Browsing Category
Ubuzima
Perezida Kagane yihanganishije umuryango wa Depite Rwigamba
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatanze ubutumwa bwihanganisha inshuti n’umuryango ba Nyakwigendera Depite Fidèle Rwigamba witabye Imana ku wa 15 Gashyantare azize uburwayi.
Depite Rwigamba wari ugejeje ku myaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amayobera ku mugeni wituye hasi mbere ya padiri bikavugwa ko yarozwe
Amagambo akomeje kuba menshi nyuma y'aho umugeni yituye hasi kuri arutali imbere ya padiri ubwo yari arimo amusezeranya n'umugore we.(Photo:Igihe.com)
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 18 Gashyantare 2023 mu Karere ka Nyanza kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutangabuhamya yavuze uburyo interahamwe za Kabuga Felicien zishe abatutsi ku Kimironko
Iburanisha mu rubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yabaye mu Rwanda mu 1994 ryakomeje kuri uyu wa kabiri, umutangabuhamya amushinja ko "mu gipangu cye" cyo ku Kimironko i Kigali bivugwa ko Interahamwe zahakoreraga!-->!-->!-->…
Agahinda n’umubabaro by’umwana w’umusore wanyoye nzoga yitwa “Kibamba”…
Umwana w'umusore witwa Kevin amaze imyaka irenga itatu yarahumye nyuma y'uko we na bagenzi babiri banyoye inzoga yitwa "Kibamba"
Kimwe mu bintu bishimisha umubyeyi wagiriwe amahirwe n'umugisha wo kubona urubyaro, ni ukubona abo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Hashyizwe udukingirizo ahantu hose hahurira abantu benshi
Mu rwego rwo gukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA, indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye no gukumira inda ziterwa abangavu, muri santere zihuriramo abantu benshi mu Karere ka Kirehe hatangiye gushyirwa ahantu!-->!-->!-->…
Kayonza: Imiryango 211 yasezeranye imbere y’amategeko
Mu cyumweru kimwe, mu kwezi k’ubukangurambaga bwahariwe isuku n’isukura, kurwanya igwingira mu bana no kugabanya amakimbirane mu miryango, kirangiye hasezeranye imbere y’amategeko, imiryango 211 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko.
!-->!-->!-->!-->…
Isomwa ry’Urubanza rwa Dr Kayumba Christopher ryasubitswe
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse isomwa ry’Urubanza ruregwamo Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, ukurikiranyweho ibyaha byo gusambanya ku gahato n’ubwinjiracyaha muri icyo cyaha.
!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buhinde: Abaturage basabwe kwizihiza ‘Saint Valentin’ bahobera inka
Ikigo cya Leta y’u Buhinde gishinzwe imibereho myiza y’inyamaswa cyasabye abaturage b’iki gihugu ko ku wa 14 Gashyantare ubwo hazaba hizihizwa Umunsi w’abakunda uzwi nka ‘Saint Valentin’ , umwanya wabo bazawukoresha bahobera inka aho!-->!-->!-->…
U Rwanda, UNHCR na EU bavuguruye amasezerano yo kwakira impunzi ziturutse muri Libya
Umuryango w'Ubumwe bw'Uburayi ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR hamwe na Leta y’ u Rwanda, batangije icyiciro cya kabiri cy'ubufatanye ku masezerano y’imyaka 3 yo kwakira impunzi ziva muri Libya!-->!-->!-->…
Abasenateri basabye MINALOC kongera uruhare rw’abaturage mu igenamigambi ry’ibibakorerwa
Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu (MINALOC) iravugako kuva mu mwaka wa 2018 imaze kwakira ibitekerezo by'abaturage ku igenamigambi ry'ibibakorerwa, bigera ku 10,957. Ikavuga ko kuba hari ibitarakorwa kandi byaratanzwe byatewe!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugore arashinjwa kwica umugabo we afatanyije n’abana
Umugore wo mu Karere ka Gicumbi akurikiranyweho kwica umugabo we afatanyije n’abana be maze bakajugunya umurambo mu musarane.
Dosiye iregwamo umugore n’abana be babiri yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuzima bushaririye bw’urushako rubi Umunyamakuru Bright Turatsinze yanyuzemo
Umunyamakuru ukunzwe cyane Bright Turatsinze yavuye imuzi ubuzima bwe bushaririye yanyuzemo kubera urushako rubi yagize.
Biratangaje ko wabona umuntu ukurikirana ibiganiro kuri radio y'igihugu atazi izina Bright Turatsinze, uyu ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yiyahuriye mu nzu y’umukunzi we nyuma y’uko yanze ko biyunga
Umusore w’imyaka 26 y’amavuko yiyahuriye mu nzu y’umukobwa bakundanaga ahitwa Dagoretti Corner i Nairobi.
Ikinyamakuru Umuryango.com dukesha iyi nkuru kivuga ko Uyu musore witwa Christopher Muiruri yasanzwe mu mugozi yiyahuriye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore wo muri Brazil yafatiwe ku ngufu mu busitani bwo kuri Tour Eiffel
Abagore babiri bo muri Brazil bavuze ko bahohotewe bishingiye ku gitsina n’abagizi ba nabi ku munara wa Eiffel mu Bufaransa.
Aba bakobwa bari mu biruhuko aho kuwa Gatandatu basuye akabari kamwe ko kuri uyu munara bahahurira!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Bwana Sindayigaya yakubiswe n’inkuba ubwo barimo kumwogosha
Umugabo witwa Sindayigaya Cyprien yaraye akubiswe n'inkuba arapfa ubwo yari arimo kwiyogoshesha muri salon.
Mu Karere ka Nyanza, umurenge wa Mukingo, mu kagali ka Ngwa, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Cyprien Sindayigaya waraye!-->!-->!-->!-->!-->…