Browsing Category
Ubuzima
Christopher Kayumba yasabye urukiko kwemeza ko ibyo ashinjwa byose ari ibihuha, maze agafungurwa
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko gukatira imyaka 10 Dr Chistopher KAYUMBA ku byaha akurikiranyweho byo gushaka gufata ku ngufu umwe mu banyeshuri yari ashinzwe kwigisha.
Umushinjacyaha yasabiye Christopher Kayumba wahoze ari umwarimu!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwafashe ingamba zo gukumira “Cholera” iri kuvugwa mu gihugu cy’Uburundi
Mu gihe icyorezo cya Kolera kivugwa mu bihugu by’abaturanyi by’u Burundi, Tanzaniya, Malawi ndetse na Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda rwashizeho ingamba zo gukumira iki cyorezo.
Amakuru atangwa n’Ikigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Bikanze Polisi bariruka, bata moto n’igikapu cyuzuye urumogi
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano, iz’ibanze n’abaturage yafashe udupfunyika tw’urumogi 1295, turimo 920 twafatiwe kuri moto nyirayo amaze gucika na 375 twafatanywe umuturage mu bikorwa bitandukanye byabereye mu!-->!-->!-->…
Kigali: Yagiye gukiza imvururu zaberaga mu kabare birangira ariwe uhasize ubuzima
Nsengiyumva Vincent w’imyaka 50, usanzwe akora akazi ko gucunga umutekano mu Mudugudu (irondo ry’umwuga )yapfiriye mu mvururu, ubwo yari agiye gukiza imirwano yariri kubera mu kabari.
Ibi byabaye mu rukerera rwo kuwa kabiri tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: 12 bakekaga ko bahumanyijwe n’inyama bariye bavuye mu bitaro
Abaturage bo mu Murenge wa Kaniga mu Karere ka Gicumbi, bari batashywe n’ubwoba nyuma yo kubona bamwe muri bo (12) bafatwa n’indwara yo munda, bakeka ko babitewe n’inyama z’inka bari bamaze iminsi bariye.
Ni amakuru yari amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
“Indaya i Paris” Turahirwa Moses yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Turahirwa Moses washinze inzu ihanga imideli ya Moshions yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza abamukurikira ifoto ahagaze ahitegeye umunara wa ‘Tour Eifel’ acigatiye isigara (itabi) arenzaho amagambo agira ati!-->!-->!-->…
Kayonza: Umwana w’imyaka irindwi yishwe n’umuvu
Umwana w’imyaka irindwi wo mu Karere ka Kayonza wigaga mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza, yishwe n’umuvu w’amazi watewe n’imvura nyinshi yaguye muri aka Karere.
Uyu mwana yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Abanyamakuru 6 batawe muri yombi bazira amashusho yagaragaje Perezida yihindanyije
Abanyamakuru batandatu bakorera Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamuru rwa Sudani y’Epfo batawe muri yombi aho bakurikiranyweho ibijyanye n’amashusho aherutse gusakazwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Perezida Salva Kiir yinyariye.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Abana babiri bapfiriye mu nzu bazize imbabura
Abana babiri b’abahungu, basanzwe mu nzu bamaze gushiramo umwuka, bikaba bivugwa ko abo bana bazize imbabura nyina yari yasize mu nzu yaka.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Rusumo mu Murenge wa Butaro, Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Leta irashinja u Rwanda koshya abatutsi b’Abakongomani guhunga
Imibare itangazwa na Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) igaragaza ko guhera mu kwezi k’Ugushyingo Umwaka ushize, u Rwanda rwakiriye impunzi z’Abanyekongo bakabakaba 2,100 baje bahunze ingaruka z’imirwano ikomeje hagati!-->!-->!-->…
Abasaga 200,000 bamaze gusura isanduku ya Papa Benedigito mu minsi itatu gusa
Abantu hafi 200,000 bamaze gutambuka imbere y’isanduku irimo umurambo wa Papa Benedict XVI mu minsi itatu ishize bamusezeraho, nk’uko Vatican ibivuga.
Umurambo we urashyingurwa none kuwa kane.
Papa Francis niwe uri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Musenyeri Aupetit wabaye Arikiyepiskopi wa Paris arakekwaho ihohotera rishingiye ku gitsina
Musenyeri Michel Aupetit wabaye Arikiyepiskopi wa Diyosezi ya Paris mu Bufaransa ari gukorwaho iperereza ku ihohotera rishingiye ku gitsina bivugwa ko yakoreye umwe mu bagore bo muri iki gihugu.
Ku wa Kabiri tariki 3 Mutarama 2023!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mukobwa washinjwaga gusambanya agasore k’imyaka 17 yahamijwe icyaha arakatirwa
Umukobwa w'imyaka 35 uherutse gufatirwa mu cyuho aryamanye iwe n'umwana w'umusore w'imyaka 17 yahaijwe icyaha akatirwa igifungo cy'imyaka 25.
Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022 urukiko rwisumbye rwo mu KArere ka Huye rwahanishije igifungo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarundi bahungiye mu Rwanda banze intashyo za Perezida Ndayishimiye
Kuri uyu wa Kabiri, itsinda ryoherejwe na Guverinoma y’u Burundi mu gushishikariza Abarundi bahungiye mu Rwanda gutahuka ku bushake, ryasuye Inkambi ya Mahama kuri ubu icumbikiye Abarundi barenga 39,000 bahungiye mu Rwanda mu mwaka wa!-->!-->!-->…
Menya ibyajuririwe n’abunganira Bamporiki mu rukiko.
Abunganira Edouard Bamporiki barasanga umukiliya wabo yaritwaye neza imbere y'urukiko bityo ko igihano yahawe cyasubikwa ndetse agakurirwaho ibindi byaha agasigarizwaho kimwe gusa.
Edouard Bamporiki wahoze ariumunyamabanga wa leta!-->!-->!-->!-->!-->…