Browsing Category
Ubuzima
Musanze: Umugore yafatiwe mu cyuho ari gukopera ikizami cya Leta yifashishije whatsapp
Umugore yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa akekwaho icyaha cyo gukopera ikizamini cya Leta yakoraga, yifashishije telefone.
Uyu wakoraga ikizamini cya Leta nk’umukandida wigenga, ubwo yarimo agikorera ku Kigo cy’Ishuri cya ESIR!-->!-->!-->!-->!-->…
New Zealand: Minisitiri w’ubutabera yeguye nyuma yo gufatwa ‘atwaye yasinze’
Minisitiri w’ubutabera wa New Zealand yeguye ku mwanya we nyuma yo gupimwa inzoga bagasanga yanyweye izirengeje igipimo cyemewe.
Kiri Allan w’imyaka 39, yashinjwe uburangare mu gutwara no kunaniza abaje kumufata.
Uyu mugore ni!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi: Abanywi b’inzoga n’abafite umubyibuho ukabije bari kwiyongera cyane
Minisiteri y'Ubuzima yagaragaje ko abafite umubyibuho ukabije biyongereye bava ku ijanisha bariho rya 2.8% muri 2013 bagera ku ijanisha rya 4.3% muri 2022.
Iyi minisiteri ivuga kandi ko abanywa inzoga biyongereye bava ku ijanisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Abubakaga isoko rya Rango bazindukiye mu myigaragambyo
Abakozi bari kubaka isoko rya Rango riherereye mu Karere ka Huye baramukiye mu gisa nk'imyagaragambyo bavuga ko badashobora gukomeza iyo mirimo y'ubwubatsi nyuma y'aho rwiyemezamirimo watsindiye isoko ryo kubaka iryo soko rya Rango!-->!-->!-->…
Rulindo: Umwalimu witwa Josue yiyahuje supanet n’umuti wica imbeba.
Umwalimu witwa Josue bamusanze yapfuye mu nzu yari acumbitsemo, birakekwa ko yaba yiyahuye akoresheje umuti wica imbeba.
Umwalimu witwa Josue ABIKUNDA wigishaga kuri GS Kanyinya, mu Karere ka Rulindo yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare 3,000 ba RDF basoje inyitozo ihanitse
Abasirikare barenga 3,000 mu Ngabo z’u Rwanda barimo Abofisiye Bakuru, Abofisiye Bato n’andi mapeti, basoje amahugurwa yo ku rwego ruhanitse ahabwa ingabo zirwanira ku butaka, mu Kigo cy’imyitozo y’ibanze ya Gisirikare cya Nasho!-->!-->!-->…
Gasabo: Umunyerondo yatewe urubuye mu mutwe ahita apfa ako kanya
Umunyerondo yatewe urubuye mu mutwe arapfa ubwo we na bagenzi be bageragezaga gutesha abajura bari bavuye kwiba.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu taliki ya 28 Kamena abajura bishe umugabo witwa Nkeshimana Celestin wari usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Mugisha Frank wamamaye nka VD Frank yitabye Imana azize indwara y’umwijima
Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime Mugisha Frank wamamaye ku mazina ya VD Frank muri muzika yitabye Imana.
Inkuru y'urupfu rw'uyu mukinnyi wa za filime ndetse wakanyujijeho muri muzika nyarwanda yamenyekanye ku mugoroba wo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umugabo yiyahuranye n’umwana we kubera gufuhira umugore we
Umugabo w’imyaka 23 wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Mugesera, yiyahuranye n’umwana we w’amezi arindwi mu kiyaga cya Mugesera nyuma yo kurwana n’umugore we amuziza kumufuhira ku bandi bagabo.
Ibi byabereye mu Mudugudu w’Inunga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umukobwa w’imyaka 15 yakubiswe n’inkuba arapfa
Mu mvura yaguye mu ijoro rishyira itariki ya 24 Kamena 2023, inkuba yakubise umwana w’umukobwa w’imyaka 15 witwa Tuyubahe, wo mu Kagari ka Muhabura, Umurenge wa Nyange mu Karere ka Musanze ahita apfa.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umuntu umwe yaraye ahitanywe n’imvura
Amazi y’Imvura yaraye igwa mu bice bitandukanye by’Akarere ka Musanze cyane cyane mu bice byegereye ibirunga yahitanye umwana w’imyaka 15 inangiza inzu 11 n’imyaka y’abaturage.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwemeye ubujurire ku cyemezo cy’uko Kabuga adashobora gukomeza kuburanishwa
Urugereko rw'i La Haye mu Buholandi rwasigaye ruca imanza zasizwe n'urwari urukiko mpuzamahanga rw'Arusha rwemeye ubujurire bw'ubushinjacyaha n'ubwunganizi bwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yabaye mu Rwanda mu 1994.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mugore wo mu Ruhango uherutse kwica mugenzi we, yafatiwe i Kigali
Wa mugore wo mu Karere ka Ruhango uherutse kwica umugore mugenzi we amuziza kwifunga umugabo we, yafatiwe mu mujyi wa Kigali aho yari yahungiye.
Umudamu witwa MUSANABERA wo mu Karere ka Ruhango, umurenge wa Bweramana, mu kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abarema isoko rya Rwimiyaga barasaba ko risanwa
Abarema isoko rya Rwimiyaga riherereye mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, barasaba ko ryakubakwa bundi bushya, kuko irihari ryangiritse cyane ndetse rikaba ari rito.
Abacuruzi barenga 600 ni bo bacururiza muri iri soko!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Yagerageje kwica umugore we, byanze ariyahura
Umugabo witwa Jean Bosco yiyahuye nyuma y'aho agerageje kwica umugore we amutemye ariko ntapfe ahubwo agakomereka.
Mu Karere ka Musanze haravugwa inkuru y'umugabo witwa Jean Bosco NZEYIMANA yapfuye yiyahuye kuri iki cyumweru nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…