Browsing Category
Ubuzima
Malawi: Abantu basaga 1,000 bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Kolera
Minisiteri y’Ubuzima muri Malawi, yatangaje ko abamaze kwicwa n’icyorezo cya kolera muri icyo gihugu basaga 1000, uhereye igihe cyadukiye muri Werurwe 2022.
Abamaze kwandura icyo cyorezo kuva cyadutse muri icyo gihugu, bagera ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Abatuye muri Muhanga bemeye kwita ku mutekano w’ikiraro gishya kibahuza n’abo muri Gakenke
Abatuye mu Murenge wa Rongi mu karere ka Muhanga, bemereye ubuyobozi ko bagiye kwita ku mutekano w’ikiraro gishya kibahuza n’abo hakurya mu wa Ruli mu karere ka Gakenke.
Amezi yari agiye kuba icyenda hitabazwa ubwato mu kwambuka!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umurambo w’uruhinja rwatoraguwe mu gikapu
Mu karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera hatoraguwe umurambo w’uruhinja uri mu gikapu.
Uyu murambo watoraguwe mu mudugudu wa Kabeza mu kagari ka Kibilizi kuri uyu wa 26 Mutarama 2023.
Ababonye uyu murambo, bavuga ko ushobora!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Imirambo y’abana babiri yasanzwe mu gihuru nyuma y’iminsi itatu baburiwe irengero
Imirambo ibiri y’umwana w’imyaka 12 n’uwa 17 yasanzwe mu gihuru mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, nyuma y’iminsi itatu baburiwe irengero.
Babasanze mu Mudugudu wa Micinya, Akagari ka Micinya, Umurenge wa Mudende, Akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Umushumba wa kiliziya gatolika ku isi yasabye abapadiri kujya bemera gusezeranya abahuje ibitsina
Umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa Faransisko arasanga abaryamana bahuje ibitsina badakwiye gukumirwa mu bandi bityo ko bakwiye kujya bahabwa isakaramento yo gushyingirwa nk'abandi.
Umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa!-->!-->!-->!-->!-->…
Pst Claude uherutse guhanura ifungurwa rya Bamporiki yahawe urw’amenyo
Ubuhanuzi bwa Pasiteri Niyonzima Claude, wavuze ko Imana yamweretse ko Bamporiki Edouard atazafungwa, bwahawe urw’amenyo ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’aho bubaye ikinyoma ndetse akagaruka yivuguruza.
Mu cyumweru gishize nibwo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamporiki yongerewe umwaka w’igifungo mu bujurire
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Umuco, yakatiwe imyaka itanu y’igifungo nyuma yo kujuririra igifungo cy’imyaka ine yakatiwe n’urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, akaba yarajuririye Urukiko Rwisumbuye rwa!-->!-->!-->…
Iran: Abaturage batunguwe no kumva uwishe umugore we amuciye umutwe akatirwa gufungwa imyaka umunani
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Iran yahamwe n'icyaha cyo kwica umugore we amuciye umutwe, ahanishwa gufungwa amezi umunani mu gihe urukiko rwagombaga kumuhanisha igihano cyo kwicwa.
Uwo mugabo witwa Sajjad Heydari, yahamijwe!-->!-->!-->!-->!-->…
UK: Minisitiri w’intebe agomba guhanwa kubera gutwara imodoka atambaye umukandara
Minisitiri w'Intebe w'u Bwongereza yiteje ibihano bya Polisi kubera amashusho yashyize ku rubuga rwa Instagram agaragaza ko yakoze ibibujiwe abagenda mu modoka.
Polisi y'Igihugu yo mu Bwongereza, yafashe uyu mwanzuro wo guhana Rishi!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroune: Umunyamakuru Martinez wari waraburiwe irengero basanze yapfuye
Umunyamakuru wa radio uzwi cyane muri Cameroun basanze umurambo we hanze gato y’umurwa mukuru Yaoundé nyuma y’uko abuze mu gisa no gushimutwa kuwa kabiri ushize.
Martinez Zogo yari umukuru wa Radio yigenga yitwa Amplitude FM!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Umuntu 1 yahitanywe n’impanuka ya Coaster yagonganye na RAV4
Mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Gashenyi, Akagari ka Nyacyina umudugu wa Ruhore, kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Mutarama 2023, habereye impanuka y’imodoka ya Toyota RAV4 yagonganye na Coaster itwara abagenzi, umuntu umwe ahita!-->!-->!-->…
Umugore wa Jose Chameleone arasaba polisi guta muri yombi umugabo we
Daniella Atim umugore wa Jose Chameleone yakamejeje ku mbuga nkoranyambaga asabira ibihano umugabo we wagaragaye akubita umumotari.
Daniella Atim utihanganira ihohoterwa iryo ariryo ryose abinyujije ku rubuga rwa Instagram yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’ingabo Maj Gen Murasira yakiriye itsinda rya EU
Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira ari kumwe n’umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, General Jean Bosco Kazura bakiriye ku cyicaro gikuru cya minisiteri y’ingabo, itsinda ry’intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi zari!-->!-->!-->…
Gabon: Minisitiri yapfuye agiye mu nama isanzwe y’abaminisitiri
Michaël Moussa Adamo wari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yapfuye kuri uyu wa Gatanu, nyuma yo guhagarara k’umutima ubwo yari mu nama y’abaminisitiri.
Uyu mugabo w’imyaka 62, Jeune Afrique yatangaje ko ari umwe mu bayobozi bari!-->!-->!-->!-->!-->…
U Budage bwiteguye kugarura mu Rwanda uduhanga tw’abantu 904
Ubuyobozi bw’Inzu Ndangamurage y’u Budage bwatangaje ko bwiteguye kugarurira u Rwanda n’ibindi bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba uduhanga 1,135 nyuma y’imyaka irenga 100 tuba muri iyo nzu.
Abahanga mu bya Siyansi!-->!-->!-->!-->!-->…