuwa gatanu nyuma y’imyaka ibiri afatiwe mu Bufaransa.
Kabuga ni umwe mu bantu bamaze imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
75% y’abagore batswe ruswa ishingiye ku gitsina, mu gihe abagabo batswe iyo ruswa ari 25% gusa
Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu 1,200 mu Rwanda bugaragaza ko abagore bagera kuri 75 ku ijana bavuga ko bahuye na ruswa ishingiye ku gitsina mu kazi, mu gihe abagabo ari 25 ku ijana.
Ibi ni bimwe mu byagaragajwe n’ubushakashatsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Vietnam: Umugore amaze imyaka 41 atunzwe n’amazi gusa
Umugore wo muri Vietnam witwa Ms. Ngon, avuga ko amaze imyaka igera kuri 41 atunzwe n’amazi yonyine, kuko yaretse ibyo kurya, rimwe na rimwe akayavangamo umunyu mukeya, isukari nkeya cyangwa se umutobe w’indimu.
Ms. Ngon ubu ufite!-->!-->!-->!-->!-->…
Hafashwe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro k’arenga Miliyoni 76Frw
Mu bikorwa byakozwe mu gihugu hose byahawe inyito ya 'Usalama VIII-2022' hafashwe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge, ibitemewe gucururizwa mu Rwanda n’ibya magendu bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 76.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyogajuru DART cyashwanyagurikiye mu kirere nyuma yo kugonga ikibuye
Icyogajuru Dart cyashwanyaguritse mu isanzure nyuma yo kugonga ikibuye (asteroid) mu butumwa cyari cyoherejwe kugerageza.
Uku kugongana kwari kugambiriwe kandi kugamije kureba niba amabuye yo mu isanzure yugarije kugonga isi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Yafatiwe mu cyuho amaze gusambanya abana babiri avuga ko ari Satani wabimuteye
Umugabo wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Murundi yafatiwe mu cyuho amaze gusambanya abana babiri barimo uw’imyaka itanu n’undi w’imyaka itandatu, avuga ko ari Satani wabimuteye.
Ibi byabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Nzeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Padiri Sostene akurikiranyweho gusambanya abana b’abahungu 10
Padiri Sostene ari mu maboko y'abashinzwe umutekano nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gusambanya abana 10 b'abahungu
Padiri SOSTENE SOKA wo mu gihugu cya Tanzaniya mu gace kitwa Moshi biravugwa ko nyuma y'igitutu cya rubanda yaba amaze!-->!-->!-->…
Gicumbi: Vuguziganya wayoboraga ikigo cy’ishuri bamusanze yimanitse ku mugozi yapfuye
Vuguziganya Dieudonné wari umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza cya Karambo giherereye mu Murenge wa Rushaki, yasanzwe amanitse mu mugozi ku wa 25 Nzeri yashizemo umwuka.
Umurambo we wabonetse mu nzu yari asanzwe acumbitsemo, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kera kabaye Apotre Mutabazi yakuwe mu nzu yari amaze igihe yaranze kwishyura ubukode
Mutabazi Kabarira Maurice umaze kumenyerwa nka Apôtre Mutabazi yasohowe mu nzu yakodeshaga, ashinjwa kumara amezi menshi atayishyura kandi yarafungiranyemo ibikoresho bye.
Benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupolisi yishe uwari umugore we nawe ariyahura nyuma yo kumenya ko agiye kumusimbuza undi mugabo
Umupolisi wo muri Zambia w’imyaka 29, Albert Kamasumba yarashe kugeza yishe uwahoze ari umugore we, Deborah Kasakula, mbere yo kwiyahura.
Bwana Kamasumba arashinjwa kwica uyu wahoze ari umugore we, Deborah, mu rugo rw’ababyeyi be ku!-->!-->!-->!-->!-->…