Browsing Category
Ubuzima
Akarere ka Nyanza kaje ku isonga mu turere dufite abana benshi bataye ishuri
Akarere ka Nyanza kayoboye utundi turere mu kugira umubare munini w'abana bataye ishuri.
Isesengura n’Abasenateri ryagaragaje ko uturere tugifite abana benshi batari bajya ku ishuri kugeza ubu, ku isonga hakaza uturere twa Nyanza,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uruhinja rukivuka rwavanywe munsi y’inzu yashenywe n’umutingito
Uruhinja rukivuka rwavanywe munsi y’ibisigazwa by’inzu yashenywe n’umutingito kuwa mbere mu majyaruguru ya Syria.
Nyina yagiye ku bise nyuma gato y’icyo cyago maze arabyara ariko ahita apfa, nk’uko umuvandimwe we abivuga.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwongereza: Abasaga ibihumbi 10 bazindukiye mu myigaragambyo basaba kongezwa umushahara
Abaforomo babarirwa mu bihumbi icumi n’abakora ku mbangukiragutabara mu Bwongereza, kuri uyu wa Mbere biyunze ku baganga mu myigaragambyo, mu gihe ibiganiro na Guverinoma ku kubagenera umushahara ukwiriye bikomeje kugorana.
Ni mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Padiri Phocas uherutse gushinja Kiliziya Uburyarya agiye gusezerana n’uwo yihebeye muri ADEPR
Nyuma yo kwandika urwandiko rwo gusezera ku muhamagaro yari yarasezeranye, padiri Phocas yamaze gushyira hanze impapuro z'ubukwe azakorera mu itorero rya ADEPR.
Mu mpera z'umwaka ushize mu kwezi k'ukuboza 2022 nibwo Indorerwamo.com!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Indege ya MONUSCO yarashweho umwe ahasiga ubuzima, undi arakomereka
Ingabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro muri DRC zatangaje ko indege yabo yarashweho n'abantu bataramenyekana, umuntu umwe akahasiga ubuzima undi nawe akaba yakomeretse bikabije.
Babinyujije ku rukuta rwabo rwa Twitter,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari umaze kwica abagera kuri 6 abaciye imitwe yavuze ko ari ibisazi yarozwe
Polisi y'u Rwanda yerekanye umugabo wiyemerera kuba yarishe abantu bagera kuri batandatu abaciye imitwe, ariko we akavuga ko ari ibirozi bamuroze byamutegekaga kubica.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumeru taliki ya 5 GAshyantare 2022,!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yerekanye umugabo ukurikiranyweho kwica abantu abaciye imitwe
Polisi y'igihugu yatangaje ko yataye muri yombi Bwana Usto wihimbye Youssouf, uyu mugabo akurikiranyweho icyaha cyo kwica abantu abanje kubaca imitwe, uyu mugabo yafatanywe ama terefoni atatu y'abantu yishe.
Polisi y’u Rwanda kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Bashwaniye ku murenge bananiwe kumvikana ku micungire y’umutungo
Umusore n’umukobwa bo mu karere ka Karongi, batonganiye ku murenge bananiwe kumvikana ku buryo bazacunga umutungo wabo nyuma yo gusezerana.
Byabereye ku biro by’umurenge wa Bwishyura kuri uyu wa 3 Gashyantare 2023.
Ubwo ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umushoferi wagonze umunyamakuru Ntwali yagejejwe imbere y’ubutabera
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Bagirishya Moise Emmanuel, ukurikiranyweho icyaha cyo kugonga moto yari itwaye umunyamakuru Ntwali John Williams akitaba Imana.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa yamaganye ibihugu by’ibihangange binyunyuza umutungo wa Congo
Nyir'ubutungane papa Fransisko waraye utangiye urugendo rwe muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo, yamaganye ibihugu by'ibihangange binyunyuza umutungo kamere wa Congo, abisaba gukura akaboko kabo muri icyo gihugu
Umushumba!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa
Icyegeranyo cya 2022 cy’Umuryango Transparency International (Corruption Perceptions Index/CPI) cyahaye u Rwanda amanota 51% ku Isi mu bijyanye no kutagira ruswa, mu gihe muri 2018 rwari rwagize 56. U Rwanda kandi rwaje ku mwanya wa 54!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umugabo ukurikiranyweho kwiyicira umugore
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha akekwaho kwica umugore nawe uri mu kigero cy’imyaka 40.
Mu gitondo cyo kuri iki cy’umweru tariki ya 29 Mutarama 2023, mu Murenge wa Rutunga, Akagari k’i!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC na Somalia ku rutonde rw’ibihugu birangwamo umutekano muke ku isi
Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Somaliya buaje ku rutonde rw'ibihugu 20 birangwamo umutekano muke ku isi.
Mu bihugu bitandukanye ku isi haracyarangwa intambara, amakimbirane n’ibindi bibuza abantu gutekana, icyegeranyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Leta yahagurukiye ikibazo cy’abasinzi itegeka ko umujyi umwe utarenza akabare kamwe
Leta ya Kenya yavuze ko yahagurukiye ikibazo cy'ubusinzi bukabije muri icyo gihugu, itegeka ko utubare tugabanywa ku buryo buri mujyi utagomba kurenza akabare kamwe.
Leta ya Kenya yatangaje ko imaze guhagurukira ikibazo cy'ubusinzi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umukobwa wigaga mu mwaka wa 2 mu yisumbuye yasanzwe mu mugozi yapfuye
Mu Karere ka Rusizi, Murenge wa Gihundwe mu haravugwa amakuru y'umwana w'umukobwa ufite imyaka 16 wasanzwe yimanitse mu mugozi bgakekwa ko yaba yiyahuye.
Amakuru atugeraho avuga ko uno mwana w'umukobwa yari umunyeshuri mu mwaka wa!-->!-->!-->!-->!-->…