Browsing Category
Ubuzima
Nyanza: Minisitiri w’uburezi yashimye isuku n’imikorere myiza irangwa muri Ecole des…
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda yashimiye ubuyobozi bwa Ecole des Siences de Nyanza ku muco wo kwimakaza isuku muri icyo kigo n'imikorere inoze hagati y'abayobozi n'abakozi yahasanze
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 18 Mutarama 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
Isomwa ry’urubanza ry’abashinjwa kwiba muri IPRC Kigali ryasubitswe.
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse isomwa ry’urubanza ruregwamo abantu 19 barimo Umuyobozi Mukuru wa IPRC Kigali, Eng. Mulindahabi Diogène bakurikiranyweho ibyaha by’ubujura bw’ibikoresho by’ishuri.
Isomwa ry’uru rubanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Madame Christina yishe mugenzi we amuziza gushaka kumutwarira umugabo
Umugore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Kanungu muri Uganda yafunzwe akurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa mugenzi we w’imyaka 30 bapfa umugabo.
Umuturage wo mu cyaro cya Mukono, Ester Kyumuhendo, yasanzwe yapfuye aho bikekwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Inama 15 zagufasha gukomeza urugo rwawe ukabana n’uwo mwashakanye mu munyenga
Abashakanye bifuza kuremya urugo bagahorana umunezero bagomba guharanira kubaho bakora ibintu 15 tugiye kubagezaho muri inkuru.
Abahanga mu bijyanye n'Iyobokamana bavuga ko urugo rwiza ari Ijuru rito. Benshi bakunda kuvuga ko urugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashinwa bagabanutse cyane bwa mbere kuva mu 1961
Ku nshuro ya mbere mu myaka 60 ishize umubare w’abaturage b’Ubushinwa wagabanutse, ugera ku kigereranyo gito kurusha ibindi cyababayeho 6.77 babyara ku bagore 1,000.
Abaturage b’Ubushinwa mu 2022 bari miliyari 1.4!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyumweru 2 birashize Ineza Junior wigaga muri INES Ruhengeri aburiwe irengero
Ibyumweru bibiri birihiritse Ineza Bruce Junior umunyeshuri wo mu Ishuri Rikuru ry’Ubumenyingiro, INES Ruhengeri aburiwe irengero na n’ubu ababyeyi be bakaba nta makuru y’aho yaba aherereye bafite.
Uyu musore w’imyaka 25 wiga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umurambo wa wa mwana wari waraburiwe irengero bawusanze mu murima w’ibigori
Umwana w’umuhungu wo mu Karere ka Kayonza wari ufite imyaka irindwi wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero, yasanzwe mu murima w’ibigori yarapfuye, inzego z’umutekano zihita zitangiza iperereza kugira ngo hamenyekane icyamwishe.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nepal: Abagenzi bagera kuri 72 batikiriye mu mpanuka y’indege
Indege itwaye abantu 72 yahanutse hafi y’ikibuga cy’indege hagati muri Nepal yica abagenzi bagera kuri 68 kugeza ubu bamaze kuboneka, nk’uko abategetsi babivuga.
Indege ya Yeti Airlines yari ivuye ku murwa mukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Abaturage barishimira Igabanuka ry’igwingira mu bana ku rugero rwa 13%
Abatuye Umujyi wa Kigali baravuga ko mu gihe hasigaye umwaka umwe ngo bagere ku cyerekezo cy’igihugu cya 2024 giteganya ko igwingira mu bana ryaba ryavuye kuri 32% rikagera kuri 19%, bashyize imbaraga mu bukangurambaga no guhanga!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo yiyahuje umuti buhagiza amatungo nyuma y’uko atawe n’umugore we
Mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’umugabo ukekwaho kwiyahura nyuma yuko atawe n’umugore we babanaga batarasezerana.
Uyu mugabo w’imyaka 24 arakekwaho kwiyahura akoresheje umuti wica udukoko wifashishwa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Ntagakiza wakoraga akazi k’ubukarani yapfiriye imbere ya farumasi agiye kugura ibinini
Umugabo w'imyaka 46 yakoraga akazi ko kwikorera imitwaro n'imizigo ku mutwe yapfiriye ku muryango wa farumasi agiye kugura ibinini.
Umugabo witwa Ntagakiza Leonard w'imyaka 46 y'amavuko yapfiriye imbere ya farumasi aho yari agiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zavuye abaturage ku buntu
Itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Santrafurika (MINUSCA), zatanze serivisi z’ubuvuzi ku buntu ku barwayi 54.
Iki gikorwa cyabaye ku wa Gatanu tariki 13 Mutarama 2023, gikozwe!-->!-->!-->…
Inka 39 zari zibwe muri Uganda zasubijwe nyirazo
Kuri uyu wa Gtanu tariki ya 13 Mutarama 2023, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gatunda, Akarere ka Nyagatare, bwashyikirije Gakwaya William, umuturage wa Mpororo mu Gihugu cya Uganda, inka 39 yari yibwe zigafatirwa mu Rwanda.
Ku wa Gatatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof. Kalisa Mbanda wigeze kuyobora komisiyo y’amatora yitabye Imana.
Prof Kalisa Mbanda wayoboye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Mutarama 2023, aguye mu bitaro bya Gisirikare bya Kanombe.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza, yabwiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Noble Uzuchi w’imyaka 17 akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no gutera inda abagore 10 bose
Umusore w’imyaka 17 uzwi ku mazina ya Noble Uzuchi wo muri Nigeria, akurikiranyweho kuba yarateye inda abagore bagera ku icumi (10), ubu akaba ari mu maboko y’inzego z’umutekano, aho yafatanywe n’undi uvugwaho ubufatanyacyaha witwa!-->!-->!-->…